wex24news

akomeje ku mwanikira mu bahabwa amahirwe yo kuyobora Amerika

Donald Trump akomeje kuza imbere ya Joe Biden uyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu bahabwa amahirwe yo kuzatsinda amatora ateganyijwe mu mpera z’uyu mwaka.

Trump ahabwa amahirwe angana na 45.8% yo gutsinda mu gihe Biden afite 44%, bivuze ko Trump arusha Biden amahirwe arenga 1.5%

Kugira ngo utsindire kuyobora Amerika, bisaba kuba wakusanyije abahagarariye za Leta bagera kuri 270.

Amatora ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika azaba tariki 5 Ugushyingo 2024.

Ni ubwa mbere umuntu wigeze kuba Perezida agaragaje gushyigikirwa cyane ku kigero ashyiramo umwitangirizwa munini hagati ye n’uwo bahanganye.