wex24news

Ubukwe bwe bwamwunze n’uwari inshuti ye magara

Nyuma y’igihe kirekire umuhanzi Davido adacana uwaka na Amaju Pinnick, wahoze ari Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Nigeria bari inshuti magara.

Biravugwa ko biyunze ndetse yamutumiye no mu bukwe bwe. Aba bombi bigeze kujya mu nkiko mu 2023 Pinnick ashinja Davido kutaririmba mu gitaramo yari yamutumiye yanamwishyuye.

Npfl

Davido uri mu bakomeye muri Nigeria ari kwitegura gusezerana na Chioma bamaze igihe bakundana ndetse banabyaranye. Amakuru y’ubukwe bwa Davido avuga ko bushobora kuzaba ku wa 25 Kamena 2024.

IMG_3456