wex24news

Umunya-Nigeria David Chimezie yasinyishijwe na Police FC

Police FC yamaze gusinyisha amasezerano y’imyaka ibiri myugariro w’Umunya-Nigeria David Chimezie wakiniraga Enugu Rangers IFC.

Ku wa Mbere, tariki ya 1 Nyakanga 2024, ni bwo David Chimezie yageze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali aho yari agiye mu biganiro bya nyuma na Police FC.

Usibye iyo kipe kandi uyu mukinnyi yanyuze muri Warri Wolves FC