wex24news

yihakanye abebe wavuze ko bamaze imyaka bakundanda

Ice Prince uri mu baraperi bazwi muri Africa, yavuze ko atiteguye kujya mu rukundo rw’igihe kirekire, ibi akaba abitangaje nyuma y’uko Moet Abebe atagaje ko bamaze imyaka igera kuri 12 bakundana.

Moet yagize ati”imyaka 12 tutanyeganyezwa, ndacyari kumwe na we nka supagulu icyamamare cyanjye”.

Nyuma yibyo Ice Price yatangaje ko kubona urukundo nyarwo byakomeje kumubana ingorabahizi kuko inekerezo ze zititeguye kurujyamo.

Uyu muraperi yavuze ko atifuza kuba afite umugore nyuma yibihe bikomeye aba anyuramo ahubwo yafashe umwanya wo kugira ibintu ashyira ku murongo.