wex24news

admin

Fally Ipupa yerekanye ko ari umuhanzi mukuru yiyama abantu bamugira umunyapolitiki

Umuhanzi wo muri Repebulika iharanira Demokarasi ya Congo Fally Ipupa yakoze igitaramo cyerekanyeubushongore n’ubukaka mu bwongereza nyuma yo gusubukura ibitaramo yari amaze igihe adakoreramu mahanga.Umuhanzi Fally Ipupa N’simba w’imyaka 45 uzwi nka Fally Ipupa mu muziki, aherutse kwitandukanyan’abantu bamushyira muri politiki kandi ari umunyamuziki bigatuma adakora ibitaramo mu bihuguby’amahanga. Umwaka ushize Fally Ipupa yakoreye igitaramo […]

Fally Ipupa yerekanye ko ari umuhanzi mukuru yiyama abantu bamugira umunyapolitiki Read More »

Imyidagaduro nyarwanda yahindutse nyafurika kubera ibyamamre byahinduye isura

Imyidagaduro nyarwanda yahindutse nyafurika kubera ibyamamre byahinduye isura ,Ally Soudy wariumaze iminsi i Kigali aho yari yitabiriye igitaramo cya ‘Move Afrika’ cyari cyazinduye Kendrick Lamargiherutse kubera i Kigali, yashyizehanze ko yatutunguwe n’umugore we amuha itike y’indege yokucyitabira.Ubusanzwe Ally Soudy usanzwe atuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatunguwe n’umugore weku munsi we w’amavuko amuha impano

Imyidagaduro nyarwanda yahindutse nyafurika kubera ibyamamre byahinduye isura Read More »