wex24news

Baina Ishimwe

FARDC yagabye ibitero mu bice bituwe cyane 

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, n’abafatanyabikorwa bacyo, kuri uyu wa Kabiri, cyagabye ibitero mu bice bitandukanye bituwe cyane mu bice bigenzurwa na M23. Ibi byemejwe n’Umuvugizi wa M23, Laurence Kanyuka mu butumwa yanyujije kuri X yahoze ari twitter asobanura ko ibi bitero byahitanye abaturage b’inzirakarengane. Yagize ati “Kuri uyu wa Kabiri, itariki […]

FARDC yagabye ibitero mu bice bituwe cyane  Read More »

Umwana w’imyaka 14 yatawe muri yombi akekwaho kwica mugenzi we 

Mu Mudugudu wa Rutonde mu kagari ka Bwiza mu Murenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana avuga ko umwana w’imyaka 14 yaraye yishe mugenzi w’imyaka 17 amukubise inkoni mu mutwe. Umwe mu batuye ahitwa mu Bitare bya Rutonde avuga ko uwo mwana w’umuhungu wari warataye ishuri yishe mugenzi witwa Katabarwa Jean Bosco wari ufite imyaka

Umwana w’imyaka 14 yatawe muri yombi akekwaho kwica mugenzi we  Read More »

Benjamin Netanyahu yarahiriye kuzihimura ku barwanyi b’umutwe w’Aba-Houthi

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yarahiriye kuzihimura ku barwanyi b’umutwe w’Aba-Houthi ukorera muri Yemen uherutse kugaba igitero muri Israel, mu gihe umuyobozi wawo we yavuze ko biteguye gukora ibirenze ibyo bakoze ngo bahorere Hamas. Netanyahu atangaje ibi nyuma yuko ku Byumweru bwa mbere kuva intambara ya Israel n’umutwe wa Hamas yakwaduka, Umutwe w’iterabwoba wa

Benjamin Netanyahu yarahiriye kuzihimura ku barwanyi b’umutwe w’Aba-Houthi Read More »

Abantu 6 bakurikiranyweho ubujura bw’imodoka

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rweretse itangazamakuru agatsiko k’abantu batandatu bafashwe, bakurikiranyweho ubujura bw’imodoka, ndetse n’imodoka enye bari bibye zisubizwa ba nyirazo. Ni nyuma yo kwakira ibirego bitandukanye by’ubujura bw’imodoka, RIB igasaba abakodesha n’abagura imodoka kugira amakenga bakabanza gushishoza mbere yo gukodesha cyangwa kugura imodoka. Izo modoka enye zari zibwe zafatiwe mu Karere ka Gicumbi, Kayonza

Abantu 6 bakurikiranyweho ubujura bw’imodoka Read More »

Urukiko rwa EAC rugiye kumva ikirego cya RDC

Urukiko rw’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba, EACJ, ruteganya kumva ikirego cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku Rwanda tariki 26 Nzeri 2024. Minisitiri w’Ubutabera wungirije wa RDC, Samuel Mbemba, yabimenyesheje inama y’abaminisitiri iherutse guterana, nk’uko itangazo ry’ibyemezo bafashe ribisobanura. Uyu munyamategeko yasobanuye ko RDC yareze u Rwanda kurenga ku masezerano agenga imikorere ya EAC, aho barushinja

Urukiko rwa EAC rugiye kumva ikirego cya RDC Read More »

Trump yashinje Biden na Kamala Harris gushaka kumwivugana

Donald Trump yatangaje ko imvugo z’Aba-démocrates cyane cyane iza Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden na Kamala Harris bahataniye kuyobora iki Gihugu ziri ku isonga mu bituma abantu bashaka kumwivugana. Ni amagambo Donald Trump yatangaje nyuma y’umunsi umwe inzego z’umutekano zitaye muri yombi umugabo bivugwa ko yari afite umugambi wo kumwica kuko

Trump yashinje Biden na Kamala Harris gushaka kumwivugana Read More »

Zari yashimagije Diamond nk’umugabo waryoshyaga urukundo

Umuherwekazi akaba n’umwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga neza, Zari Hassan aherutse kugaragaza itandukaniro ry’abahoze ari abagabo be Ivan Ssemwaga na Diamond Platinumz, agendeye ku buryo bamukundwakazaga. Yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’umuhungu we wa kabiri, Raphael Tlale, ku rubuga rwe rwa YouTube, cyagarukaga ku bibazo uyu mwana yamubazaga bijyanye n’urukundo rwe, n’ibyo yashingiragaho ahitamo uwo bazabana.

Zari yashimagije Diamond nk’umugabo waryoshyaga urukundo Read More »

Milutin Micho yirukanywe

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Libya ryirukanye umunya Serbia Milutin Sredojevic “Micho” wari umutoza Mukuru w’ikipe y’igihugu ya Libya kubera umusaruro muke yagaragaje mu gushaka itike y’igikombe cy’Afurika cya 2025.  Muri iyi mikino Libya yanganyije n’u Rwanda igitego 1-1 i Tripoli mu gihe ku munsi wa kabiri yatsinzwe na Benin ibitego 2-1. Byatumye isoza umunsi wa

Milutin Micho yirukanywe Read More »

Minisitiri w’Uburezi mushya yahererekanyije ububasha na Twagirayezu Gaspard asimbuye 

Minisitiri w’Uburezi mushya, Nsengimana Joseph yahererekanyije ububasha na Twagirayezu Gaspard asimbuye kuri uwo mwanya. Ni umuhango witabiriwe n’Umunyamabanga wa Leta muri y’Uburezi (MINEDUC), Irere Claudette n’abayobozi bakuru b’ibigo bishamikiye kuri Minisiteri y’Uburezi. Minisitiri Joseph Nsengima yagizwe Minisitiri w’Uburezi yari asanzwe ari  Umuyobozi w’Ikigo  gishinzwe guteza imbere uburezi kuri bose binyuze mu ikoranabuhanga ( Mastercard Foundation).

Minisitiri w’Uburezi mushya yahererekanyije ububasha na Twagirayezu Gaspard asimbuye  Read More »

inzovu 200 zigiye kwicwa kubera ibura rw’ibiryo byazo

Minisiteri y’Ibidukikije muri Zimbabwe yatangaje ko iki gihugu cyafashe umwanzuro wo kwica ku bushake inzovu 200, kubera ibura ry’ibiryo byazo ryatewe n’izuba ryinshi. Ni icyemezo cyatangajwe na Minisitiri ufite mu nshingano ibidukikije ubwo yari imbere y’abagize Inteko Ishinga Amategeko. Yavuze ko ubuyobozi bw’amapariki yo muri Zimbabwe bwasabwe gutangira gushyira mu bikorwa iki cyemezo. Zimbabwe ifite

inzovu 200 zigiye kwicwa kubera ibura rw’ibiryo byazo Read More »