wex24news

Baina Ishimwe

ifaranga ry’ikoranabuhanga rishobora gutangira gukoreshwa mu myaka ibiri

Soraya Hakuziyaremenye guverineri wungirije wqa Banki nkuru y’Igihugu, yavuze ko inyigo u Rwanda rumaze iminsi rukora yagaragaje ko koko rukeneye ifaranga ry’ikoranabuhanga ndetse hanzurwa ko ibikenewe byose ngo ritangire gukoreshwa bizaba byarangiye mu myaka ibiri iri imbere. Soraya Hakuziyaremenye yavuze ko ifaranga ry’ikoranabuhanga u Rwanda ruteganya gukoreshwa ari izwi nka ‘Central Bank Digital Currency (CBDC)’ […]

ifaranga ry’ikoranabuhanga rishobora gutangira gukoreshwa mu myaka ibiri Read More »

yikomye umufana wavuze nabi abatinganyi

Umuhanzikazi w’icyamamare, Adele, yifatiye ku gahanga umufana witabiriye igitaramo cye agatuka abaryamana bahuje igitsina kimwe n’ababarizwa mu muryango wa ‘LGBTQ’. Umuhanzikazi w’Umwongereza, Adele, yihanangirije umufana waje mu gitaramo cye i Las Vegas akavuga nabi ababa mu Muryango w’ababana bahuje ibitsina n’abafite ibindi byiyumvo ku mibonano mpuzabitsina bitandukanye n’ukubana k’umugabo n’umugore cyane ko ukwezi kwa Kamena

yikomye umufana wavuze nabi abatinganyi Read More »

bagiye gukumirwa kwinjira mu Birwa bya Maldives

Ubuyobozi bw’Ibirwa bya Maldives bwatangaje ko butazongera gutuma abantu bafite pasiporo zo muri Israel babyinjiramo, kubera intambara icyo gihugu gikomeje gushyamiranamo n’Umutwe wa Hamas ugenzura Intara ya Gaza muri Palestine. Ni icyemezo cyatangajwe ku wa 02 Kamena 2024, mu itangazo rigenewe itangazamakuru ryaturutse mu Biro bya Perezida Dr. Mohamed Muizzu. Perezida Dr. Mohamed Muizzu kandi

bagiye gukumirwa kwinjira mu Birwa bya Maldives Read More »

yagizwe umutoza mushya wa Fenerbahçe SK

Umunya Portugal José Mourinho w’imyaka 61 yagizwe umutoza mushya wa Fenerbahçe SK yo mu cyiciro cya mbere muri Turikiya mu gihe cy’imyaka ibiri. Nyuma yo gutangazwa nk’umutoza mushya Mourinho yashimiye abafana b’iyi kipe abizeza ibyishimo atı: “Ndashaka kubashimira urukundo rwanyu. Mubisanzwe umutoza akundwa nyuma yo gutsinda. Kuri iyi nshuro ndumva ko nkunzwe mbere yo gutsinda.

yagizwe umutoza mushya wa Fenerbahçe SK Read More »

bibutse abari abaririmbyi bayo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Chorale de Kigali iri mu zikomeye muri Kiliziya Gatolika, yibutse kandi yunamira abari abaririmbyi bayo 17 bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi, yiha umukoro wo gukomeza gushakisha abandi bataramenya bahitanywe nayo. Ni mu muhango wabereye ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali, witabiriwe n’abarokotse bo mu miryango abo baririmbyi batandukanye bakomokagamo. Théogène Kagambire uwari uhagarariye IBUKA mu

bibutse abari abaririmbyi bayo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi Read More »

yasobanuye impamvu mu Burengerazuba hari imiryango myinshi yazimye

Dr Bizimana Jean Damascène Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano mboneragihugu, yabwiye urubyiruko n’abandi bibaza impamvu mu ntara y’Uburengerazuba hari imiryango myinshi yazimye ko kumaraho Abatutsi bari bayituyemo byatijwe umurindi n’abayobozi baho n’ingabo z’u Bufaransa. Yabigarutseho ku wa 2 Kamena 2024 mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 30 jenoside yakorewe Abatutsi mu yahoze ari komine Gisunzu.

yasobanuye impamvu mu Burengerazuba hari imiryango myinshi yazimye Read More »

ntari mu bakinnyi berekeza muri Côte d’Ivoire

Frank Spittler Torsten Umutoza w’Amavubi , yatangaje abakinnyi 25 yitwaza mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 azahuramo na Bénin ndetse na Lesotho ariko ntihagaragaramo Rwatubyaye Abdul. Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ryashyize hanze urutonde rw’abakinnyi bose bagomba gufasha Amavubi. Rwatubyaye Abdul ukinira KF Shkupi yo muri Macedonia ni umwe mu bakinnyi bahamagawe

ntari mu bakinnyi berekeza muri Côte d’Ivoire Read More »

zegukanye Irushanwa ryo Kwibuka

Irushanwa ngarukamwaka ryo Kwibuka abakinnyi n’abakunzi ba Siporo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi, muri VolleyBall rishojwe amakipe ya Police VC mu bagabo na APR VC mu bagore ari yo yegukanye ibikombe. Ni irushanwa ryabaye mu mpera z’iki cyumweru dushoje ryitabirwa n’amakipe asanzwe akina shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda wongeyeho amakipe aturutse mu gihugu cya

zegukanye Irushanwa ryo Kwibuka Read More »

umusirikare wa SADC yaguye mu mirwano na M23

Igisirikare cy’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo cyoherejwe gufasha ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu ntambara zihanganyemo na M23, cyatangaje ko imodoka zacyo z’intambara ebyiri zafashwe na M23, abasirikare bacyo 13 bagakomereka, umwe agapfa. Mu itangazo icyo gisirikare kiri mu butumwa buzwi nka SAMIDRC cyashyize hanze kuri uyu wa Gatanu, cyagaragaje ko byabereye mu mirwano

umusirikare wa SADC yaguye mu mirwano na M23 Read More »