wex24news

Baina Ishimwe

Kaminuza y’u Rwanda hatoraguwe uruhinja rwapfuye

Kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Gicurasi, mu Karere ka Musanze muri Kaminuza y’u Rwanda Ishami rya Busogo ryigisha Ubuvuzi bw’amatungo, hatoraguwe uruhinja mu musarane rwapfuye. Amakuru y’uko uru ruhinja ruri mu musarane yatangiye gucicikana ahagana Saa Sita z’ijoro ryo ku wa 30 Gicurasi 2024 aribwo batangiye imirimo yo kurushakisha kugeza ubwo rwabonekaga mu gitondo […]

Kaminuza y’u Rwanda hatoraguwe uruhinja rwapfuye Read More »

igitataramo cyabo cyahagatswe ku munota wa nyuma

Igitaramo kinyatrap in Bruxelles cyari gitegerejwemo abaraperi B-Threy na Bushali mu Bubiligi ku wa 1 Kamena 2024 cyasubitswe na sosiyete yitwa ‘Fusion Events’ yari yabatumiye. Mbere y’iminsi mike ngo itariki y’igitaramo igere, abateguye iki gitaramo bamaze gukura amatike ku isoko ndetse nta n’igikorwa na kimwe cyo kwamamaza kiri gukorwa. amakuru yavuze ko iki gitaramo cyagonganye

igitataramo cyabo cyahagatswe ku munota wa nyuma Read More »

 yashyize akadomo ku ntambara y’amagambo yashoye kuri The Ben

Bruce Melodie yanzuye ko atazongera kuvuga kuri The Ben nyuma y’igihe kinini abakoresha imbuga nkoranyambaga bibaza byinshi ku mubano w’aba bombi. Bruce Melodie yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’abakurikira umuziki nyarwanda ku rubuga rwa X, aho uyu muhanzi yasubije ibibazo byinshi yabajijwe birimo n’ibigaruka kuri The Ben bivugwa ko badacana uwaka. Bruce Melody yagize ati  “Kugira

 yashyize akadomo ku ntambara y’amagambo yashoye kuri The Ben Read More »

yakatiwe gufungwa imyaka ibiri

Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwahamije Nsabimana Jean uzwi nka Dubai ibyaha yari akurikiranyweho byo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya no gukoresha inyandiko mpimpano rumuhanisha igifungo cy’imyaka ibiri n’ihazabu ya miliyoni imwe n’ibihumbi 500 Frw. Rwahamije kandi Nkulikiyimfura Théopiste wari enjeniyeri, icyaha cyo gukoresha inyandiko mpimpano, rumuhanisha gutanga ihazabu ya miliyoni 3 Frw.  abahoze ari abayobozi

yakatiwe gufungwa imyaka ibiri Read More »

yahinduye indirimbo yubahiriza igihugu isubizaho iya kera

Nigeria yafashe umwanzuro wo guhindura indirimbo yubahiriza Igihugu isubira ku ndirimbo bakoreshaga mu myaka 50 ishize. Iyi ndirimbo nshya ya Nigeria yitwa ‘We Hail Thee’, ikaba isimbuye ‘Arise, O Compatriots’. Yatangiye kwifashishwa mu 1960 ubwo Nigeria yabonaga ubwigenge , yandikwa na Lillian Jean Williams , Umwongereza wabaga muri Nigeria. Perezida Bola Tinubu yasinye iteka kuri

yahinduye indirimbo yubahiriza igihugu isubizaho iya kera Read More »

yatawe muri yombi na Wagner

Umubiligi ukorera umuryango 360FHI w’Abanyamerika muri Repubulika ya Centrafrique, yatawe muri yombi n’abarwanyi b’umutwe w’igisirikare cyigenga wa Wagner, ukomoka mu Burusiya. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Bubiligi yatangaje ko yamenye amakuru y’ifatwa ry’uyu mwenegihugu utatangarijwe amazina, kandi ko iri gukurikiranira hafi ikibazo cye. Wagner ikorana n’ingabo za Centrafrique hashingiwe ku masezerano y’ubufatanye iki gihugu cyagiranye na

yatawe muri yombi na Wagner Read More »

yinjijwe mu mikino izagaragara mu gikombe cy’Isi cy’abakanyujijeho

Uruganda rwa SKOL Brewery Ltd rwasinyanye amasezerano n’Ubuyobozi bw’Irushanwa ry’Igikombe cy’Isi cy’Aba-Veterans, yemerera Rayon Sports kuzakinamo imwe mu mikino ya gicuti ndetse rukazazengurutsa igikombe u Rwanda rwose. Mbere y’uko habaho irushanwa, hazabaho kubanza kuzenguruka igihugu cyose herekanwa igikombe kizakinirwa, iki gikorwa kizabera mu Ntara zose z’u Rwanda biteganyijwe ko kizagirwamo uruhare na SKOL. Uru ruganda

yinjijwe mu mikino izagaragara mu gikombe cy’Isi cy’abakanyujijeho Read More »

abakinnyi 2 baserewe mu mwiherero w’Amavubi

Umunyezamu Muhawenayo Gad na Dushimimana Olivier ukina asatira izamu, basezerewe mu Amavubi akomeje kwitegura imikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 izahuramo na Bénin ndetse na Lesotho. Basezerewe mu mwiherero w’Ikipe y’Igihugu nyuma y’abandi batanu baherukaga ari bo Iradukunda Siméon, Nsengiyumva Samuel, Niyongira Patience, Hakizimana Muhadjiri na Tuyisenge Arsène. Nubwo abo bakinnyi basezerewe ariko

abakinnyi 2 baserewe mu mwiherero w’Amavubi Read More »

yabujijwe kwitabira ibirori by’umukobwa we

Umuraperi P.Diddy ukurikiranyweho ibyaha byo gufata ku ngufu abakobwa barenga 6, yabujijwe kwitabira ibirori by’umukobwa we Chance Combs uzasoza amashuri yisumbuye. Ibirori byo gusoza amashuri ya Chance Combs bizabera ku ishuri rya Sierra Canyon ngo bizitabirwa n’umuryango wa Kim Porter na Sarah Chapman akaba ari nyina wa Chance Combs. Ubuyobozi bwiryo shuri nibwo bwandikiye E-Mail

yabujijwe kwitabira ibirori by’umukobwa we Read More »