wex24news

Baina Ishimwe

abimukira bayishakamo ubuhungira izajya ibohereza i burayi

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zigiye kujya zohereza abimukira bo mu bihugu bya Amerika y’Amajyepfo bazishakamo ubuhungiro mu bihugu by’u Butaliyani n’u Bugereki. Amerika yashyizeho ibiro bishinzwe gufasha abashaka ubuhungiro no kuba abimukira mu bihugu bitandukanye birimo Colombia, Costa Rica, Ecuador, na Guatemala hagamijwe gukemura ikibazo cy’abambuka imipaka binyuranye n’amategeko. Umuvugizi w’Urwego rw’Ububanyi n’Amahanga rwa […]

abimukira bayishakamo ubuhungira izajya ibohereza i burayi Read More »

imodoka z’intambara eshatu zafashwe na M23

Umutwe witwaje intwaro wa M23 watangaje ko wafashe imodoka eshatu z’ihuriro ry’ingabo zirimo iziri mu butumwa bw’umuryango wa Afurika y’amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, SAMIDRC. Izi modoka zirimo ibifaru bibiri ndetse n’ikamyo itwara abasirikare yo mu bwoko bwa IVECO, zafashwe nyuma y’ibitero ingabo za SADC n’izindi zirimo iza RDC n’iz’u Burundi zagabye.  Lawrence

imodoka z’intambara eshatu zafashwe na M23 Read More »

 yiseguye ku bagenzi bayo bajya mu Bwongereza

Sosiyete y’Ubwikorezi bwo mu Kirere, RwandAir yiseguye ku bagenzi bayo bagana mu Mujyi wa Londres mu Bwongereza kubera imyigaragambyo iteganyijwe muri icyo gihugu. Mu butumwa iyi sosiyete yanyujije ku rukuta rwayo rwa X yagize ati “Bitewe n’imyigaragambyo y’abakozi bagenzura abinjira n’abasohoka mu Bwongereza iteganyijwe ku itariki 31 Gicurasi kugeza ku itariki 2 Kamena, turasaba abagenzi

 yiseguye ku bagenzi bayo bajya mu Bwongereza Read More »

yahize kwisubiza Irushanwa ryo Kwibuka

Ikipe y’Igihugu y’Abagore muri Cricket ifite icyizere cyo kwisubiza Irushanwa ryo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 rigiye kubera mu Rwanda ku nshuro ya 10 aho ryitabiriwe n’ibihugu umunani. Iri rushanwa ryateguwe n’Ishyirahamwe ry’Umukino wa Cricket mu Rwanda ku bufatanye na Minisiteri ya Siporo ndetse na Komite Olempike y’u Rwanda. Iri rushanwa ryiswe “T-20 International

yahize kwisubiza Irushanwa ryo Kwibuka Read More »

Ukraine ishobora kwemererwa kurasa mu Burusiya

Abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu bihugu bigize Umuryango wa NATO, kuri uyu wa 30 Gicurasi 2024 bahuriye i Prague muri Repubulika ya Tchèque kugira ngo bafate icyemezo ku cyifuzo cya Ukraine cyo gukoresha intwaro ziremereye batanga, izikoreshe irasa mu Burusiya. Iyi nama y’iminsi ibiri yateguraga izahuriza abakuru b’ibihugu byo muri uyu muryango i Washington D.C

Ukraine ishobora kwemererwa kurasa mu Burusiya Read More »

yashatse kuyobora FERWAFA yatanze kandidatire ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu

Mbanda Jean w’imyaka 71 y’amavuko, ushaka kuba umukandida wigenga ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu mu matora ateganyijwe muri Nyakanga 2024 yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kandidatire ye. Mbanda yamenyekanye ubwo yiyamamarizaga kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ariko agatsindwa afite ijwi rimwe. Mbanda yatagaje ko “Mu 2017 nibyo naje mu Rwanda, mvuga ko ngiye gufatanya na Leta

yashatse kuyobora FERWAFA yatanze kandidatire ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu Read More »

ahamijwe ibyaha 34 bifitanye isano n’umukinnyi wa filime z’urukozasoni

Donald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe Amerika, yahamijwe ibyaha 34 akurikiranyweho bifitanye isano n’inyandiko mpimbano, ku mafaranga bivugwa ko yishyuye Stormy Daniels. Urubanza rwa Donald Trump rwakomeje kuri uyu wa Kane Tariki 30 Gicurasi mu 2024, mu Rukiko rw’i Manhattan muri New York. Ni urubanza rwari rwanitabiriwe n’uyu mugabo ku giti cye. Urukiko

ahamijwe ibyaha 34 bifitanye isano n’umukinnyi wa filime z’urukozasoni Read More »

yongeye gutanga kandidatire ku mwanya wa Perezida

Mpayimana Philippe, wahatanye mu matora y’Umukuru w’Igihugu mu 2017 ntatsinde yongeye gushyikiriza Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kandidatire ye kugira ngo azongere kugerageza amahirwe kuri uwo mwanya mu matora ateganyijwe muri Nyakanga 2024. Mpayimana asanzwe ari umukozi wa leta muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, aho ari impuguke ishinzwe uruhare rw’abaturage mu kwishakamo ibisubizo. Ni umwanya yagiyeho

yongeye gutanga kandidatire ku mwanya wa Perezida Read More »

yitabiriye imyitozo y’ingabo muri Turukiya

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, yitabiriye imyitozo y’Ingabo ihuriweho n’ibihugu bitandukanye iri kubera mu karere ka Izmir muri Turukiya. Ibiro by’Ingabo z’u Rwanda byatangaje ko Gen Mubarakh yaherekejwe n’itsinda ry’abasirikare ba RDF. Biti “Itsinda ry’abasirikare ba RDF bayobowe n’Umugaba Mukuru, Gen MK Mubarakh, ryitabiriye EFES-2024, imyitozo mpuzamahanga yo kurasa iba kabiri mu

yitabiriye imyitozo y’ingabo muri Turukiya Read More »

abanyamakuru basebya igihugu ntibazagera ku ntego yo kugisenya

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta, yavuze ko abanyamakuru bishyize hamwe bagahurira ku mugambi umwe wo guharabika u Rwanda batazawugeraho Minisitiri Dr Vincent Biruta yabigarutseho mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi cyateguwe na Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga hamwe n’ibiro by’umuvugizi wa Guverimo. Dr Vincent Biruta yagize ati “Iyo ubona

abanyamakuru basebya igihugu ntibazagera ku ntego yo kugisenya Read More »