wex24news

Baina Ishimwe

agiye gutanga ubuhamya mu giterane yahurijwemo na Patient Bizimana 

Meddy ndetse na Patient Bizimana bategerejwe mu giterane bazaririmbamo cyiswe “Arizona One Worship Concert” kizabera muri Leta ya Arizona mu rwego rwo gufasha Abanyarwanda n’abandi batuye muri kiriya gihugu gushimira Imana ibyiza yabakoreye. Ni igiterane kigiye kuba ku nshuro ya Mbere muri uyu mwaka cyateguwe n’Itorero God’s Solid Foundation Church, bisunze amagambo aboneka muri Yesaya […]

agiye gutanga ubuhamya mu giterane yahurijwemo na Patient Bizimana  Read More »

Ambasade ya Israel yatwitswe

Abigaragambya bashyigikiye Palestine muri Mexique, batwitse igice kimwe cya Ambasade ya Israel iri mu Murwa Mukuru w’iki gihugu, nyuma yo guhangana n’abapolisi bari boherejwe ngo babahagarike. Mu ntangiriro z’iki cyumweru ababarirwa muri 200 nibo bari bahuriye mu gace ka Lomas de Chapultepec muri Mexico City, bahamagarira amahanga “kugira icyo bakora mu buryo bwihuse ku biri

Ambasade ya Israel yatwitswe Read More »

yegukanye Igikombe cya Europa Conference League

Olympiacos yegukana Igikombe cya Europa Conference League ndetse iba ikipe ya mbere yo mu Bugereki yegukanye irushanwa ry’i Burayi. Igikombe iyi kipe yo mu Bugereki yegukanye kivuze byinshi ku mutoza José Luis Mendilibar wari watwaye Europa League ubwo yatozaga FC Seville mu mwaka ushize w’imikino, mbere yo kwerekeza muri Olympiacos muri Gashyantare. Olympiacos yabaye ikipe ya

yegukanye Igikombe cya Europa Conference League Read More »

yagizwe ‘Brand Ambassador’ wa gahunda ‘Enough’ ya World Vision 

Israel Mbonyi yagizwe Brand Ambassador wa gahunda ‘Enough’ ya World Vision, iyi ikaba igamije kurandura imirire mibi n’igwingira mu bana. Ubwo hamurikwaga gahunda ya ‘Enough’, Israel Mbonyi yavuze ko nubwo adakunda kwiyita Brand Ambassador w’ikintu icyo ari cyo cyose kuko umuhamagaro we ari uguhagararira ubwami bw’Imana, atewe ishema no guhagararira iyi gahunda igamije kurengera ubuzima

yagizwe ‘Brand Ambassador’ wa gahunda ‘Enough’ ya World Vision  Read More »

yatanze kandidatire ’ituzuye’ ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu

Diane Shima Rwigara wifuza kuba umukandida wigenga mu matora y’Umukuru w’Igihugu ategerejwe muri Nyakanga 2024, yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kandidatire ye. Kuri uyu wa Kane tariki ya 30 Gicurasi 2024 nibwo Diane Rwigara wigeze gushaka kwiyamamaza mu 2017 ariko bikaza kugaragara ko atujuje ibisabwa abakandida bigenga, yakiriwe ku Biro bya NEC. Mu byo asabwa hari

yatanze kandidatire ’ituzuye’ ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu Read More »

Juma Jux ari mu bategerejwe i Kigali mu mikino isoza BAL 2024

Abarimo ibyamamare nka Jumma Jux w’umunyatanzaniya ndetse n’umuraperi wo muri Amerika Doe Boy bategerejwe mu Rwanda, aho bazaba bitabiriye umukino usoza imikino ya BAL. Jumma Jux azwi cyane kandi akunzwe muri Tanzania, aho byaje kurenga imbibi z’Igihugu cye ubwo yakoranaga indirimbo na Diamond Platinumz yitwa Enjoy imaze kuzuza miliyoni 79 z’abayirebye itaramara umwaka. umuraperi ukomoka

Juma Jux ari mu bategerejwe i Kigali mu mikino isoza BAL 2024 Read More »

ba yasezerewe mu Amavubi

Hakizimana Muhadjiri na Tuyisenge Arsène basezerewe mu Amavubi akomeje kwitegura imikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 izahuramo na Bénin ndetse na Lesotho Aba bakinnyi bakina basatira basezerewe mu mwiherero w’Ikipe y’Igihugu nyuma y’abandi batatu, Ikipe y’Igihugu yatangiye umwiherero ikoresha abakinnyi biganjemo abakina imbere mu gihugu, mu gihe abakina hanze biyongeramo umunsi ku wundi

ba yasezerewe mu Amavubi Read More »

 yasabye Abanyafurika kwiyizera mbere yo kwizerwa n’abandi

Dr. William Samoei Ruto Perezioda wa Kenya, yasabye Abanyafurika kwiyumvamo icyizere ko bashobora kugeza Umugabane wa Afurika ku iterambere bifuza, mbere y’uko abandi bakibagirira. Yabivugiye mu kiganiro cy’abakuru b’ibihugu cyateguwe na Banki Nyafurika y’Iterambere (AfDB), mu nama ngarukamwaka yayo yabereye i Nairobi muri Kenya kuri uyu wa 29 Gicurasi 2024. Perezida William Ruto yagize Ati

 yasabye Abanyafurika kwiyizera mbere yo kwizerwa n’abandi Read More »

Rayon Sports yatandukanye n’abakinnyi batanu

Rayon Sports yatangaje ko Youssef Rharb, Mvuyekure Emmanuel, Alon Paul Gomis, Hategekimana Bonheur na Alsény Camara Agogo bari muri benshi basoje amasezerano, aho yafashe icyemezo cyo kutazakomezanya nayo. Mu itangazo iyi kipe yashyize hanze ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga. Iyi kipe ntiyahiriwe n’umwaka w’imikino wa 2023-24, aho yabuze ibikombe bibiri mu bikomeye bikinirwa mu Rwanda harimo

Rayon Sports yatandukanye n’abakinnyi batanu Read More »