wex24news

Baina Ishimwe

ntiyemeranya n’abamushinja kudindiza ubukungu 

Ali Bongo wahoze ari Perezida wa Gabon yatangaje ko atari kubasha gukemura ikibazo cy’ubukungu muri iki gihugu wenyine, ahubwo ko abamushinja kubudindiza bagombaga kumufasha. Ibi yabivugiye mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Marwane Ben Yahmed w’ikinyamakuru Jeune Afrique. Ali Bongo mu magambo ye yagize ati “Ntabwo nayoboye igihugu njyenyine. Bamwe mu bo twakoranye, uyu munsi barantuka. Ntacyo

ntiyemeranya n’abamushinja kudindiza ubukungu  Read More »

igisirikare cyamuritse ‘robot’ ihetse imbunda

Igisirikare cy’u Bushinwa cyerekanye ‘robot’ yahawe ishusho y’imbwa ihetse imbunda cyiteze ko izajya igifasha mu ntambara kuko ifite ubushobozi bwo gutahura aho umwanzi aherereye ndetse ikaba yanabafasha mu kurasa. yi ‘robot’ izajya ikoreshwa n’umuntu hifashishijwe ‘télécommande’. Yagaragaye ubwo igisirikare cy’u Bushinwa cyifatanyaga n’icya Cambodge mu myitozo yahawe izina rya ‘Golden Dragon 2024’. Gukoresha ‘robot’ ndetse

igisirikare cyamuritse ‘robot’ ihetse imbunda Read More »

APR FC mu biganiro na batoza batandukanye harimo Aritz López Garai

APR FC ikomeje ibiganiro n’abatoza batandukanye yifuza gusimbuza Umufaransa Thierry Froger wasoje amasezerano ye muri iyi kipe Ikipe y’Ingabo iri gukora iyo bwabaga kugira ngo ikemure iki kibazo mbere yo gutangira gushaka n’abakinnyi izongeramo mu rwego rwo kwitegura umwaka w’imikino mushya. Aritz López Garai ni umwe mu batoza bari ku rutonde rw’abo APR FC iri

APR FC mu biganiro na batoza batandukanye harimo Aritz López Garai Read More »

Urubanza rw’umukinnyi wa filime z’urukozasoni na Trump rwasubiye i rudubi

Inteko y’abacamanza mu rubanza rwa Donald Trump ku kirego cy’amafaranga yishyuwe umukinnyikazi wa filime z’urukozasoni mbere y’amatora ya 2016 bemeje ko bagiye gusuzuma ubuhamya bwatanzwe bugaragaza ko ibyo bishobora kuba koko bayarakozwe hagamijwe gucecekesha uwo mukinnyikazi ku ihohoterwa yari yakorewe na Trump. Donald Trump akurikirwanweho kuba yarahaye amafaranga agera kuri bihumbi $130 umukinnyikazi wa Filime

Urubanza rw’umukinnyi wa filime z’urukozasoni na Trump rwasubiye i rudubi Read More »

yagiranye ibiganiro na mugenzi we William Ruto wa Kenya

Perezida wa Repubulika Paul Kagame uri i Nairobi muri Kenya, mu rwego rwo rw’Inama ngarukamwaka ya 59 ya Banki Nyafurika Itsura Amajyambere yo muri uyu mwaka wa 2024 yagiranye ibiganiro na Perezida William Ruto wa Kenya. Ibiganiro by’abo bakuru b’Ibihugu byombi byibanze ahanini ku buryo bwo gukomeza gushimangira umubano usanzwe hagati y’ibihugu byombi Kenya n’u

yagiranye ibiganiro na mugenzi we William Ruto wa Kenya Read More »

Barikana yahanishijwe gutanga ihazabu y’ibihumbi 500 Frw

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwahamije Barikana Eugène icyaha cyo gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko rumuhanisha gutanga ihazabu y’ibihumbi 500 Frw. Urubanza rwe Barikana rwabaye kuri uyu wa 23 Gicurasi 2024, mu Rukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge aho yaburanye yemera icyaha agasaba gukurirwaho ibihano gusa Ubushinjacyaha bugasaba ko yafungwa imyaka ibiri. Mu isomwa ry’umwanzuro w’urukiko kuri

Barikana yahanishijwe gutanga ihazabu y’ibihumbi 500 Frw Read More »

Umunyarwenya Dave Chappelle agiye gutaramira i Kigali

Umunyarwenya David Khari Webber Chappelle w’imyaka 50 uri mu bakomeye ku Isi agiye gutaramira i Kigali mu gitaramo cyitezwe kubera muri ‘Restaurant ya Kozo’ ku wa 30 Gicurasi 2024, ni mu gihe amatike yo kwinjiramo yaguraga ibihumbi 200Frw yamaze gushira ku isoko. Mbere y’umunsi umwe ngo igitaramo cy’uyu munyarwenya kibere i Kigali, amatike ye yose

Umunyarwenya Dave Chappelle agiye gutaramira i Kigali Read More »

Imyaka yo gushyingirwa iracyari 21 ntiyahindutse

Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite yateranye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 29 Gicurasi yemeje umushinga w’itegeko rigenga abantu n’umuryango, hongera gushimangirwa ko imyaka yo gushyingirwa ari 21 nta cyahindutse, ariko ko hari impamvu zumvikana no gushyingirwa ku myaka 18 bishoboka. Uwari ukuriye Komisiyo ya Politiki, Uburinganire n’ubwuzuzanye bw’Abagabo n’abagore mu iterambere mu Nteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite yagize ati: “Itegeko ntirivanaho ko

Imyaka yo gushyingirwa iracyari 21 ntiyahindutse Read More »