wex24news

Baina Ishimwe

bahatanye mu bihembo bitangirwa muri Afurika y’Epfo

Ibihembo mpuzamahanga bya Shinning Stars Africa bitangwa buri mwaka, muri South Africa. Kuri iyi nshuro, AbanyaRwanda bongeye kuba mu bahatanye. Umwaka wa 2023 nabwo hari abari babihatanyemo, gusa ntibabashije kwitwara neza. Mu byiciro bihataniwe n’abanyarwanda harimo icya filime y’uruhererekane nziza [Best Star TV Series of the Year], The Bishop’s Family ikaba ariyo yatoranijwe. Iyi filime ihatanye n’izirimo […]

bahatanye mu bihembo bitangirwa muri Afurika y’Epfo Read More »

Perezida Kagame yatangaje ko Afurika idakwiye guhezwa muri gahunda z’iterambere

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagaragaje ko kudaheza umugabane wa Afurika mu ishoramari kuri gahunda z’iterambere, byafasha Isi yose kugera ku mibereho myiza y’abayituye. Mu kiganiro cyateguwe na Banki Nyafurika y’Iterambere mu nama yayo ngarukamwaka iri kubera i Nairobi kuri uyu 29 Gicurasi 2024, Perezida Kagame yagaragaje ko bitumvikana kuba umuntu avuga ko

Perezida Kagame yatangaje ko Afurika idakwiye guhezwa muri gahunda z’iterambere Read More »

kutumvikana kwabo bisize Cameroon ifite abatoza babiri batandukanye

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu gihugu cya Cameroon, FECAFOOT ryarangije gushyiraho umutoza Dr Tinkeu Nguimgou nk’umutoza w’agateganyo wa Lions Indomptables mu gihe Minisiteri ya Siporo y’iki gihugu ikomeje gushimangira ko umutoza mukuru akiri Marc Brys. FECAFOOT na Minisiteri ya Siporo muri Cameroon batangiye kurebana ay’ingwe muri Mata uyu mwaka ubwo uru rwego rwa Leta rwemezaga ko

kutumvikana kwabo bisize Cameroon ifite abatoza babiri batandukanye Read More »

umuraperi yatanze kandidatire ye ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu

Habimana Thomas ushaka kuba umukandida wigenga ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu mu matora ateganyijwe muri Nyakanga 2024, yashyikirije Komisiyo y’Igihuhu y’Amatora kandidatire ye. Habimana Thomas yakiriwe na Perezida wa Komisiyo y’Igihuhu y’Amatora Oda Gasinzigwa kuri uyu wa 29 Gicurasi 2024. Habimana asanzwe ari Umuyobozi w’Ishuri rya Hope Technical Secondary School, riherereye mu Karere ka Rubavu akaba

umuraperi yatanze kandidatire ye ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu Read More »

Knowless yasubiyemo indirimbo ayikoranye na Korali yaririmbyemo

Butera Knowless ari kwitegura gushyira hanze amashusho y’indirimbo ye “Nyigisha” yasubiyemo ayikoranye na Maranatha Family Choir, korali yaririmbyemo hagati ya 2008 na 2010. Knowless aherutse kugaragaza ko yatangiye umuziki mu 2011 nyuma y’umwaka umwe wari ushize avuye muri iriya korali. Kandi, imyaka ibiri yakurikiyeho yamubereye ingorabahizi, ahanini biturutse mu kuba umuziki cyari ikibuga gishya yisanzemo.

Knowless yasubiyemo indirimbo ayikoranye na Korali yaririmbyemo Read More »

Umuhinzi mworozi yatanze Kandidatire ku mwanya w’umudepite

shimwe Moise ukora umurimo w’ubuhinzi n’ubworozi mu Karere ka Nyamasheke yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora Kandidatire ye ku mwanya w’umudepite wigenga, asaba kwemererwa kwiyamamaza mu Matora y’Abadepite n’ay’Umukuru w’Igihugu, azaba muri Nyakanga 2024. Ishimwe Moses yagize ati: “Kuzana Kandidatire yanjye ku mwanya w’umudepite nari maze gusobanukirwa icyo umudepite ari cyo, maze ndavuga nti reka nze mfashe

Umuhinzi mworozi yatanze Kandidatire ku mwanya w’umudepite Read More »

yongeye gutanga kandidatire Kumwanya wa perezida

Barafinda Sekikubo Fred wigeze gushaka kwiyamamaza ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu muri 2017 yongeye gushyikiriza Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kandidatire ye ashaka kuba umukandida kuri uwo mwanya mu matora ateganyijwe muri Nyakanga 2024. Barafinda yagize Ati “Kuba ntanze kandidatire yanjye ikaba yakiriwe na Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora ntabwo bintunguye.” Barafinda aherekejwe n’umugore we yakiriwe na Perezida

yongeye gutanga kandidatire Kumwanya wa perezida Read More »

Guverinoma ya RDC yahinduye isura

Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Judith Suminwa Tuluka, kuri uyu wa 29 Gicurasi 2024 yatangaje abagize guverinoma nshya, abarimo Christophe Lutundula wari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga arasimbuzwa, Jean-Pierre Bemba wari Minisitiri w’Ingabo ahindurirwa inshingano. Lutundula yasimbujwe Thérèse Kayikwamba Wagner. Bemba yagizwe Minisitiri w’Ubwikorezi n’inzira z’itumanaho, ku mwanya wa Minisitiri w’Ingabo asimburwa na Guy

Guverinoma ya RDC yahinduye isura Read More »

babonye Minisitiri w’Intebe mushya

Akanama kayoboye ubutegetsi bw’inzibacyuho muri Haiti kagize Dr Garry Conille, Minisitiri w’Intebe mushya w’iki gihugu, umwanya yaherukagaho mu 2012.  Dr. Garry Conille yigeze kuba Minisitiri w’Intebe ku butegetsi bwa Michel Martelly, icyakora aza kwegura kuri uwo mwanya muri Gicurasi 2012. Kuri iyi nshuro Perezida w’aka kanama hayoboye Haiti witwa Edgard Leblanc Fils ku wa 28

babonye Minisitiri w’Intebe mushya Read More »