wex24news

Baina Ishimwe

igiye gutangira gufata ibyemezo bitegura umwaka w’imikino wa 2024-2025

Ikipe ya APR FC yatwaye igikombe cya shampiyona 2023-2024, biteganyijwe ko muri iki cyumweru itangira gufata bimwe mu byemezo by’ingenzi birebana no gutegura umwaka w’imikino wa 2024-2025 izahagarariramo u Rwanda muri CAF Champions League. Kuva ku wa Kane tariki 30 Gicurasi 2024 batangira kwiga ku bintu bimwe na bimwe bahereye ku gutoranya umutoza mushya ugomba […]

igiye gutangira gufata ibyemezo bitegura umwaka w’imikino wa 2024-2025 Read More »

biteguye gutanga ibyishimo ku bakunzi ba comedy muri’Iwacu Summer Comedy Festival’

abakunzi b’urwenya biteguye abanyarwenya bakomeye barimo Seth Seka mu iserukiramuco rikomeye ‘Iwacu Summer Comedy Festival’. Imyiteguro y’iserukiramuco rya Iwacu Summer Comedy igeze kure. Ndetse ku wa 04 Kamena 2024 ni bwo rizatangizwa ku mugaragaro i Rubavu. Nyuma ku wa 07 Kamena 2024 rizakomeza ribere muri Bus aho rizagera mu bice bitandukanye, naho ku wa 09

biteguye gutanga ibyishimo ku bakunzi ba comedy muri’Iwacu Summer Comedy Festival’ Read More »

yageze i Nairobi aho yitabiriye inama ya AFDB

Perezida Kagame yageze i Nairobi muri Kenya ahagiye kubera inama ngarukamwaka ya 59 ya Banki Nyafurika Itsura Amajyambere. Perezida Kagame aza kwitabira ikiganiro cy’abakuru b’ibihugu kigaruka ku ‘Iterambere rya Afurika, irya Banki Nyafurika Itsura Amajyambere ndetse n’amavugurura akenewe mu rwego mpuzamahanga rw’imari.” Inama irabanzirizwa n’ijambo rya Dr. Akinwumi Adesina Perezida wa BAD n’irya Perezida wa Banki

yageze i Nairobi aho yitabiriye inama ya AFDB Read More »

Amakipe arenga 50 azitabira ‘Memorial Rutsindura’

Irushanwa ngarukamwaka rya Volleyball rigamije kwibuka Alphonse Rutsindura wabaye umwarimu mu Ishuri rya Petit Séminaire Virgo Fidelis de Butare, rizaba ku nshuro ya 20, tariki ya 8 n’iya 9 Kamena 2024, aho amakipe arenga 50 yo mu byiciro bitanu bitandukanye ari yo azaryitabira. Rutsindura Alphonse yavutse mu 1958, avukira i Ndora mu Karere ka Gisagara,

Amakipe arenga 50 azitabira ‘Memorial Rutsindura’ Read More »

bari kuganira ku bibazo by’umutekano byambukiranya imipaka ihuza ibihugu byombi

Ku wa kabiri tariki 28 Gicurasi 2024, mu Karere ka Nyagatare, Ingabo z’u Rwanda zibarizwa muri Diviziyo ya 2 n’iya 5 zakiriye intumwa ziturutse mu ngabo za Uganda ziyobowe na Brig Gen Paul MUHANGUZI, umuyobozi wa Diviziyo ya 2 aho bari mu nama y’iminsi itatu yiga ku bibazo by’mutekano byambukiranya umupaka. Iyi nama ihuriyemo ingabo

bari kuganira ku bibazo by’umutekano byambukiranya imipaka ihuza ibihugu byombi Read More »

ababika ibiribwa muri firigo bivanze, RSB irababurira

Ikigo cy’Igihugu gitsura ubuziranenge kiraburira ababika ibiribwa babivanze mu byuma bikonjeshwa bizwi nka firigo kubera ko bishobora kubagiraho ingaruka zirimo indwara zitandukanye nk’impiswi no kuruka.  Ingaruka zishobora guturuka mu buryo butandukanye, ariko zose zishingiye ku kuba hari ibiribwa bishobora kwanduza ibindi, noneho umuntu yaramuka abikoresheje bikaba byamugiraho ingaruka. Jerome Ndahimana Umuyobozi ushinzwe ubuziranenge muri RSB

ababika ibiribwa muri firigo bivanze, RSB irababurira Read More »

bahaye abaturage serivisi z’ubuvuzi ku buntu

Ingabo z’u Rwanda zibarizwa mu Itsinda rya Battle Group VI, zikorera mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye muri Repubulika ya Centrafrique, zatanze ku buntu serivisi z’ubuvuzi ku baturage bo mu mujyi wa Bria, umudugudu wa Dahouga. iki gikorwa  cyabaye ku wa Kabiri tariki 28 Gicurasi 2024, serivisi z’ubuvuzi zatanzwe zibanze ku kugusuzuma no kuvura indwara nka malariya,

bahaye abaturage serivisi z’ubuvuzi ku buntu Read More »

bigiye kuva mu nshingano za Minisiteri y’Ingabo

Abadepite batoye itegeko rigenga ingabo z’u Rwanda nyuma yo kwemeza ubugororangingo bwari bwakozwe na Sena, bahamya ko Ibitaro bya Gisirikare by’u Rwanda bidakwiye kuba mu nzego n’ibigo by’Ingabo z’u Rwanda birebererwa na Minisitiri w’Ingabo. Tariki 23 Gicurasi ni bwo hashyizweho komisiyo ihuriweho n’imitwe yombi yari igamije kwiga ku bugororangingo bwakozwe na Sena y’u Rwanda ku

bigiye kuva mu nshingano za Minisiteri y’Ingabo Read More »

Itike ya make ni ibihumbi 30Frw! ku gitaramo agiye gukorera muri Kenya

Israel Mbonyi uri mu bahanzi bagezweho mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana yaba mu Rwanda ndetse no mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, yateguje igitaramo gikomeye agiye gukorera muri Kenya. Igitaramo ’Africa Worship Experience’ byitezwe ko kizaba ku wa 10 Kanama 2024, gitegerejwe kubera muri Stade yitwa Ulinzi Sports Complex iherereye ahitwa Langata mu Mujyi

Itike ya make ni ibihumbi 30Frw! ku gitaramo agiye gukorera muri Kenya Read More »

yatanze kandidatire ku mwanya wa Perezida yarahataniye kuyobora akarere ubugira gatatu atsindwa

Umwarimu wo mu Karere ka Nyabihu, Hakizimana Innocent, yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kandidatire ye nk’umukandida wigenga ku mwanya wa Perezida mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024. Hakizimana Innocent yatanze kandidatire ituzuye kuko hari ibyangombwa yabuze birimo icyemezo cy’ubwenegihugu nyarwanda bw’inkomoko n’ikigaragaza ko umukandida nta bundi bwenegihugu afite cyangwa yaburetse. NEC yamusabye gushaka ibyangombwa

yatanze kandidatire ku mwanya wa Perezida yarahataniye kuyobora akarere ubugira gatatu atsindwa Read More »