wex24news

Baina Ishimwe

batashye ikibuga cya Basketball cyubatswe muri ENDP Karubanda

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 28 Gicurasi 2024, Minisitiri wa Siporo, Munyangaju Aurore Mimosa ari kumwe na Masai Ujiri uyobora Umuryango Giants of Africa, batashye ku mugaragaro ikibuga cya Basketball cyubatswe mu Ishuri rya Ecole Notre Dame de la Providence de Karubanda. Minisitiri Munyangaju Aurore Mimosa yashimiye Umuryango Giants of Africa yagize ati “Iki […]

batashye ikibuga cya Basketball cyubatswe muri ENDP Karubanda Read More »

yakiriye abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Kuri uyu wa Kabiri tariki 28 Gicurasi 2024, Perezida Kagame yakiriye abantu 9 bagize Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bari bayobowe na Bruce Westerman, uyobora Komisiyo y’Umutungo Kamere. Perezida Kagame aherutse kugaragaza ko bisa n’aho Paul Rusesabagina yatumye umubano w’ibihugu byombi uhungabana. Mu biganiro bagiranye byibanze ku rugendo rw’iterambere ry’u Rwanda

yakiriye abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika Read More »

ufite ubumuga bwo kutabona Kandidatire nk’umukandida depite wigenga

Habarugira Frederic w’imyaka 43, ufite ubumuga bwo kutabona yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, Kandidatire nk’umukandida wigenga ku mwanya w’Umudepite, mu matora ategerejwe muri Nyakanga 2024. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 28 Gicurasi 2024, aho ibyangambwa byose yasabwaga yabitanze, NEC imubwira ko igiye kubisuzuma, hagira ikiburamo agasabwa kukizana. Habarugira yagize ati: “Ni byiza itegeko nubwo riteganya

ufite ubumuga bwo kutabona Kandidatire nk’umukandida depite wigenga Read More »

bwiyemeje guha Ukraine indege 30 z’intambara

Perezida Volodymyr Zelensky, ari i Bruxelles kuva kuri uyu wa Kabiri tariki ya 28 Gicurasi, kugira ngo bagirane amasezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare n’u Bubiligi. Amasezerano n’u Bubiligi afite uburemere bwihariye kuko ubwami buzaha Ukraine Indege 30 zo mu bwoko bwa F16 zizashyikirizwa Ukraine mbere ya 2028 kandi amasezerano yashyizweho umukono muri iki gitondo ateganya

bwiyemeje guha Ukraine indege 30 z’intambara Read More »

Kigali International Peace Marathon ya 2024 Abasaga 5000 bamaze kwiyandikisha

Mu gihe habura iminsi 11 ngo habe isiganwa mpuzamahanga rya Kigali International Peace Marathon, abagera ku 5575 bamaze kwiyandikisha ngo bazaryitabire mu byiciro bitandukanye. Marathon Mpuzamahanga ya Kigali yitiriwe amahoro, iheruka gushyirwa ku rwego rwa gatatu rw’amarushanwa akomeye ku Isi ’Global Elite Label Status’. Ishyirahamwe ry’Imikino Ngororamubiri mu Rwanda ryatangaje ko mu gihe habura iminsi

Kigali International Peace Marathon ya 2024 Abasaga 5000 bamaze kwiyandikisha Read More »

bafashwe na M23 basabye imiryango mpuzamahanga kubafasha gutaha

Abasirikare b’u Burundi bafashwe n’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru iri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, basabye imiryango mpuzamahanga kubafasha gutaha kuko Leta yabo yabihakanye. Mu ntangiriro za Gicurasi 2024, M23 yafatiye abandi basirikare b’u Burundi mu gace kitwa Rukara, nyuma y’aho bagenzi babo bari kumwe babasize ku

bafashwe na M23 basabye imiryango mpuzamahanga kubafasha gutaha Read More »

Abantu bitwaje intwaro bahitanye abagera ku 8 bashimuta 150

Abagabo bitwaje imbuda bateye umudugudu wahitwa Kuchi muri Nigeria bica abantu 8 banashimuta abandi 150. Ibi byatangajwe na Guverineri, Aminu Najum, aho yabwiye ibiro ntaramakuru by’abafaransa, AFP ko abagabye igitero bari ku mapikipiki biroshye mu mudugudu wa Kuchi bica abantu umunani banafata bugwate ababarirwa mu 150. Guverineri Aminu Najum, yamaganiye kure ubwo bushimusi bwakozwe nayo

Abantu bitwaje intwaro bahitanye abagera ku 8 bashimuta 150 Read More »

akomeje ku mwanikira mu bahabwa amahirwe yo kuyobora Amerika

Donald Trump akomeje kuza imbere ya Joe Biden uyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu bahabwa amahirwe yo kuzatsinda amatora ateganyijwe mu mpera z’uyu mwaka. Trump ahabwa amahirwe angana na 45.8% yo gutsinda mu gihe Biden afite 44%, bivuze ko Trump arusha Biden amahirwe arenga 1.5% Kugira ngo utsindire kuyobora Amerika, bisaba kuba wakusanyije abahagarariye

akomeje ku mwanikira mu bahabwa amahirwe yo kuyobora Amerika Read More »

UNITAR na Polisi ya Suède bagiranye ibiganiro na Polisi y’u Rwanda

DCG Jeanne Chantal Ujeneza umuyobozi mukuru wungirije wa Polisi ushinzwe ubutegetsi n ‘abakozi, yakiriye instinda ry’intumwa za Polisi ya Suede n’ikigo cy’umuryango w’Abibumbye gishinzwe amahungurwa n’Ubushakashatsi. Madamu Ann-Charlotte Gustafsson,  ushinzwe Iterambere n’Ubutwererane muri Polisi ya Suède n’abakozi b’ikigo cya UNITAR; Claudia Croci na Andreas Andersson, bari mu ruzinduko mu Rwanda rugamije gushimangira ubufatanye busanzweho hagati

UNITAR na Polisi ya Suède bagiranye ibiganiro na Polisi y’u Rwanda Read More »

Urukiko rwasubitse imirimo kubera amikoro make

Urukiko rw’ubutabera rw’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba rukorera Arusha muri Tanzania rwabaye ruhagaritse imirimo kubera kubura amafaranga yo gukoresha. Byatewe n’uko ibihugu binyamuryango bitaratanga amafaranga y’umusanzu bisabwa ngo ibikorwa bya EAC bishoboke. Uru rukiko rwagaragaje ko ibyo bibazo bije byiyongera ku bwinshi bw’ibirego bisaga 200 rutarakemura. Mu itangazo ryashyizwe hanze urwo rukiko rwatangaje ko rubabajwe no

Urukiko rwasubitse imirimo kubera amikoro make Read More »