wex24news

Baina Ishimwe

Taiwan igiye guhabwa intwaro zikomeye

 Michael McCaul Umudepite uyoboye Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga mu Nteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko Taiwan igiye guhabwa intwaro zikozwe mu buryo bw’ikoranabuhanga ry’Abanyamerika zigezweho ugereranyije n’iza Ukraine. McCaul yatangaje ko izi ntwaro zigiye kuza kuri iki kirwa, mu gihe u Bushinwa bwo bwihanangirije Abanyamerika ko ingaruka zizava muri uku gutanga […]

Taiwan igiye guhabwa intwaro zikomeye Read More »

yahaye iminsi mbarwa umusimbura we muri FC Barcelone

Xavi Hernández watozaga FC Barcelone, yavuze ko umutoza uzamusimbura muri iyi kipe atazoroherwa n’izo nshingano. Xavi w’imyaka 44, yirukanywe mbere yo gutoza umukino wa nyuma yatsinzemo FC Seville ibitego 2-1 ku Cyumweru. umudage Hansi Flick watoje u Budage na Bayern Munich ni we byitezwe ko azamusimbura. Xavi Hernandez yagize ati “Ku mutoza mushya, ndakubwiye ngo

yahaye iminsi mbarwa umusimbura we muri FC Barcelone Read More »

ntateze huhagarika intambara muri Gaza

Benjamin Netanyahu Minisitire w’Intebe wa Israel yatangaje ko Ingabo z’igihugu cye zizakomeza kugaba ibitero mu gace ka Rafah kari muri Gaza. Israel iherutse kugaba igitero karundura cyahitanye abaturage barenga 45, gituma ibihugu n’imiryango mpuzamahanga nk’uw’Ubumwe bw’u Burayi, yose inenga imyitwarire y’iki gihugu. Netanyahu yavuze ko adafite gahunda yo guhagarika iyi ntambara nubwo igitutu cy’amahanga gikomeje

ntateze huhagarika intambara muri Gaza Read More »

Abagororwa n’imfungwa barenga 6300 bigira muri gereza

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko imibare y’abanyeshuri bigira muri za gereza yagabanyutseho 42% mu mwaka wa 2023, bagera kuri 6,376 bavuye ku barenga ibihumbi 11 mu mwaka w’amashuri wari wabanje. Muri gereza zitandukanye mu Rwanda habamo amashuri yigisha imyuga n’ubumenyingiro ndetse mu ya Nyagatare igororerwamo abana batarageza u myaka 18, habamo amashuri ahera ku cyiciro cy’abanza.

Abagororwa n’imfungwa barenga 6300 bigira muri gereza Read More »

aravugwaho gukoresha ijambo risebya abaryamana bahuje ibitsina

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku rwego rw’Isi, Papa Francis, ari mu mazi abira. Kuva kera yakunze kugaragara avuga abaryamana bahuje ibitsina neza, ariko muri iyi minsi imvugo yahindutse Uyu Mushumba yabivuze ubwo yakira inama ya Conferenza Episcopale Italiana ya Kiliziya Gatolika mu Butaliyani, nk’uko byatangajwe na bimwe mu binyamakuru byo muri icyo gihugu. Byatangiye Papa

aravugwaho gukoresha ijambo risebya abaryamana bahuje ibitsina Read More »

bakurikiranweho urupfu rw’umukerucu w’imyaka 95

Abarimo umugabo wari ukuriye irondo ndetse n’umushumba mu Murenge wa Rwaniro mu Karere ka Huye, bafashwe n’inzego z’umutekano bakekwaho icyaha cyo kwica umukecuru babanaga mu rugo rumwe. umukecuru w’imyaka 95 witwaga Nakabonye Venantie yagaragaye yapfuye, bigakekwa ko yaba yanizwe n’umuhungu we witwa Shumbusho Viateur w’imyaka 48 ndetse n’umushumba wabaga mu rugo rwe witwa Nkurikiyumukiza Emmanuel

bakurikiranweho urupfu rw’umukerucu w’imyaka 95 Read More »

Impamvu yasubikwa ryo gutanga impamyabumenyi ku banyeshuri 150

Usanase Bahavu Jannet yatangaje ko yasubitse gutanga impamyabumenyi ku banyeshuri yafashije gutangira urugendo rwa Sinema, nyuma y’ukwezi kwari gushize abitangaje. Ndayirukiye Fleury umugabo wa Bahavu yavuze ko bafashe iki cyemezo biturutse ku kuba itariki yari yatangaje bazatangiraho impamyabumenyi yarahuriranye n’ibihe byo kwiyamamaza kw’Abakandida ku Mwanya wa Perezida wa Repubukika no ku ba Depite. Bahavu avuga

Impamvu yasubikwa ryo gutanga impamyabumenyi ku banyeshuri 150 Read More »

yasezereye abakinnyi bayo batatu

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’, Frank Spittler Torsten, yatangiye kugabanya abakinnyi afite mu mwiherero aho yahereye kuri batatu barimo babiri ba Gorilla FC ndetse n’Umunyezamu Niyongira Patience wa Bugesera FC. Amavubi amaze iminsi umunani atangiye umwiherero wo kwitegura imikino ibiri azahuramo na Bénin ndetse na Lesotho mu matsinda yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026. Umutoza

yasezereye abakinnyi bayo batatu Read More »

 barashimirwa uruhare rwabo mu iterambere ry’abaturage

Mutsinzi Antoine Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere ka Kicukiro avuga ko ubuyobozi muri rusange bushima uruhare rw’abafatanyabikorwa mu iterambere ry’Akarere, kuko ibikorwa byabo byigaragaza mu gufasha abaturage kwikura mu bukene. Abafatanyabikorwa b’Akarere ka Kicukiro, bamuritse ibikorwa bakora birimo Ubugeni, Ubuhinzi n’ubworozi, Ikoranabuhanga , Inzu z’imideri ndetse na Serivisi z’ubuzima n’imibereho myiza bitangwa n’imiryango n’ibigo bitandukanye bikorera muri

 barashimirwa uruhare rwabo mu iterambere ry’abaturage Read More »

Ikigo cyitezweho guhangana na ChatGPT cyagize agaciro ka miliyari 24$

 Ikigo XAI cy’ubwenge buhangano cy’umuherwe Elon Musk, cyabashije gukusanya inkunga ya miliyoni $6 mu bashoramari bizera ko kizatera imbere kandi kigatanga umusaruro ufatika, bituma agaciro kacyo kazamuka kagera kuri miliyoni 24$ Aba bashoramari bashoye akayabo muri iki kigo, bavuze ko bafite icyizere ko kizatanga akazi gakomeye mu ihangana kirimo n’ibindi bigo birimo n’icya OpenAI cyakoze

Ikigo cyitezweho guhangana na ChatGPT cyagize agaciro ka miliyari 24$ Read More »