wex24news

Baina Ishimwe

yasezerewe ku mukino wa mbere w’ ijonjora

Bwa mbere mu mateka ye mu Irushanwa rya French Open ryamamaye nka Roland-Garros, Rafael Nadal yasezerewe mu ijonjora rya mbere nyuma yo gutsindwa na Alexander Zverev 6-3 7-6(5) 6-3.  Abafana b’i Paris basigaye bibaza niba Nadal wegukanye Roland-Garros inshuro 14 ashobora kuzongera kugaruka muri iri rushanwa yayoboye mu myaka 20 ishize. Nadal umaze gutwara amarushanwa […]

yasezerewe ku mukino wa mbere w’ ijonjora Read More »

Umuforomo yatanze kandidatire ku mwanya w’abadepiteUmuforomo

Muhorakeye Nicole Visi Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yakiriye kandidatire ya Tuyizere Donatha usanzwe ari umuforomo wo mu Karere ka Rubavu. Tuyizere umaze imyaka icyenda ari umuforomo muri Clinic Saint Immaculée iherereye mu Murenge wa Nyundo ahazwi nka Mahoko, yavuze ko yizeye gutorwa akazafasha abaturage kubabera ijwi nk’uko bikwiye. Tuyizere yagize ati “Mu buzima busanzwe

Umuforomo yatanze kandidatire ku mwanya w’abadepiteUmuforomo Read More »

umumotari yatanze kandidatire ku mwanya w’abadepite

NEC yakiriye kandidatire ya Ntawuyirushintege Théogène usanzwe ari umumotari akaba n’umunyeshuri muri IPRC Kigali yatanze kandidatire ye nk’umukandida wigenga ku mwanya w’umudepite. Ntawuyirushintege Théogène yagize ati “Mbere na mbere kuba ndi Umunyarwanda kandi ibyangombwa bisabwa mbyujujwe nicyo cya mbere cyabinteye. Si byo byonyine kuko turi mu gihugu cyiza.” Yakomeje ati “Nagiye ngira imbogamizi zitandukanye mu

umumotari yatanze kandidatire ku mwanya w’abadepite Read More »

yagiriwe inama yo gutumira Abatalibani no kubakuriraho ibihano

Guverinoma y’u Burusiya yatumiye Abatalibani bayobora Afghanistan mu nama mpuzamahanga y’ubukungu izabera mu mujyi wa St Petersburg kuva tariki ya 5 kugeza ku ya 8 Kamena 2024. Ni icyemezo cyaturutse ku nama Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’iy’Ubutabera z’u Burusiya zagiriye Perezida Vladimir Putin nk’uko byatangajwe n’ibiro ntaramakuru TASS by’Abarusiya. Umutwe w’Abatalibani washinzwe mu 1994, kuva mu

yagiriwe inama yo gutumira Abatalibani no kubakuriraho ibihano Read More »

muri Shampiyona ya Arabie Saoudite yaciye agahigo ko gutsinda ibitego byinshi

Cristiano Ronaldo yashyizeho agahigo gashya ko gutsinda ibitego byinshi mu mwaka umwe wa Shampiyona ya Arabie Saoudite aho yatsinze bibiri mu mukino wa Al-Nassr na Al-Ittihad, ageza ibitego 35. Ronaldo w’imyaka 39, yatsinze ibitego bibiri muri 4-2 ikipe ye yatsinzemo uyu mukino, atambuka ku gahigo kari kashyizweho na Abderrazak Hamdallah watsinze ibitego 34 mu mwaka

muri Shampiyona ya Arabie Saoudite yaciye agahigo ko gutsinda ibitego byinshi Read More »

 yashyikirijwe ubutumwa bwa Col Assimi Goïta wa Mali

Perezida Paul Kagame yakiriye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Mali, Abdoulaye Diop, amugezaho ubutumwa bwa Perezida w’iki gihugu, Col Assimi Goïta. Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Minisitiri Abdoulaye Diop ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 27 Gicurasi mu 2024, muri Village Urugwiro. Ni ibiganiro byanitabiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta.

 yashyikirijwe ubutumwa bwa Col Assimi Goïta wa Mali Read More »

yaganiriye n’ ushinzwe umutekano wo mu muhanda muri Loni

Perezida Paul Kagame yakiriye mu biro bye Intumwa yihariye y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe umutekano wo mu muhanda, Jean Todt.  Jean Todt yifatanyije na Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Jimmy Gasore mu gikorwa cyo gutangiza ikoreshwa rya casques zigezweho ku bamotari bose, zifite ubuziranenge bwisumbuye ugereranyije n’izari zisanzweho. Mu gutangiza ikoreshwa ry’izi casques nshya, Minisitiri Dr Jimmy Gasore yavuze ko

yaganiriye n’ ushinzwe umutekano wo mu muhanda muri Loni Read More »

Akora mu bukerarugendo yatanze kandidatire ku mwanya w’umudepite

Niyitanga Fiston ufite Ikigo gitanga Serivisi z’ubukerarugendo mu Rwanda, Uganda no muri Kenya cyitwa Fiston Tours yatanze kandidatire ye ku mwanya w’Umudepite mu cyiciro cyihariye cy’urubyiruko. Niyiyanga Fiston Yagize ati “Ni ibintu nahoze kuva kera ntekereza rero umunsi wari uyu ni yo mpamvu nje kugerageza.” akomeza agira ati “Ntabwo nzava mu bukerarugendo, ariko kandi umuntu uburimo

Akora mu bukerarugendo yatanze kandidatire ku mwanya w’umudepite Read More »

yahamije itandukana rye n’umuherwe Kevin Sowax

Umunyamidelikazi Hamisa Mobetto uhagaze neza muri Tanzania, yahishuye ko yamaze gutandukana n’umuherwe Kevin Sowax anakomoza ku buzima bwe bw’urukundo. Muri Nyakanga 2023 ni bwo Hamisa Mobetto yatangiye kuvugwa mu rukundo n’umugabo witwa ‘Kevin Sowax’ w’umuherwe ukomoka mu gihugu cya Togo. Icyo gihe uyu mugabo yaje gusangiza abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga ze amafoto y’iyi modoka na

yahamije itandukana rye n’umuherwe Kevin Sowax Read More »

yigambye ko Amerika ariyo gihangange kw’ Isi

Perezida wa Amerika, Joe Biden yavuze ko Amerika ari cyo gihugu cyonyine cy’igihangange ku isi kandi ariyo iyoboye Demokarasi. amagambo Joe Biden yagarutseho ubwo yagezaga ijambo ku barangije mu ishuri rya gisirikare rya West Point muri New York. Joe Biden yagize ati “Turashimira ingabo za Amerika, dukora ibyo Amerika yonyine ishobora gukora nk’igihugu cy’ingirakamaro, igihugu

yigambye ko Amerika ariyo gihangange kw’ Isi Read More »