wex24news

Baina Ishimwe

bongeye gusubirana nyuma y’igihe baratadukanye

Umuraperi Benito Antonio Martínez Ocasio wamenyekanye nka Bad Bunny n’Umunyamideli Kendall Jenner, bongeye kugaragara bahuje urugwiro nyuma y’igihe bivuzwe ko batandukanye. Aba bombi bongeye kugaragara bahuje urugwiro mu birori bya ‘After Party’ bya Met Gala nyuma y’igihe, Kuri ubu aba bombi bakomeje kugaragara bari kumwe kenshi, ibintu bigaragaza ko urukundo rwabo rwongeye kuzahuka. yashyizwe hanze […]

bongeye gusubirana nyuma y’igihe baratadukanye Read More »

yasabye imbabazi nyuma yo gufungirwa mu Buholandi

Umuhanzikazi Nicki Minaj yasabye imbabazi abakunzi be nyuma yo gufungirwa mu Mujyi wa Amsterdam kuri uyu wa Gatandatu tariki 25 Gicurasi. Nicki Minaj yafunzwe akekwaho gutwara ibiyobyabwenge birimo urumogi. Uyu muhanzikazi yafashwe ari kwerekeza mu Bwongereza mu gitaramo kiri mu by’uruhererekane yise “Pink Friday 2’’. Nyuma Nicki Minaj yaasabye imbabazi abafana be ati “Ndabakunda, kandi

yasabye imbabazi nyuma yo gufungirwa mu Buholandi Read More »

 Bibutse Abatutsi bishwe mu bigo bishamikiye kuri Diyosezi ya Kabgayi

 Mu karere ka Muhanga bibutse Abatutsi bazize Jenoside mu bigo, barimo amashuri, ibitaro, abihaye Imana abakozi b’ibyo bigo n’Abatutsi bari bahungiyeyo. Ntivuguruzwa  Balthazar Musenyeri wa Diyosezi ya Kabgayi avuga ko kwibuka ku rwego rwa Kabgayi, ari uburyo bwo kwigisha ababyiruka amateka nyayo yaranze Jenoside yakorewe Abatutsi, ngo bakurane inyigisho nziza zibubaka, dore ko Kabgayi igizwe n’ibigo

 Bibutse Abatutsi bishwe mu bigo bishamikiye kuri Diyosezi ya Kabgayi Read More »

igisirikare cyamukatiye igifungo cya burundu

Mariusz Majewski ukomoka muri Pologne yakatiwe igifungo cya burundu, urukiko rukuru rw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ubwo rwari rumaze kumuhamya icyaha cyo kuneka no kwangiza ibikorwa bya gisirikare. Majewski yatawe muri yombi muri Gashyantare 2024, ashinjwa kugirana umugambi n’amabandi y’umutwe witwaje intwaro wa Mobombo wo kujya afotora ibikorwa byawo. RFI yabitangaje, nyina wabo

igisirikare cyamukatiye igifungo cya burundu Read More »

Byahishuwe ko yabikoze ashakaga kumenyekana gusa

Dr Murangira B. Thierry umuvugizi wa RIB, yahishuye ko Hategekimana Emmanuel wigambye ko yatumwe na Satani kwica Pasiteri Niyonshuti Théogène wamenyekanye nk’Inzahuke, yashakaga kumenyekana. Pasiteri Niyonshuti Theogene wari mu bavugabutumwa bakunzwe mu Rwanda yitabye Imana muri Kamena 2023, azize impanuka y’imodoka. Ku muyoboro wa YouTube hagaragaye Hategekimana avuga ko we n’abandi bagenzi be batumwaga na

Byahishuwe ko yabikoze ashakaga kumenyekana gusa Read More »

irushanwa ry’Agaciro Pre- Season Tournament rizaba ikinwa ku nshuro ya gatatu

Imikino ihuza amakipe atandukanye ari mu biruhuko imaze kumenyerwa nka ’Agaciro Pre- Season Tournament’ izaba ikinwa ku nshuro ya gatatu uhereye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 25 Gicurasi 2024. rushanwa rizabera ku bibuga bya Kigali Pele Stadium na Mumena, rigiye guhuriza hamwe amakipe 16 azaba ahatanira igikombe. Sindayigaya Ramadhan utegura ino mikino Yagize ati:

irushanwa ry’Agaciro Pre- Season Tournament rizaba ikinwa ku nshuro ya gatatu Read More »

Jolly Mutesi na Raila Odinga bahuriye Kaminuza ya Oxford

Jolly Mutesi umaze iminsi mu Bwongereza aho yitabiriye Inama ihuza Abanyafurika biga muri Kaminuza ya Oxford, yahahuriye na Raila Odinga wigeze kuba Minisitiri w’Intebe wa Kenya. Jolly Mutesi yagize ati “Umunsi wa mbere w’inama ihuza Abanyafurika biga muri Kaminuza ya Oxford, nagize amahirwe yo guhura na Raila Odinga ambwira ko akunda u Rwanda.” Mutesi Jolly

Jolly Mutesi na Raila Odinga bahuriye Kaminuza ya Oxford Read More »

arashaka manda ya kabiri nubwo ubutegetsi bwe bushinjwa gusubiza inyuma igihugu

Afurika y’Epfo ibigugu muri politiki y’iki gihugu biri kwitegura amatora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko ari yo azagena uzatorerwa kuba Perezida tariki 29 Gicurasi 2024. Cyril Ramaphosa w’imyaka 71 usanzwe ari Perezida ku itike y’ishyaka ANC ni we uhabwa amahirwe nubwo kuri iyi nshuro ishyaka rye rishobora kuzatsinda ku bwiganze buke, ibintu bizaba bibayeho bwa mbere

arashaka manda ya kabiri nubwo ubutegetsi bwe bushinjwa gusubiza inyuma igihugu Read More »