wex24news

Baina Ishimwe

Umufundi yatanze kandidatire ku mwanya w’Umudepite

Mwubahamana Vicent Ferrire usanzwe ari umufundi yagejeje kuri Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kandidatire ye nk’umukandida wigenga mu matora y’Abadepite ateganyijwe muri Nyakanga 2024. Mwubahamana yagize ati “Mu buzima busanzwe nkora akazi k’igifundi. Ndikorera, nize ibijyanye no kubaka ariko ubu ndi kwiga amategeko. Mbaho mu buzima rusange bwo guhura n’abantu bakora imirimo yo kubaka n’abandi bakora imirimo itanditse […]

Umufundi yatanze kandidatire ku mwanya w’Umudepite Read More »

isomwa ry’urubanza ryasubitswe

rukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwasubitse isomwa ry’urubanza ruregwamo umunyemari Nsabimana Jean uzwi nka Dubai rwagombaga gusomwa kuri uyu wa 24 Gicurasi 2024. Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko ko Dubai yafungwa imyaka irindwi, akanatanga ihazabu ya miliyoni 3 Frw ndetse n’imitungo ye yafatiriwe, ikazavamo ubwishyu nk’uko bamwe mu baguze inzu babisabye mu mabazwa yabo. Nkulikiyimfura Theopiste wari enjeniyeri

isomwa ry’urubanza ryasubitswe Read More »

uburwayi bukomeye bwakomye mu nkokora ibikorwa by’umuziki we

Tems yahishuye ko muri iyi minsi yahuye n’uburwayi bukomeye butuma atinda gushyira hanze album ye ya mbere yahurijemo abahanzi bakomeye barimo Rihanna. Tems yatagaje ko uburwayi yahuye nabwo bwamuzahaje bigatuma afata icyemezo cyo gusubika igihe yagombaga kumurika album ye ya mbere muri 2021 ariko arabisubika. Tems yatagaje ko abonye kumurika album bikomeje kwanga yahise afata

uburwayi bukomeye bwakomye mu nkokora ibikorwa by’umuziki we Read More »

bagiyegitaramira mu bwongereza banateguza canada

Bruce Melody na Producer Element berekeje mu mujyi wa London mu gihigu cyu Bwongereza aho bafite igitaramo baboneraho no guteguza ababa mu gihugu cya Canada. Bazaririmba mu gitaramo cyitwa ‘Shady Mixtape Party Festival’ kizabera ku mucanga wa Berwick, abagitegura batangaje ko rizaba mu gihe cy’iminsi 2 taliki 25-26 Gicurasi 2024. Iri serukiramuco ribera mu mujyi

bagiyegitaramira mu bwongereza banateguza canada Read More »

Perezida yajyanywe kwa muganga nyuma yaho akomerekeye mu masiganwa

 Petr Pavel Perezida wa Repubulika ya Czech yajyanywe kwa muganga nyuma yo kugushwa na moto yari atwaye ari mu isiganwa arakomereka, nk’uko byemejwe n’abashinzwe itangazamakuru mu biro bye. Perezida Pavel w’imyaka 62, azwiho gukunda moto cyane. Muri iki gihe biravugwa ko afite moto yo mu bwoko bwa BMW R1200 GS. Ibiro bye byagize biti “ibikomere bye

Perezida yajyanywe kwa muganga nyuma yaho akomerekeye mu masiganwa Read More »

Butera Michael uherutse guhabwa inshingano na Perezida Kagame yuzuye ibyishimo

Butera Michael Mgasa, umuhanga mu birebana n’amategeko cyane cyane ajyanye n’ikoranabuhanga, akomeje kugira ibyishimo by’uruhurirane nk’uko yabisangije abamukurikira. Ku wa 22 Gicurasi 2024 ni bwo Perezida Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri yanashyize mu myanya abayobozi batandukanye. Muri abo harimo Butera Michael Mgasa yagaragaje ishimwe risendereye rimwuzuye umutima ati: ”Uyu munsi nasoje amasomo muri Kaminuza y’Amategeko ya

Butera Michael uherutse guhabwa inshingano na Perezida Kagame yuzuye ibyishimo Read More »

Niger yatangiye kohereza peteroli mu mahanga

Niger yatangiye kohereza peteroli mu mahanga nyuma y’imyaka irindwi iri kubaka umuyoboro uzajya uyihuza n’icyambu cya Seme kiri muri Benin, cyane ko idakora ku nyanja. Ni umuyoboro wahenze cyane kuko watwaye miliyari 5$, wuzura ku bufatanye bw’ibigo bikora muri uru rwego, birimo n’ibyo mu Bushinwa byagize uruhare mu kuwubaka. Kugeza ubu Niger ishobora kohereza utugunguru

Niger yatangiye kohereza peteroli mu mahanga Read More »

umuhango wo gushyingura Perezida Ebrahim Raisi witabiriwe nabasaga miliyoni 3

Perezida wa Iran, Ebrahim Raisi, ku wa Kane tariki 23 Gicurasi 2024 yashyinguwe mu mujyi yavukiyemo wa Mashhad, nyuma y’iminsi ine azize impanuka ya kajugujugu. Umuhango wo guherekeza Perezida Raisi yerekana imbaga y’abantu yateraniye muri imwe mu mihanda minini y’umujyi w’Amajyaruguru y’Iburasirazuba mbere yo kumushyingura. Abandi bantu barindwi bapfuye bazize impanuka ya Kajugujugu washyinguwe ku

umuhango wo gushyingura Perezida Ebrahim Raisi witabiriwe nabasaga miliyoni 3 Read More »

yitabiriye inama yasinze hitabazwa igipimo cya polisi

 Mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Nyamirama umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Gikaya , yitabiriye inama ku Murenge ayigeramo akerewe ndetse yanasinze bigaragara, hitabazwa igipimo cya Polisi basanga afite hejuru ya 400%. Murenge wa Nyamirama hakorwaga inama yaguye y’umutekano y’Umurenge, yigaga ku gucunga umutekano no kurinda ibintu by’abaturage. Yitabiriwe n’abakuru b’Imidugudu, abayobozi b’Utugari, abakozi b’Umurenge

yitabiriye inama yasinze hitabazwa igipimo cya polisi Read More »