wex24news

Baina Ishimwe

UNESCO yanditse mu murage w’Isi inzibutso 4

Bamwe mu bayobozi bo mu nzego zitandukanye bagaragaje ko kuba UNESCO yaranditse mu murage w’Isi inzibutso enye za Jenoside yakorewe abatutsi, bigiye gufasha mu kwigishwa amateka y’u Rwanda ku Isi hose cyane cyane mu mashuri, bigabanye bamwe mu bagifite ingengabitekerezo n’ipfobya rya Jenoside yakorewe abatutsi. Ibi byagaragajwe kuri uyu wa Gatatu tariki ya 22 Gicurasi […]

UNESCO yanditse mu murage w’Isi inzibutso 4 Read More »

amasezerano y’imyaka itatu yo kumenyekanisha u Rwanda

FIFVE ishyirahamwe ry’Imikino y’Abakanyujijeho ku Isi bwasinyanye amasezerano y’imyaka itatu n’Ikigo gishinzwe kumenyekanisha udushya n’ibisubizo u Rwanda rwishatsemo. Iri shyirahamwe niryo ritegura Igikombe cy’Isi cy’Abakanyujijeho muri ruhago ku Isi giteganyijwe i Kigali tariki 1 kugeza 10 Nzeri 2024. Mu gihe imyiteguro irimbanyije, ubuyobozi bwa VCWC n’ubwa Rwanda Cooperation byasinyanye amasezerano y’imyaka itatu azafasha impande zombi

amasezerano y’imyaka itatu yo kumenyekanisha u Rwanda Read More »

igicumbi cy’ikoranabuhanga rikoreshwa mu nzego zinyuranye mu Rwanda

Ubuyobozi Bukuru bwa BK Group Plc, bwatangaje ko ku bufatanye n’abafatanyabikorwa bayo, bushaka gushyira ingufu mu gutanga umusanzu mu iterambere ry’abaturage binyuze mu kubaka ikoranabuhanga rizarushaho koroshya imibereho ya buri munsi. Béata Habyarimana Umuyobozi Mukuru wa BK Group Plc yavuze ko binyuze mu Kigo cyayo cya BK Tech house, hazashyirwa ingufu mu guteza imbere ikoranabuhanga

igicumbi cy’ikoranabuhanga rikoreshwa mu nzego zinyuranye mu Rwanda Read More »

yihanagirije abamuza ku itandukana rye n’umugabo we

Jennifer Lopez yatandukanye n’umugabo we Ben Affleck ubu yamaze kwiyama abantu babimubazaho yaba mu itangazamakuru cyangwa ku mbuga nkoranyambaga. Jenifer Lopez yamaze gutandukana n’umugabo we Ben Affleck bari bamaze imyaka 2 barushinze,kuva aya makuru yatagazwa Jenifer n’umugabo we bakomeje kugarukwaho cyane mu binyamakuru bitandukanye hibazwa icyaba cyaratandukanyije. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru mu gihungu cya Mexique

yihanagirije abamuza ku itandukana rye n’umugabo we Read More »

yasabye ibihugu yise biteye imbere gutambamira icyifuzo cy’Umushinjacyaha wo mu rukiko rwa ICC

Israel yasabye ibihugu yise biteye imbere gutambamira icyifuzo cy’Umushinjacyaha wo mu Rukiko Mpanabyaha mpuzamahanga (ICC), usaba impapuro zo guta muri yombi abayobozi ba Israel, zikwiye kwimwa agaciro. Minisitiri w’Ingabo wa Israel Yoav Gallant yavuze ko bibabaje kandi biteye isoni kwivanga mu ntambara Israel imazemo amezi asaga arindwi ihanganye n’umutwe wa Hamas. Uburakari bwa Israel kuri

yasabye ibihugu yise biteye imbere gutambamira icyifuzo cy’Umushinjacyaha wo mu rukiko rwa ICC Read More »

abafite umugambi wo gutera u Rwanda tubasengere

Prof Dr Rwigamba Balinda washinze Kaminuza Yigenga ya Kigali, yasabye abarimo abanyeshuri biga muri iyo kaminuza gusengera abashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda uwo mudayimoni ubibatera akabavamo, anakomoza ku mutekano muke uri muri bimwe mu bihugu bikikije u Rwanda ku buryo ababituye bari kwicwa mu buryo bwa jenoside. Nu butumwa aherutse gutanga ubwo abayobozi, abakozi n’abanyeshuri

abafite umugambi wo gutera u Rwanda tubasengere Read More »

ibishushanyo mbonera by’uturere umunani byemejwe

Inama y’Abamisitiri yateranye kuri uyu wa 22 Gicurasi 2024, iyobowe na Perezida Paul Kagame yemeje iteka rya Minisitriri rishyiraho ibishushanyo mbonera by’imikoreshereze n’imitunganyirize by’ubutaka by’uturere twa Gakenke, Kirehe, Musanze, Ngoma, Nyaruguru, Rubavu, Rulindo na Rwamagana. Ni umwanzuro uje nyuma y’uko mu 2022 hemejwe igishushanyo mbonera cy’imikoreshereze y’ubutaka ku rwego rw’igihugu, kigamije guherekeza u Rwanda kugera

ibishushanyo mbonera by’uturere umunani byemejwe Read More »

yegukanye Europa League ihagaritse agahigo ka Bayer Leverkusen 

Ikipe ya Atalanta yo mu Butaliyani, yegukanye Igikombe cya Europa League nyuma yo kunyagira Bayer Leverkusen ibitego 3-0, ihagarika agahigo k’imikino 51 iyi kipe yo mu Budage yari imaze idatsindwa. Uyu mukino wa nyuma wabereye muri Irlande, wahuje Bayer Lerverkusen yawukinaga bwa gatatu ndetse ibura imikino ibiri gusa ngo isoze umwaka w’imikino idatsinzwe, na Atalanta

yegukanye Europa League ihagaritse agahigo ka Bayer Leverkusen  Read More »

agiye kongera kwiyamamariza kuba Umudepite

Ndangiza Madina usanzwe mu Nteko Ishinga Amategeko yongeye kugaragaza ubushake bwo guhagararira Abanyarwanda mu mutwe w’Abadepite anyuze mu cyiciro cyihariye cy’abagore. Ndangiza yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kandidatire ye kuri uyu wa 22 Gicurasi 2024 ashimangira ko hari byinshi yishimira muri manda ye ya mbere yari amaze mu Nteko bityo ko yiteze kuzayisubiramo agakomereza aho bari

agiye kongera kwiyamamariza kuba Umudepite Read More »