APR FC mu nzira zo gutandukana n’abakinnyi 10
Ikipe ya APR FC ifite gahunda yo gutandukana n’abakinnyi 10 basanzwe bakinira iyi kip,e gusa aba ntibarimo abanyamahanga bayo batandatu yaguze ubwo uyu mwaka wa shampiyona watangiraga. Amakuru ahari avuga ko icyemezo cyamaze gufatwa ko hari abakinnyi batazakomezanya na APR FC mu mwaka wa shampiyona utaha nyuma yo kugaragaza urwego rutanyuze iyi kipe. Harimo ba […]
APR FC mu nzira zo gutandukana n’abakinnyi 10 Read More »