wex24news

Baina Ishimwe

APR FC mu nzira zo gutandukana n’abakinnyi 10

Ikipe ya APR FC ifite gahunda yo gutandukana n’abakinnyi 10 basanzwe bakinira iyi kip,e gusa aba ntibarimo abanyamahanga bayo batandatu yaguze ubwo uyu mwaka wa shampiyona watangiraga. Amakuru ahari avuga ko icyemezo cyamaze gufatwa ko hari abakinnyi batazakomezanya na APR FC mu mwaka wa shampiyona utaha nyuma yo kugaragaza urwego rutanyuze iyi kipe. Harimo ba […]

APR FC mu nzira zo gutandukana n’abakinnyi 10 Read More »

Nta matora rusange ya Perezida wa Repubulika azongera kubaho

Itegeko nshinga rya Togo rishya ryamaze gutangazwa mu igazeti ya Leta, ryemeje ko nta matora rusange y’Umukuru w’Igihugu azongera kubaho, ahubwo azajya atorwa n’abagize Inteko Ishinga Amategeko. Iri tegeko nshinga ryasohotse mu igazeti aho ritegenya ibigomba gukorwa byose kugira ngo muri Togo hashyirweho Repubulika ya gatanu ndetse inzego zigomba gushyirwa mu myanya mu mezi 12.

Nta matora rusange ya Perezida wa Repubulika azongera kubaho Read More »

Havumbuwe urukingo rw’ibicurane ruzakora nk’umuti.

Abashakashatsi bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu kigo Albert Einstein College of Medicine, bavumbuye umuti uzajya ukora nk’urukingo rw’ibicurane, ku buryo ufasha mu gukumira iyo ndwara mbere y’uko ikwirakwira mu mubiri w’umuntu. Nibura buri mwaka, abantu basaga miliyari ku Isi barwara ibicurane nk’uko Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Ubuzima ribigaragaza. Imiti ihari isanzwe ivura

Havumbuwe urukingo rw’ibicurane ruzakora nk’umuti. Read More »

PDI ihagaririwe n’ abakandida 55 mu matora y’Abadepite

Ishyaka Ntangarugero muri Demokarasi, PDI, ryashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora urutonde rw’abazarihagararira mu matora ateganyijwe muri Nyakanga 2024 ku mwanya w’Abadepite. Amb. Harerimana Fatou Visi Perezida wa Kabiri wa PDI aherekejwe na Senateri Murangwa Hadidja uhagarariye itsinda rishinzwe ibikorwa byo kwiyamamaza muri PDI muri aya matora n’abandi barwanashyaka. Ambasaderi Harerimana Fatou yavuze ko hatanzwe urutonde rw’abantu

PDI ihagaririwe n’ abakandida 55 mu matora y’Abadepite Read More »

 kwitwa Umututsi  byari ibyago bikomeye no ku yandi moko.

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, yasobanuye ko kuva mu 1959, n’indi myaka yakurikiyeho, kwitwa Umututsi byari ibyago ku Batutsi ubwabo no ku yandi moko ku buryo undi wabyitwaga yaregeraga akarengane. Minisitiri Dr. Bizimana avuga ko hari ingero zigaragaza ukuntu umutegetsi washakaga gutsikamira umutu runaka, yashoboraga kumukorera indangamuntu yanditsemo ko ari Umututsi asobanura ko nta mahirwe

 kwitwa Umututsi  byari ibyago bikomeye no ku yandi moko. Read More »

netflix iri gutunganya filime igaruka ku byaha p-diddy ashinjwa.

Umuraperi 50 Cent yatagaje ko agiye gutunganya filime mbarankuru ivuga ku byaha byo gufata ku ngufu P-Diddy ashinjwa kurubu Netflix yamaze kwinjira muri uyu mushinga uhanzwe amaso na benshi. Mu mwaka ushize wa 2023 50 Cent yatangaje ko agiye gutunganya filime mbarankuru ku byaha P-Ddiddy aregwa birimo gufata kugufu no kugira uruhare mu rupfu rw’umuraperi

netflix iri gutunganya filime igaruka ku byaha p-diddy ashinjwa. Read More »

Amerika n’u Rwanda ntibigomba gupfa Rusesabagina

Perezida Paul Kagame yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Rwanda bitagomba gupfa Paul Rusesabagina wahamijwe ibyaha by’iterabwoba. Rusesabagina yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha muri Kanama 2020, akigera ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali. Yasobanuriye itangazamakuru ko yibwiraga ko indege imwerekeza i Bujumbura. Muri Nzeri 2021, Urukiko Rukuru rwamukatiye igifungo cy’imyaka 25 Yafungiwe

Amerika n’u Rwanda ntibigomba gupfa Rusesabagina Read More »

yagiranye ibiganiro na perezida wa sena.

Godswill Akpabio Perezida wa Sena muri Nigeria yahuye na Davido baganira ku ngingo zitandukanye cyane ku birebana n’uruganda rw’imyidagaduro. Akpabio yagize ati”waduteye ishema mu ruhando mpuzamahanga tuzakora igishoboka cyose dufashe uruganda rw’imyidagaduro kandi nkaba politike duha agaciro impano,dukora ibishoboka mu gushyigikira uru ruganda ngo dufashe abanyempano nkawe”. Davido yashimiye Perezida wa Sena wamwakiriye no ku

yagiranye ibiganiro na perezida wa sena. Read More »

hifashishijwe ikoranabuhanga Abarenga 300 bafite ibibazo by’umutima byakosowe.

Ibitaro byitiriwe Umwami Faisal, byatangaje ko abarenga 300 barimo abana bato bari hagati ya 100 na 150 bamaze kuvurwa umutima hifashishijwe ikoranabuhanga rituma hadasaturwa igituza, ahubwo hakanyurwa mu mitsi, rizwi nka ‘catheterization’. Byatangajwe kuri uyu wa 21 Gicurasi 2023 ubwo KFH yari mu gikorwa cyo gukosora ibibazo by’imitima abana bavukanye hifashishijwe iri koranabuhanga. Bikorerwa muri

hifashishijwe ikoranabuhanga Abarenga 300 bafite ibibazo by’umutima byakosowe. Read More »