wex24news

Baina Ishimwe

Ikibuga cy’indege cyongeye gufungurwa nyuma y’igihe kirekire gifunzwe

Ikibuga cy’indege cya Haïti gihereye mu murwa mukuru Port-au-Prince cyongeye gufungurwa ku wa Mbere, tariki 20 Gicurasi 2024, nyuma y’amezi atatu gifunzwe kubera urugomo rukabije rw’udutsiko tw’amabandi. Indege ya mbere y’ubucuruzi yahagurutse kuri iki kibuga ku wa Mbere, yerekeje i Miami muri Florida. cyumweru hateganyijwe izindi ngendo z’indege kuri iki kibuga nubwo udutsiko tw’amabandi tugifite […]

Ikibuga cy’indege cyongeye gufungurwa nyuma y’igihe kirekire gifunzwe Read More »

Paralympics 2024 rwisanze mu itsinda rimwe na Canada na Brazil 

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abagore muri Sitting Volleyball yisanze mu itsinda rimwe n’amakipe abiri akomeye ku rwego rw’Isi, ari yo Brazil na Canada mu mikino ya Paralympic 2024 izabera i Paris  Tombola yabaye igaragaza uko amakipe azahura mu mikino paralempike ya 2024 izabera i Paris mu Bufaransa kuva ku tariki ya 28 Kanama 2024 kugeza

Paralympics 2024 rwisanze mu itsinda rimwe na Canada na Brazil  Read More »

impaka ku mutekano u rwanda ruzaha abimukira nta shingiro zifite

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko impaka z’abibaza niba u Rwanda ruzatanga umutekano uhagije ku bimukira bazaturuka mu Bwongereza nta shingiro zifite. Mukiganiro Global Security Forum kuri uyu wa 21 Gicurasi 2024 Peresida Kagame yatangaje ko amahanga yose azi ko u Rwanda rufite umutekano kuko rwashoboye kuwuha Abanyarwanda. Perezida Kagame yakomeje avuga kuva muri 2018 abantu

impaka ku mutekano u rwanda ruzaha abimukira nta shingiro zifite Read More »

yagizwe umutoza w’umwaka muri Premier League

Umutoza wa Manchester City, Pep Guardiola, yahawe igihembo cy’umutoza w’umwaka muri Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Bwongereza . Guardiola w’imyaka 53, aheruka gufasha Manchester City gukora amateka aho yabaye ikipe ya mbere yo mu Bwongereza yegukanye Igikombe cya Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere inshuro enye yikurikiranya. Guardiola yagize Ati “Ndashaka kugisangira n’abandi. Yego, by’umwihariko hamwe na

yagizwe umutoza w’umwaka muri Premier League Read More »

abarenga 10 barimo Umucamanza, Umushinjacyaha n’Umugenzacyaha bafatiwe mu cyaha cyo kwaka indonke

Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB rwashimangiye ko rwataye muri yombi abantu 10 n’abafatanyacyaha babo bakurikiranyweho icyaha cyo gusaba indonke abantu bafite ababo bafunzwe kugira ngo bafungurwe, ndetse rugaragaza uko iki cyaha cyagiye gikorwa. Mu bafashwe harimo umucamanza mu Rukiko rw’Ibanze rwa Gasabo witwa Micomyiza Placide n’Umushinjacyaha ku Rwego rw’Ibanze rwa Ngarama witwa Uwayezu Jean de Dieu. Hafunzwe

abarenga 10 barimo Umucamanza, Umushinjacyaha n’Umugenzacyaha bafatiwe mu cyaha cyo kwaka indonke Read More »

yongeye gutanga kandidatire ku mwanya w’Umudepite

Ntibanyendera Elissam Salim yongeye gutanga kandidatire ku mwanya w’abadepite nk’umukandida wigenga mu matora ategerejwe muri Nyakanga 2024, nyuma y’uko mu 2018 yiyamamaje ariko ntahirwe n’urugendo Ntibanyendera yagaragaje ko amajwi akenerwa ngo umukandida wigenga abone umwanya mu Nteko ishinga Amategeko ari menshi ariko yizera ko abanyarwanda bazamutora. Ntibanyendera usanzwe ari Umuyobozi w’Ikigo cya HVP Gatagara Ndera

yongeye gutanga kandidatire ku mwanya w’Umudepite Read More »

Perezida wa Kenya ari mu ruzinduko rw’akazi muri Amerika

Perezida wa Kenya, William Ruto ari mu ruzinduko rw’akazi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, akazagirana ibiganiro na mugenzi we Joe Biden ku ngingo zitandukanye, bakazibanda cyane ku mutekano n’ubucuruzi. Ibiro by’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga Byanditse biti:” Amerika yakiriye neza Perezida William Ruto na Madamu we Rachel Ruto, i

Perezida wa Kenya ari mu ruzinduko rw’akazi muri Amerika Read More »

umukambwe w’imyaka 90 yashyize ajya mu isanzure.

Umunyamerika w’umwirabura witwa Ed Dwight wari umaze imyaka 63 ategereje kwemererwa kujya mu isanzure, ku Cyumweru tariki 19 Gicurasi inzozi ze zabaye impamo abasha kurigeramo ari mu cyogajuru kitwa Blue Origin.  Ed Dwight mu 1961 yatanzweho umukandida na John F Kennedy wari Perezida wa USA icyo gihe, nk’umwirabura wa mbere wagombaga gutoranywa mu bari kujya

umukambwe w’imyaka 90 yashyize ajya mu isanzure. Read More »

Uko abahanzi bazakurikirana baririmba mu mikino ya BAL

Adekunle Gold ategerejwe mu Rwanda aho azaririmba mu gufungura imikino y’irushanwa ry’amakipe ahagaze neza muri Basketball ya Afurika, Basketball Africa League (BAL), izabera muri BK Arena, ni mu gihe The Ben azaririmba mu gitaramo kizaherekeza iyi mikino. Adekunle Gold ni we muhanzi mukuru mu bazaririmba mu bitaramo bizaherekeza iyi mikino ya Basketball irebwa n’umubare munini,

Uko abahanzi bazakurikirana baririmba mu mikino ya BAL Read More »

amaze imyaka 12 mu muziki yatangaje ko agiye gushyira hanze filime

Burna Boy umaze imyaka 12 ahagaze neza mu muziki, yinjiye mu ruganda rwa sinema, ateguza gushyira hanze filime yitwa ‘3 Cold Dishes’ yerekana ubucuruzi bw’abantu. Burna Boy yavuze ko iyi filime izaba irimo abakinnyi b’amazina akomeye muri Nollywood, uruganda rwa sinema ya Nigeria. yayobowe na Asurf Oluseyi. Ni umuhanga mu kuyobora no gutunganya filime kuko

amaze imyaka 12 mu muziki yatangaje ko agiye gushyira hanze filime Read More »