wex24news

Baina Ishimwe

Yatawe muri yombi akekwaho gutwika Nyungwe

Mu gihe umukandara wa Nyungwe wafatwaga n’inkongi y’umuriro ku gice cy’Imidugudu ya Karambo na Gituntu, mu Kagari ka Rugali, Umurenge wa Cyato, Akarere ka Nyamasheke hagashya hegitari 15 zose, ubwo abaturage bawuzimyaga bafatiyemo umugabo bakeka ko ari we wari umaze kuwutwika ubu afungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Kanjongo. Iyi nkongi yamenyekanye ku Cyumweru tariki […]

Yatawe muri yombi akekwaho gutwika Nyungwe Read More »

perezida Kagame ategerejwe muri Singapore

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, kuva kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Nzeri 2024, ategerejwe muri Singapore. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Singapore yatangaje ko  urugendo rwa Perezida Paul Kagame rutangira uyu munsi ku wa 18-23 Nzeri 2024. Iyi Minisiteri yatangaje ko uruzinduko rwe rugamije kurushaho kunoza umubano nk’ibihugu bihurira mu ihuriro ry’ibihugu bito, Forum

perezida Kagame ategerejwe muri Singapore Read More »

yatawe muri yombi akekwaho kwiyita umukozi wa REG

Umugabo wo mu Murenge wa Butare mu Karere ka Rusizi yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano nyuma yo gufatwa yiyita umukozi w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ingufu (REG) akaka ruswa abaturage. Byabereye mu Murenge wa Butare ku wa 17 Nzeri 2024, nyuma y’uko abaturage bagize amakenga kuri uyu mugabo w’imyaka 40, bagatanga amakuru ku nzego z’ubuyobozi. Mu mirenge

yatawe muri yombi akekwaho kwiyita umukozi wa REG Read More »

Perezida Suluhu yikomye ibihugu byo mu burengerazuba birimo Amerika

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 17 Nzeri, Perezida wa Tanzaniya yikomye ibihugu byinshi by’iburengerazuba, harimo na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kubera kunenga imikorere y’iki gihugu mu gukemura ibibazo byacyo by’imbere, birimo ubwicanyi n’ishimutwa. Ubwo yari mu gace ka Moshi gaherereye mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’akarere ka Kilimanjaro, Perezida Samia Suluhu Hassan yagize ati: “Ntabwo turi

Perezida Suluhu yikomye ibihugu byo mu burengerazuba birimo Amerika Read More »

Ramjaane Joshua yagabiye inka umugore wa Pasiteri Théogène Niyonshuti

Ramjaane Joshua Niyoyita wamamaye ubwo yari umunyarwenya akaba n’umunyamakuru mu Rwanda icyakora kuri ubu akaba asigaye atuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagabiye inka umugore wa nyakwigendera Pasiteri Théogène Niyonshuti wari uzwi ku izina rya Inzahuke. Ni igikorwa Ramjaane Joshua yakoze kuri uyu wa 17 Nzeri 2024 ubwo yari amaze gusura umuryango wa Nyakwigendera,

Ramjaane Joshua yagabiye inka umugore wa Pasiteri Théogène Niyonshuti Read More »

Abarimu basaga 2000 bigisha amateka mu mashuri yisumbuye batangiye guhugurwa

Abarimu 2,949 bigisha amateka mu mashuri yisumbuye mu Ntara y’Iburengerazuba mu Turere twa Karongi, Nyamasheke, Rusizi, Rubavu na Rutsiro batangiye guhugurwa ku myigishirize y’amateka y’u Rwanda by’umwihariko ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Amahugurwa arimo kubera mu Kigo cy’Ubutore cya Nkumba mu Karere ka Burera mu Ntara y’Amajyaruguru kuva ejo ku wa Mbere tariki 16

Abarimu basaga 2000 bigisha amateka mu mashuri yisumbuye batangiye guhugurwa Read More »

Banki y’Isi iteganya ko ubukungu bw’u Rwanda buzazamukaho 7,6%

Banki y’Isi yatangaje ko ubukungu bw’u Rwanda buzazamuka ku kigero cya 7,6% hagati y’umwaka wa 2024 na 2026. Yabigaragaje ku wa Kabiri tariki ya 17 Nzeri 2024, mu Isesengura rya 23 yakoze ku buryo ubukungu bw’u Rwanda bwagiye butera imbere mu myaka ishize ndetse n’uko ibona buzagenda mu gihe kiri imbere. Ni isesengura ryibanze ku

Banki y’Isi iteganya ko ubukungu bw’u Rwanda buzazamukaho 7,6% Read More »

Meta yahagaritse ibinyamakuru by’Abarusiya

U Burusiya bwikomye ikigo Meta kibarizwamo imbuga nkoranyambaga nka Facebook na Instagram, nyuma y’uko gifashe umwanzuro wo gukumira ibinyamakuru by’Abarusiya ku mbuga zacyo. Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida w’u Burusiya, Dmitry Peskov yatangaje ko Meta ibyo yakoze ari ukwitesha agaciro, ahubwo ko bishyira ubucuruzi bw’icyo kigo mu kaga. Meta kuri uyu wa Mbere yatangaje ko ibinyamakuru

Meta yahagaritse ibinyamakuru by’Abarusiya Read More »

Nicki Minaj yabaye igitaramo muri Nigeria

Umuraperi wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Nicki Minaj, yagowe no gusubiramo indirimbo ‘Rush’ y’umuhanzi w’umunyanijeriya Oyinkansola Aderingbibe uzwi cyane nka Ayra Starr, bituma aba igitaramo ku bakoresha imbuga nkoranyambaga zitandukanye muri Nigeria. Ibi byashimishije abahanzi bo Nigeria barimo na Olamide wasangije abamukurikira ku rubuga rwe rwa X amashusho ya Nick Minaj  arwana no gusubiramo iyi

Nicki Minaj yabaye igitaramo muri Nigeria Read More »

U Rwanda na Liberia biyemeje kwagura ubufatanye

Ibihugu by’u Rwanda na Liberia byasinyanye amasezerano y’ubufatanye no gukomeza kwagura ubufatanye mu nzego zitandukanye. Ni ibyaganiriwe kuri uyu wa kabiri ubwo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe yakiraga Minisitiri wungirije ushinzwe Ububanyi n’Amahanga n’Iterambere ry’Ubukungu muri Liberia, Dr. Ibrahim Nyei. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Rwanda yanditse kuri X ko ” Mu nama

U Rwanda na Liberia biyemeje kwagura ubufatanye Read More »