wex24news

Baina Ishimwe

umwarimu w’i Burera ushaka kuba Umudepite

Umwarimu usanzwe wigisha mu Rwunge rw’Amashuri rwa Butete ruherereye mu Karere ka Burera mu Ntara y’Amajyaruguru, Nyiramahirwe Jeanne d’Arc yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kandidatire ye ku mwanya w’Abadepite mu cyiciro cy’abagore. Nyuma yo gutanga kandidatire ye yagaragaje ko yiteguye kwegukana umwanya mu badepite 24 b’abagore kandi ko afite icyizere cy’uko azabasha kuzuza inshingano kuko yabaye […]

umwarimu w’i Burera ushaka kuba Umudepite Read More »

yamaganye abayihuza na ‘coup d’état’ yapfubye

Abepisikopi gatolika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, CENCO, yamaganye abayihuza n’igerageza ryo gukuraho ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi ryabaye mu rukerera rwa tariki ya 19 Gicurasi 2024. Iyi nama y’abepisikopi yatangaje ko nyuma y’iki gitero, ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye ifoto igaragaza Christian Malanga ari kumwe n’abepisikopi n’abandi bantu, kandi ko hari abashatse kuyifashisha bagaragaza ko

yamaganye abayihuza na ‘coup d’état’ yapfubye Read More »

amerika yahawe igihe ntarengwa cyo kuvana igisirikare byabo muri Niger

Niger na Leta Zunze Ubumwe za Amerika byemeranyije ko abasirikare b’iki gihugu bagomba kuva ku butaka bwayo bitarenze itariki 15 Nzeri mu 2024. Ni icyemezo gikubiye mu itangazo impande zombi zemeranyijeho ndetse rishyirwa hanze mu mpera z’icyumweru gishize. Muri iri tangazo hashimwe ubwitange bw’ingabo za Niger n’iza Amerika mu kurwanya imitwe y’iterabwoba, ryongeraho ko uku

amerika yahawe igihe ntarengwa cyo kuvana igisirikare byabo muri Niger Read More »

mwifatwa ry’amashusho y’indirimbo yatuguwe na barimo the ben.

Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bakomeye muri iki gihe, Adrien Misigaro na Israel Mbonyi bafashe amashusho y’indirimbo yabo bakoranye. N’ indirimbo ya mbere aba bombi bakoranye nyuma y’igihe buri umwe ari mu rugendo rw’umuziki nk’umuhanzi wigenga. bafashe amashusho y’iyi ndirimbo mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere tariki 20 Gicurasi 2024, bafatiye mu rusengero

mwifatwa ry’amashusho y’indirimbo yatuguwe na barimo the ben. Read More »

Yatangaje ko yifuza kubyarana umwana na rich paul

Adele Laurie Blue Adlkins uzwi nka Adele yatangaje ko afite gahuda yo kongera kuba umubyeyi, akazabyarana umwana w’umukobwa na Rich Paul. ibi tabitagaje ubwo yarari mu gitaramo muri l Las Vegas. Adele w’imyaka 36 avuga ko impamvu yifuza umwana w’umukobwa ari uko asazwe afite umwana w’umuhungu w’imyaka 11 yabyaranye n’uwahoze ari umugabo we. Rich Paul

Yatangaje ko yifuza kubyarana umwana na rich paul Read More »

Abitabira ingo mbonezamikurire bageze ku bihumbi 39

Ababyeyi bo mu Karere ka Karongi bashima gahunda y’amarerero n’ingo mbonezamikurire, bakavuga ko yahinduye ubuzima bwabo n’ubw’abana babo. Iyi gahunda yatangijwe n’ababyeyi bakoraga muri VUP nyuma yo kubona ko kubangikanya aka kazi no kurera bituma bica akazi n’abana ntibarerwe neza. Icyo gihe aba babyeyi bafashe umwanzuro wo kujya bafata abana bose bakarerwa n’umubyeyi umwe, abandi

Abitabira ingo mbonezamikurire bageze ku bihumbi 39 Read More »

yagiwe kwiyamamariza kuba umudepite mu nteko ishinga amategeko

Uwahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo Jacob Zuma, yagiwe kwiyamamariza kuba umudepite mu Inteko Ishinga Amategeko mu matora ateganyijwe taliki 29 Gicurasi 2024 kuko ngo yahamijwe icyaha cyo gusuzugura ubutabera agakatirwa gufungwa amazi 15. Jacob Zuma yafunzwe muri 2021 azira kuba ataritabira urukiko ngo ajye gutanga ubuhamya mu rukiko nk’uko yari yabisabwe.urukiko rushingiye ku itegeko

yagiwe kwiyamamariza kuba umudepite mu nteko ishinga amategeko Read More »

umukinnyi wa filime Scarlett Johansson ntiyishimiye ko chatGPT yaroreshe ijwi rye.

Ku wa Mbere tariki ya 20 Gicurasi umukinnyi wa filime, Scarlett Johansson, w’imyaka 39, yatangaje ko yatunguwe no kubona hari ijwi rivuga neza neza nka we rikoreshwa na OpenAI muri porogaramu yayo ya ChatGPT, kandi bikaba byarabaye nyuma yo kwanga gukorana nayo. Scarlett yagiza ati “Narakajwe kandi ntungurwa cyane no kubona Altman, yarahisemo ijwi rimeze

umukinnyi wa filime Scarlett Johansson ntiyishimiye ko chatGPT yaroreshe ijwi rye. Read More »

dukeneye gukuba inshuro icyenda umubare w’abaganga babaga

Urugaga rw’Abaganga bavura indwara bakoresheje kubaga, rwagaragaje ko indwara zigera kuri 30% ziri mu Banyarwanda zikenera ubuvuzi bwo kubagwa ariko umubare w’ababikora ukaba ukiri muto cyane. Byagarutsweho ubwo hasozwaga icyumweru cyahariwe ibikorwa by’ubuvuzi bwo kubaga cyakozwe mu rwego rwo kuzirikana intambwe yatewe muri urwo rwego rw’ubuvuzi.  Prof Ntirenganya Umuyobozi w’urugaga rwa’abaganga babaga mu Rwanda Prof Ntirenganya

dukeneye gukuba inshuro icyenda umubare w’abaganga babaga Read More »