wex24news

Baina Ishimwe

Bahisemo gutaganza impamvu bari gukorwaho iperereza.

Djihad na Dj Brianne basobanuye icyatumye RIB ibakoraho iperereza rijyanye n’icyaha cyo gukangisha gusebanya. Aba bombi bahuriye kurubuga rwa X, bemeza ko bahamagawe na RIB mu minsi ishize bagira ibyo babazwa bijyanye n’amashusho y’urukozasoni bashinjwaga ko babitse. Djihad na DJ Brianne bahakaniye RIB bayibwira ko ayo mashusho ntayo bazi ndetse RIB Isuzuma telefone zabo ireba […]

Bahisemo gutaganza impamvu bari gukorwaho iperereza. Read More »

yari yarakatiwe n’inkiko gacaca aragije ahindura amazina

Uwitwa Gasake Welaris w’imyaka 73 y’amavuko yafashwe n’inzengo z’umutekano afatirwa mu karere ka Kicukiro mu murenge wa Masaka, akaba yari yarahinduye amazina aho yiyita Kasachi Welaris Muteesasira nkuko ibyangobwa yafatiye mu gihugu cya Uganda bibigaragaza. Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 batangaje ko Gasake Welaris yakoze Jenoside, abonye inkiko Gacaca zitagiye nibwo yahise acika ajya

yari yarakatiwe n’inkiko gacaca aragije ahindura amazina Read More »

perezida paul kagame yakiriye mugenzi we wa mozambique ur’i kigali.

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane Perezida Paul Kagame yakiriye Perezida wa Mozambique Filipe Nyusi uri mu Rwanda ayo yitabiriye inama y’ihuriro ry’abayobozi b’ibigo byigenga muri Africa. Ubwo Perezida Paul Kagame yakiraga Perezida Filipe Nyusi baganiriye mukwagura umubano w’ibihugu byombi. U Rwanda rusazwe rufitanye umubano mwiza na Mozambique bigaragarira mu mufatanye mu by’umutekano aho

perezida paul kagame yakiriye mugenzi we wa mozambique ur’i kigali. Read More »

hatagijwe iperereza kuri Djihad na Dj Brianne.

Urwengo rw’Igihugu rw’Ubugezacyaha RIB rwemeje ko rwatagiye ipereraza Djihad na Dj Brianne aya makuru yahamijwe n’umuvugizi wa RIB, Dr Murangira Thierry ko aba bombi bari gukorwaho iperereza bakurikiranweho icyaha cyo gukangisha gusebanya. Amakuru yavugwa yuko inkomoko y’icyi cyaha bakurikiranyweho ari umugabo uba hanze y’igihugu washwanye n’umukunzi we uba mu Rwanda hanyuma akaza guha Dj Brianne

hatagijwe iperereza kuri Djihad na Dj Brianne. Read More »

turamutse dukoranye ibibazo duhuriyemo bishobora gukemuka.

Abitabiriye Inama y’ihuriro ry’abayobozi bakuru b’ibigo byigenga muri Afurika ubwo bagezwaho ijambo na Perezida Paul Kagame yababwiye ko inzego za Leta n’abikorera bakeneye gufatanya ibibazo byose byakemuka bahuje imbaranga. Perezida Paul Kagame yagize ati”ibyo Afurika yaciyemo birimo Covid-19 n’imihindagurikire ry’ikirere bya gakwiye guha abayituye isomo, muri byo bose Afurika yacyiyemo harimo kuba hakenewe gukorana byahafi

turamutse dukoranye ibibazo duhuriyemo bishobora gukemuka. Read More »

barifuza kwiyamamaza ku mwanya wa perezida wa repubulika.

komisiyo y’igihunguy’amatora yatagaje ko hari abantu 8 basabye impapuro zibemerera kujya gushaka imikono mu turere ibimerera kwiyamamariza kuba Perezida. komisiyo ya amatora ikavuga ko atarabo gusa kuko hari abandi 41 basabye impapu zo kujya gushaka imikono ibemerera kwiyamama, murabo bose harimo 2 bagaruye impapuro bahawe kuko batigeze bajya gushaka imikono mu turere. komisiyo y’amatora iratangira

barifuza kwiyamamaza ku mwanya wa perezida wa repubulika. Read More »

ishobora gukurwaho muri shampiyona y’u bwongereza kuva 2024-2025

VAR ikoranabuhanga ry’amashusho ryifashishwa n’umusifizi rishobora kuvaho guhera mu mwaka w’imikono 2024-2025 rikaba ryari rimaze imyaka 5 ryifashishwa muri shampiyona y’u Bwongereza. Iki kifuzo bwa mbere cyatazwe n’ikipe ya Wolvermpton Wonderers ko VAR yakuryaho kogirango icyi cyifuzo cyemerwe byasaba ko 2/3 by’amakipe akina shampiyona y’icyicyiro cya 1, 20 muriyo yabitorera abyemera. Bivuga ko amakipe 14

ishobora gukurwaho muri shampiyona y’u bwongereza kuva 2024-2025 Read More »

yasubije uwamusabye indezo y’umwana avuga ko babyaranye.

Umuhanzi akaba n’umwanditsi Itahawicu Bruce Melody yatagaje ko cyo kutazongera kuvuga kubijyanye n’abana cyane cyane ashingiye kukuba yaramenye ko umwana ari umutware. Umunyamategeko Turahirwa Theogene winganira Agasaro Diane uvuga ko yabyaranye na Bruce Melody, Agasaro Diane yisunze uyu munyamategeho we yandikira Bruce Melody ibaruwa amusaba kubahiriza ibyo bafunganye atanga indezo Bruce Melody mu kiganilo yagiranye

yasubije uwamusabye indezo y’umwana avuga ko babyaranye. Read More »