wex24news

Baina Ishimwe

Diamond ategerejwe mu bitaramo bibiri i Kigali.

Romy Jons usanzwe ari umwe mu bayobozi b’Ikigo cya Wasafi akaba na Dj wihariye w’umuhanzi Diamond Platnumz, agiye kongera gutaramira i Kigali nyuma y’igihe Abanyarwanda n’abandi bamutegereje mu bitaramo byihariye. uruhare mu ikorwa ry’indirimbo ‘Why’ The Ben yahuriyemo na Diamond. Iyi ndirimbo bombi bayiririmbanye bwa mbere mu itangwa ry’ibihembo bya Trace Awards, mu muhango wabereye […]

Diamond ategerejwe mu bitaramo bibiri i Kigali. Read More »

Abantu 23 baburiwe irengero mu nyanja ya Mediterane

Igihungu cya Tunusia cyatangaje ko abantu 23 baburiwe irengero nyuma yo guhaguruka mu bwato berekeza i Burayi. Urwego rw’Igihugu rushinzwe umutekano, rwavuze ko nyuma yo kumenya ko amato yabuze batangiye ibikorwa byo gushakisha ababuriwe irengero. Ibiro ntaramakuru by’Abafaransa (AFP) bibitangaza, abimukira bafashe ubwato bahagurutse hagati ya tariki 3 na 4 Gicurasi 2024, imiryango y’abantu baburiwe

Abantu 23 baburiwe irengero mu nyanja ya Mediterane Read More »

yasobanuye byinshi ku bagabye igitero i Kinshasa.

Gen Maj Sylvain Ekenge umuvugizi w’igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yasobanuye ko abagabye igitero ku bayobozi b’icyo gihugu ku cyumweru kuri 19 Gicurasi, ari itsinda ry’abarwanyi babarizwa muri 50 bafite ubwenegihugu butandukanye. Gen Maj Ekenge avuga ko iki gitero cyari kigendereye ingo z’abayobozi n’inzego zirimo ibiro by’Umukuru w’Igihugu , abarwanyi bakaba ngo bari

yasobanuye byinshi ku bagabye igitero i Kinshasa. Read More »

Yasabye imbabazi kubera gukubita bikabije Cassie yamaganiwe kure

Nyuma yaho hasohotse amashusho agaragaza umuraperi Diddy akubita bikabije Cassie wahoze ari umukunzi we, kuri ubu yamwatse imbabazi ku mugaragaro bituma yamaganirwa kure na benshi bavuga ko ibyo yakoze birengeje kubisabira imbabazi. Aya mashusho yashyizwe hanze na CNN yafashwe na camera zo muri hoteli yitwa ‘InterContinental Hotel’ yo muri New York. Yafashwe muri Werurwe ya

Yasabye imbabazi kubera gukubita bikabije Cassie yamaganiwe kure Read More »

yasezeweho muri liverpool aririmba umutoza uzamusimbura.

Umutoza w’Umudage Jurgen Klopp yasezeweho mu ikipe ya Liverpool amazemo imyaka 9 atoza bamwe mu bakinnyi basutse amarira naho we aririmba umutoza uzamusimbura. Kuri Anfield ikipe ya Liverpool yari yakiriye Wolverhampton Wanderers iyitsinda ibiyego 2-0, byari ibyishimo bivanze n’amarira kuri iki kubuga kuko abafana ,abakinnyi n’abayobozi ba Liverpool ubwo basezeraga ku mutoza wabo bari bamaranye

yasezeweho muri liverpool aririmba umutoza uzamusimbura. Read More »

abayobozi bari kumwe bapfiriye mu mpanuka y’indege

Ebrahim Raisi Perezida wa Iran n’abayobozi bari kumwe barimo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Hossein Amirabdollahiah, bapfiriye mu mpanuka ya kajugujugu kuri uyu wa 19 Gicurasi 2024. Iyi ndege yaguye mu ntara ya East Azerbaijan mu masaha y’igicamunsi, mu misozi miremire iherereye mu ishyamba rya Dizmar rikunze kurangwa n’ikirere kibi, biba ngombwa ko hoherezwa amatsinda y’abashinzwe umutekano

abayobozi bari kumwe bapfiriye mu mpanuka y’indege Read More »

yegukanye Premier League, yandika amateka mashya.

Manchester City yatsinze West Ham United ibitego 3-1, yegukana Igikombe cya Shampiyona y’u Bwongereza ku nshuro ya kane yikurikiranya, ikaba iya cyenda muri rusange. Uyu mukino w’Umunsi wa 38 usoza Shampiyona y’u Bwongereza wabaye ku Cyumweru, tariki 19 Gicurasi 2024 kuri Etihad Stadium. Umukino Man City yatangiranye igitego kuko ku munota wa kabiri gusa, Phil

yegukanye Premier League, yandika amateka mashya. Read More »

yagaragaje ibintu by’ingenzi Afurika ikeneye ngo itere imbere.

Perezida wa Kenya, Dr William Ruto, yagaragaje ko umugabane wa Afurika ukeneye gukorera byinshi abaturage bawo kugirango bagere ku iterambere no kubaka ubushobozi bushingiye ku biboneka imbere mu gihugu. Perezida wa Keny Williams Ruto ayagarage ko Umugabane wa Afurika ukwiye kureba uko wateza imbere abaturage bawo ndetse ukiyubaka ku buryo wakwigeza kuri serivisi zose wajyaga

yagaragaje ibintu by’ingenzi Afurika ikeneye ngo itere imbere. Read More »

yahawe icyemezo mpuzamahanga mu kurengera ibidukikije.

I&M Bank Rwanda PLC yahawe icyemezo n’Ikigega cy’Imari cya Banki y’Isi gifasha abikorera, International Finance Corporation, kigaragaza ko inyubako y’icyicaro gikuru cy’iyi banki yubatswe mu buryo burengera ibidukikije, ibiyigira inyubako ya mbere mu Rwanda y’ubucuruzi yegukanye icyo cyemezo ku rwego mpuzamahanga. Binyuze muri gahunda ya Iyubake, abakiliya ba I&M banke bafite inzu bazajya bahabwa inguzanyo

yahawe icyemezo mpuzamahanga mu kurengera ibidukikije. Read More »

igiye gushyiraho Igikombe cy’Isi kizakinwa n’ibihugu 211

Gianni Infantino Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira was maguru kw’isi yatangaje ko hari gahunda yo gutegura Igikombe cy’Isi cy’abatarengeje imyaka 15, kizaba gifite umwihariko wo kwitabirwa n’ibihugu byose nta majonjora. Perezida Infantino yabitangarije muri Kongere ya 74 ya FIFA iri kubera i Bangkok muri Thailand, aho abayobozi baturutse mu bihugu byose bigize iri shyirahamwe bayitabiriye. Gianni Infantino,

igiye gushyiraho Igikombe cy’Isi kizakinwa n’ibihugu 211 Read More »