Diamond ategerejwe mu bitaramo bibiri i Kigali.
Romy Jons usanzwe ari umwe mu bayobozi b’Ikigo cya Wasafi akaba na Dj wihariye w’umuhanzi Diamond Platnumz, agiye kongera gutaramira i Kigali nyuma y’igihe Abanyarwanda n’abandi bamutegereje mu bitaramo byihariye. uruhare mu ikorwa ry’indirimbo ‘Why’ The Ben yahuriyemo na Diamond. Iyi ndirimbo bombi bayiririmbanye bwa mbere mu itangwa ry’ibihembo bya Trace Awards, mu muhango wabereye […]
Diamond ategerejwe mu bitaramo bibiri i Kigali. Read More »