wex24news

Baina Ishimwe

Paul Kagame yaganiriye na mugenzi we uyobora Djibouti

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame kuri uyu wa 17 Gicurasi 2024 yaganiriye na mugenzi we uyobora Djibouti, Ismail Omar Guelleh. Perezida Kagame na Guelleh baganiriye ku bufatanye buri hagati y’u Rwanda na Djibouti.Umubano w’u Rwanda na Djibouti ushingiye ku bufatanye mu nzego zirimo ubuhinzi, ubukerarugendo, amahugurwa mu byerekeye dipolomasi, ubwikorezi bwo mu kirere, […]

Paul Kagame yaganiriye na mugenzi we uyobora Djibouti Read More »

bari mubahataniye ibihembo bya ‘BET Awards 2024’.

Hamaze gutangazwa abahanzi mpuzamahanga bahataniye ibihembo bikomeye mu muziki bya ‘BET Awards 20-24’ harimo n’abo muri Afurika bahagaze neza ku rwego mpuzamahanga. Ibi bihembo byahinduye amateka y’umuziki w’Amerika cyane cyane abahanzi b’abirabura bahezwaga mu bindi bihembo. Maze televiziyo ya ‘black entertainment televisio’ ishyiraho ibihembo byo gushimira abahanzi b’abirabura bitwaye neza. ibi bihembo biba garuka mwaka

bari mubahataniye ibihembo bya ‘BET Awards 2024’. Read More »

yemejwe nka Perezida wa Chad bidasubirwa.

Gen Mahamat Idriss Deby yemejwe na komisiyo y’igihugu y’amatora muri Chad ko ariwe wegukanye amatora y’umukuru w’igihugu bidasubirwaho ku majwi 61%.  Minisitiri w’Intebe Succès Masra bari bahanganye avuga ko yibwe ariko urukiko rw’ikirenga rwanze icyifizo cye, Masra yagize amajwi 18.54%.  Nyuma y’iraswa ry’umubyeyi we muri Mata 2021, Maréchal Idris Déby Itno, wari umaze imyaka 31

yemejwe nka Perezida wa Chad bidasubirwa. Read More »

RIB yafashe ukekwaho gukora Jenoside yafashwe amaze imyaka 23 yihishe mu mwobo.

Ntarindwa Emmanuel yatawe muri yombi na RIB akurikiranweho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Yaramaze imyaka 23 yihishe mu mwobo yacukuye mu nzu iherere mu karere ka Nyanza. Dr Murangira B. Thierry umuvugizi wa RIB yatagaje ko uyu mugabo yafatanywe na Mukamana Eugénie wari umaze iyi myaka yose amucumbikiye kandi azi ibyaha yakoze. we akurikiranyweho

RIB yafashe ukekwaho gukora Jenoside yafashwe amaze imyaka 23 yihishe mu mwobo. Read More »

yaciye agahigo kuri youtube ko kugira indirimbo yarebwe cyane.

Umuhanzi Meddy yaciye agahigo kuri YouTube mu Rwanda aba umuhanzi wa mbere ugize indirimbo yarebwe n’abantu Miliyoni 100 kuri YouTube ndetse aba umuhanzi wa 3 muri East Africa. Indirimbo “Sowly”imaze imyaka 6 kuri YouTube ikaba imaze kurebwa n’abantu miliyoni 100 bituma ikomeza gucya uduhigo haba mu Rwanda no muri East Africa. iyi ndirimbo yakomeje kuyoboza

yaciye agahigo kuri youtube ko kugira indirimbo yarebwe cyane. Read More »

yatanze kandidatire ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu.

 Perezida wa Repubulika Paul Kagame kuri uyu wa Gatanu tariki 17 Gicurasi 2024 yatanze kandidatire ye, komisiyo y’igihugu y’amatora ikaba yakiriye kandidatire ya Paul Kagame, Umukandida w’Umuryango FPR-Inkotanyi, ari na we usanzwe ayobora u Rwanda. Itariki ya 09 Werurwe 2024 Perezida Paul Kagame yatowe na FPR Inkotanyi nk’umukandida uzahagararira uwo mutwe wa politiki mu matora

yatanze kandidatire ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu. Read More »

yanyuzwe n’ibiganiro yagiranye na perezida felix Tshisekedi.

Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, yacururutse nyuma yo guhura na Arikiyepisikopi Gatolika wa Kinshasa, Cardinal Fridolin Ambongo. muri Mata 2024, Cardinal Ambongo yakorwagaho iperereza rishingiye ku magambo yavuze ku ntambara ihanganishije ingabo za Leta ya RDC n’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Kuva kuri Pasika muri Werurwe 2024 uyu mushumba wa Kiliziya

yanyuzwe n’ibiganiro yagiranye na perezida felix Tshisekedi. Read More »

bikomeje kugorana hagati ya denver nuggets na minessota timberwolves.

Muri NBA Playoffs Denver Nuggets yasabwaga gutsinda umukino wayihuzaga na Target center, none yatsinzwe y’ umukino, wari uwa Gatandatu ihita inganya na Minessota Timberwolves intsinzi inshuro 3. Denver Nuggets yananiwe gutsindamo nibura agace kamwe dore ko uduce tune uko twakabaye, twatsinzwe na Minessota Timberwolves. Minessota Timberwolves mu face ka mbere yatsinze amanota 31-14, aka kabiri

bikomeje kugorana hagati ya denver nuggets na minessota timberwolves. Read More »