wex24news

Baina Ishimwe

RIB yataye muri yombi abakozi babiri b’umurenge bazira ibirimo kumena ibanga ry’akazi

RIB yataye muri yombi abakozi 2 bo mu karere ka Nyabihu mu murenge wa Shyira bakurikiranyweho icyaha cyo gusaba indoke no kumena ibanga ry’akazi. Aba bayobozi bafunzwe ni Munyemana Gilbert ushyinzwe imiyoborere myiza na Tuyisenge Joel ushinzwe isuku n’isukura. Indoke bayakanga umukandida wakoraga ikizamini cy’akazi muru wo murenge wa Shyira bamubwira ko yatsinze kandi nayabaha […]

RIB yataye muri yombi abakozi babiri b’umurenge bazira ibirimo kumena ibanga ry’akazi Read More »

ibitaro by’ababyeyi n’abana birikubakwa bizatwara asaga miliyari 14.

Kibagabaga mu karere ka Gasabo hari kubakwa ibitaro bya mbere mu Rwanda byitezweho gutanga serivisi ababyeyi n’abana bakenera kwa muganga bikaza ari ibitaro by’icyitegerezo mu Rwanda. Ibi bitaro biri kubakwa na Guverinoma y’u Rwanda ku bufatanye na Leta y’Ababiligi binyuze mu kigo gishinzwe iterambere Enabel cy’u Bubiligi. Ibi bitaro bizaba bifite ikoranabuhanga ryo kwita ku

ibitaro by’ababyeyi n’abana birikubakwa bizatwara asaga miliyari 14. Read More »

rutahizamu Kylian mbappe yabaye umukinyi w’umwaka muri shampiyona y’u bufaransa.

Kyliane Mbappe yatowe nk’umukinnyi w’umwaka muri shampiyona y’u Bufaransa Ligue 1. Yahawe igihembo mu birori bya UNFP byabereye i Paris kuri uyu wa mbere 13 Gicurasi 2024. Kylian Mbappe w’imyaka 25 yegukanye iki gihembo ku nshuro ya 5 yikurikiranya, myuma yo gutsinda ibitego 44 mu marushanwa yakiniyemo Paris Saint-Germain m’umwaka w’imikino. Nyuma yo guhabwa igihembo

rutahizamu Kylian mbappe yabaye umukinyi w’umwaka muri shampiyona y’u bufaransa. Read More »

rib yataye muri yombi depite barikana eugene azira gutunga intwaro mu buryo butemewe.

Urwengo rw’igihungu r’ubugenzacyaha RIB rwatagaje ko kuri 11 Gicurasi 2024 rwataye muri yombi Depite Barikana Eugene warumaze igihe gito yeguye ku mirimo ye. DEpite Barakana akurikiranyweho gutunga intwaro muburyo butemewe n’amategeko. Amakuru avuga ko Barikana bamusanganye gerenade 1 na masasu y’imbunda yo mu bwoko bwa AK 47. Baraka yabwiye RIB ko izo ntwaro yazitunze akibana

rib yataye muri yombi depite barikana eugene azira gutunga intwaro mu buryo butemewe. Read More »

hashize amezi 11 ibyumweru 3 n’iminsi 4 vestine na dorcas bategerejwe muri canada.

Murindahabi Irene uzwi nka M Irene umujyanaba wabo yatagaje ko iri ntsinda riteganya ibitaramo binshi ariko bitazagarukira Canada gusa kuko hatagiye ibiganiro byiga kukuba bataramira mubindi bihungu byo kumuganane w’u Burayi. kuri 25 Gicurasi 2023 Vestina na Dorcas nibwo batagaje ko bazataramira muri Canada ku nshuro yabo ya mbere kuva batagira kuririmba. babivuze nyuma yo

hashize amezi 11 ibyumweru 3 n’iminsi 4 vestine na dorcas bategerejwe muri canada. Read More »

u buyapani bwatagiye kubaka urukuta rukingira umusozi wa fuji.

U Buyapani bwatagiye kubaka igikuta kinini kigizwe na ecran gikigira umusozi w’amateka Fuji,kungira ngo abakerarugendo cyane cyane abanyamahanga bajye bishyura mbere yo kuwureba.abaturage batuye mu mujyi wa Kawaguchiko aho iki gikuta kiri kubakwa bavuga ko babagamirwa n’abamukerarugendo baza gufata amashusho meza y’uwo musozi. Uyu musozi warushizeho kumenyekana mu myaka ibiri ishize ubwo hafatwaga ifoto nziza

u buyapani bwatagiye kubaka urukuta rukingira umusozi wa fuji. Read More »

gukora amasaha y’umurengera n’umushara mucye.

Taliki 12 Gicurasi nibwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe abaforomo n’abaforomokazi kw’isi hose,bishimiye ibyo bagezeho mu mwunga wabo mu Rwanda uyu munsi wizihirijwe ku bitaro bya Muhima.ariko bagaragaza inzitizi bahura nazo harimo umushara muke no gukora amasaha y’umurengera. Abaforomo n’abaforomokazi n’ababyaza ku munsi wabahariwe bakomoje kubibazo n’inzitizi bahura nazo mu kazi kabo,bahurije ku kuba bahebwa umushara

gukora amasaha y’umurengera n’umushara mucye. Read More »

APR BBC yatsindiwe imbere ya peresida paul kagame.

wari umukino witabiriwe na Peresida Paul kagame na Peresida Bassirou Diomaye Faye uherutse kutorerwa kuyobora Senegal. APR BBC yakinye indafite ba kizigenza bayo aribo Noel Obadiah na Adonis Filer bavunikiye mu mukino wabaye kuwa 6 wa Rivers Hoopers. Uyu mukino watagiye amakipe yombi atsindana, agacye kambere karagiye AS Douanes iyoboye umukino n’amanota 23,iyi kipe yo

APR BBC yatsindiwe imbere ya peresida paul kagame. Read More »

Peresida Goita ashobora kuyobora mali kugeza 2027.

Peresida Assimi Goita wa Mali ashobora kuguma kubutegetsi nibura kugera muri 2027,Peresida Assimi yagombanga kuva ku butegetsi nyuma y’amezi 18 ahiritse ubutegetsi,yaje kongezwa imyaka 2. Nyuma uyu mugabo yaje yashizweho igitutu gikomeye n’inzengo zitadukanye zishaka ko ava kubutegetsi nyuma y’igihe yihaye.ibi bishoboka guhinguka kuko leta yagaragaje icyifuzo cyo guhindura amatora akazaba muri 2027, bitewe n’uko

Peresida Goita ashobora kuyobora mali kugeza 2027. Read More »