wex24news

Baina Ishimwe

u buyapani bwatagiye kubaka urukuta rukingira umusozi wa fuji.

U Buyapani bwatagiye kubaka igikuta kinini kigizwe na ecran gikigira umusozi w’amateka Fuji,kungira ngo abakerarugendo cyane cyane abanyamahanga bajye bishyura mbere yo kuwureba.abaturage batuye mu mujyi wa Kawaguchiko aho iki gikuta kiri kubakwa bavuga ko babagamirwa n’abamukerarugendo baza gufata amashusho meza y’uwo musozi. Uyu musozi warushizeho kumenyekana mu myaka ibiri ishize ubwo hafatwaga ifoto nziza […]

u buyapani bwatagiye kubaka urukuta rukingira umusozi wa fuji. Read More »

gukora amasaha y’umurengera n’umushara mucye.

Taliki 12 Gicurasi nibwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe abaforomo n’abaforomokazi kw’isi hose,bishimiye ibyo bagezeho mu mwunga wabo mu Rwanda uyu munsi wizihirijwe ku bitaro bya Muhima.ariko bagaragaza inzitizi bahura nazo harimo umushara muke no gukora amasaha y’umurengera. Abaforomo n’abaforomokazi n’ababyaza ku munsi wabahariwe bakomoje kubibazo n’inzitizi bahura nazo mu kazi kabo,bahurije ku kuba bahebwa umushara

gukora amasaha y’umurengera n’umushara mucye. Read More »

APR BBC yatsindiwe imbere ya peresida paul kagame.

wari umukino witabiriwe na Peresida Paul kagame na Peresida Bassirou Diomaye Faye uherutse kutorerwa kuyobora Senegal. APR BBC yakinye indafite ba kizigenza bayo aribo Noel Obadiah na Adonis Filer bavunikiye mu mukino wabaye kuwa 6 wa Rivers Hoopers. Uyu mukino watagiye amakipe yombi atsindana, agacye kambere karagiye AS Douanes iyoboye umukino n’amanota 23,iyi kipe yo

APR BBC yatsindiwe imbere ya peresida paul kagame. Read More »

Peresida Goita ashobora kuyobora mali kugeza 2027.

Peresida Assimi Goita wa Mali ashobora kuguma kubutegetsi nibura kugera muri 2027,Peresida Assimi yagombanga kuva ku butegetsi nyuma y’amezi 18 ahiritse ubutegetsi,yaje kongezwa imyaka 2. Nyuma uyu mugabo yaje yashizweho igitutu gikomeye n’inzengo zitadukanye zishaka ko ava kubutegetsi nyuma y’igihe yihaye.ibi bishoboka guhinguka kuko leta yagaragaje icyifuzo cyo guhindura amatora akazaba muri 2027, bitewe n’uko

Peresida Goita ashobora kuyobora mali kugeza 2027. Read More »

perezida w’U burusiya vladmin putin yakuyeho minisitiri w’ingabo warumazeho imyaka 12.

peresida w’u Burusiya Vladimir Putin,kuru wa 12 Gicurasi2024 yasimbuje minisitiri w’ingabo Sergei Shoigu warumaze imyaka 12 murizi nshingano. Shoigu yagizwe umunyabanga w’akanama k’umutekano mu Burusiya yasimbujwe Andrei Belousov usazwe ari minisitiri w’intebe wugirije. Shoigu yari mu ba mbere bafata imyanzuro mu ntambara yu Burusiya ya Ukraine kuva mu Gashyanare 2022. Uyu munyapolitike niwe wamenyanga imibereho

perezida w’U burusiya vladmin putin yakuyeho minisitiri w’ingabo warumazeho imyaka 12. Read More »