wex24news

Giselle Mugisha

Nyabugogo:  impanuka ikomeye y’ikamyo yagonze moto umugenzi umumotari yari atwaye akomereka mu buryo bukomeye.

Iyi mpanuka yabaye ahagana saa saba z’amanywa yo kuri uyu wa Mbere tariki ya 15 Mata 2024. Abatangabuhamya bavuga ko batunguwe n’uburyo iyi kamyo yagonze iyo moto kandi byari birimo kugendera mu cyerekezo kimwe. Havugimana Janvier yagize ati “Njye nshidutse igonze moto umumotari agwa hasi, umugenzi na we imukandagira umutwe ariko ntunguwe n’uburyo ibagonze kandi […]

Nyabugogo:  impanuka ikomeye y’ikamyo yagonze moto umugenzi umumotari yari atwaye akomereka mu buryo bukomeye. Read More »

Musanze: Abatuye mu nzu za nyakasti n’abatagira izo babamo barasaba ubuyobozi ubufasha.

Abaturage b’amikoro macye batuye mu nzu zishaje n’abatagira aho bakinga umusaya, bagaragaza ko hari ingaruka nyinshi zirimo uburwayi no kubaho badatekanye bahorana, bagasaba ko iki kibazo cyavugutirwa umuti urambye, kugira ngo na bo ubwabo babashe kwiyitaho. Urugero, ni urw’umuryango ubarizwa mu Kagari ka Ninda Umurenge wa Nyange mu Karere ka Musanze, wari ugizwe n’abantu bane

Musanze: Abatuye mu nzu za nyakasti n’abatagira izo babamo barasaba ubuyobozi ubufasha. Read More »

 Kantengwa Anne Marie, yatangaje impamvu yari yararahiye ko atazava mu mahanga ngo agaruke kuba mu Rwanda.

Kantengwa yasobanuriye abitabiriye igikorwa cyo kwibuka abakozi n’abakiliya ba Banki y’u Rwanda y’Iterambere (BRD) ko ari umwe mu Banyarwanda bari barahunze ubugizi bwa nabi bwatewe na politiki y’amacakubiri n’irondabwoko. Icyo gihe yari umwana. Nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Kantengwa yaje mu Rwanda gushakisha imibiri y’abo mu muryango we bishwe kugira ngo abashyingurwe mu

 Kantengwa Anne Marie, yatangaje impamvu yari yararahiye ko atazava mu mahanga ngo agaruke kuba mu Rwanda. Read More »

Uwahoze ari Umuvugizi wa Rayon Sports, Nkurunziza Jean Paul n’umugore we Nkusi Goreth “Gogo” ufana APR FC bibarutse imfura.

Kuri uyu wa 15 Mata 2024, ni bwo Nkurunziza wahoze ari umunyamakuru wa siporo yanyujije ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga ze, agatangaza ko umuryango we wamaze kwakira umwana w’umukobwa. Ni ubutumwa yatanze buherekejwe n’amagambo ashimira umugore we Nkusi, ati “Ubu ndumva nabuze icyo mvuga. Mana warakoze kuri ibi byiza, umwana mwiza w’umukobwa, imitima yacu iranezerewe.” “Urakoze

Uwahoze ari Umuvugizi wa Rayon Sports, Nkurunziza Jean Paul n’umugore we Nkusi Goreth “Gogo” ufana APR FC bibarutse imfura. Read More »

Perezida Kagame  yasabye abasirikare bashya binjiye mu ngabo z’u Rwanda n’Abanyarwanda muri rusange kurangwa n’ubutwari.

Ibi yabitangaje mu muhango wo guha ipeti rya 2nd Lieutenant abanyeshuri 624 basoje amasomo ya gisirikare, barimo abofisiye 522 bahawe amasomo n’imyitozo mu gihe cy’umwaka umwe, 102 bize amasomo y’igihe kirekire n’abofisiye 33 barangije amasomo yabo y’igisirikare mu bihugu by’amahanga. Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda rutubakira igisirikare ku gushoza intambara ku bandi ahubwo ari

Perezida Kagame  yasabye abasirikare bashya binjiye mu ngabo z’u Rwanda n’Abanyarwanda muri rusange kurangwa n’ubutwari. Read More »

Amerika: bafite impungenge ku kirunga kinini cyane cyo muri California, gishobora kuruka kikaba cyahitana ubuzima bw’abantu benshi. 

Long Valley Caldera, ni icyanya kinini gifatwa nk’ikirunga gifite uburebure bwa kilometero 18 z’ubugari na metero 910 z’ubujyakuzimu. Hashize imyaka itari mike gikorerwa ubushakashatsi, bikaba byaragaragaye ko gishobora kuruka. Iki cyanya gishyirwa mu cyiciro cya munani kigaragaza urugero ikurunga kirukiraho [Volcanic Explosivity Index- VEI]. Nicyo cya kabiri mu bunini muri Amerika y’Amajyaruguru. Bivuze ko gishobora

Amerika: bafite impungenge ku kirunga kinini cyane cyo muri California, gishobora kuruka kikaba cyahitana ubuzima bw’abantu benshi.  Read More »

Kirehe: i Nyarubuye, hashyinguwe mu cyubahiro imibiri 168 y’Abatutsi bishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Iki gikorwa cyabaye ku Cyumweru tariki 14 Mata 2024 mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi, ku rwibutso rwa Jenoside rwa Nyarubuye rushyinguyemo mu cyubahiro imibiri isaga ibihumbi 58 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi. Iyi mibiri 168 yashyinguwe mu Rwibutso rwa Jenoside rwa Nyarubuye ikaba ari iyimuwe ikuwe mu rwibutso rwa Rugarama

Kirehe: i Nyarubuye, hashyinguwe mu cyubahiro imibiri 168 y’Abatutsi bishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Read More »

Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati ku mugabane wa Aziya iteye impungenge ko ishobora guhindura isi.

Irani yarashe kuri Isirayeli ivuga ko irimo kwihorera kubera igitero yagabweho n’icyo gihugu kuri Ambasade yayo muri Siriya mu cyumweru cyashize, kikaba cyarahitanye bamwe mu basirikare bakuru ba Iran. Ibisasu n’utudege tutagira abaderevu(drone) bigera kuri 350 byatewe kuri Isirayeli, byahagurutse muri Irani no mu bihugu biyishyigikiye bya Iraki, Siriya, Libani na Yemeni, ariko ngo ibyahamije

Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati ku mugabane wa Aziya iteye impungenge ko ishobora guhindura isi. Read More »

APR FC nitsinda AS Kigali mu mukino w’ikirarane w’umunsi wa 26 ishobora kurarana igikombe cya shampiyona.

Kuri ubu, APR iyoboye Shampiyona n’amanota 59, irusha amanota 11 Rayon Sports ya kabiri mu gihe hasigaye imikino ine. APR FC itsinze yagira amanota 62 ikarusha Rayon Sports amanota 14 kandi hasigaye imikino 4 ingana n’amanota 12. Ni mu gihe kunganya byayiha amahirwe yo gutwara igikombe, ariko bigasaba gutegereza uko indi mikino izarangira kuko haba

APR FC nitsinda AS Kigali mu mukino w’ikirarane w’umunsi wa 26 ishobora kurarana igikombe cya shampiyona. Read More »

Ikigo gishinzwe igenzura ry’ikoreshwa rya serivisi z’ikoranabuhanga IDC cyatangaje ko Samsung yahigitse Apple igafata umwanya wa mbere.

IDC yatangaje ko icuruzwa rya telefone zikorwa na Apple ryagabanyutseho 10%, mu gihe icuruzwa rya telefone za ‘Android’ ryiyongereye cyane. Muri rusange icuruzwa rya telefone zigezweho (smartphone) ryiyongereyeho 7,8% zigera kuri telefone miliyoni 289,4 zacurujwe hagati ya Mutarama na Werurwe uyu mwaka, muri izo telefone iza Samsung zihariye 20,8%, ikaba ari yo yahise ifata umwanya

Ikigo gishinzwe igenzura ry’ikoreshwa rya serivisi z’ikoranabuhanga IDC cyatangaje ko Samsung yahigitse Apple igafata umwanya wa mbere. Read More »