wex24news

Giselle Mugisha

Hafashwe abagabo babiri bakekwaho gutera ubwoba umunyamahanga kugeza apfuye

Kuri uyu wa 08 Mata 2024, BBC yatangaje ko Urwego rwa Polisi muri Australia rwavuze ko iperereza ryagaragaje ko uwo musore yiyahuye nyuma y’uko yari yaratangiye kohererezanya amafoto y’urukozasoni n’umuntu bamenyaniye ku mbuga nkoranyambaga. Byarangiye uwohererejwe ayo mafoto ayakoresheje amutera ubwoba ko natamuha amafaranga, azayoherereza inshuti ze ndetse n’abo mu muryango we. Ni amakuru kandi […]

Hafashwe abagabo babiri bakekwaho gutera ubwoba umunyamahanga kugeza apfuye Read More »

Urubyiruko Rwashishikarijwe kumenya ibyo u rwanda rwanyuzemo mubihe bya jenoside.

Mu biganiro bijyanye no gutangiza icyunamo cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi, ku Cyumweru tariki 7 Mata 2024, mu Karere ka Huye hagarutswe no ku gushishikariza urubyiruko kwitabira gahunda zo kwibuka no guharanira kumenya amateka Igihugu cyabo cyanyuzemo, ari byo bizarufasha kubaka u Rwanda ruzima. Jean Marie Vianney Nzarubara watanze ikiganiro ku

Urubyiruko Rwashishikarijwe kumenya ibyo u rwanda rwanyuzemo mubihe bya jenoside. Read More »

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe isuku n’isukura WASAC cyatangajeko cyacyemuye ikibazo cy’ibura ry’amazi.

Mu minsi ishize mu karere ka Rusizi habaye ibura ry’amazi  aho ahari amazi hose yaba n’ayo mu bishanga yavomwe,ijerekani imwe ikagurwa amafaranga  800 Frw. Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu  Gishinzwe isuku n’isukura, WASAC, cyatangaje ko abaturage bari barabuze amazi meza bo mu Karere ka Rusizi bamaze kuyabona. Ni nyuma y’uko umuyoboro watangaga amazi muri aka karere wangijwe

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe isuku n’isukura WASAC cyatangajeko cyacyemuye ikibazo cy’ibura ry’amazi. Read More »

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwihanangirije abaturage kutijandika mu bucuruzi butemewe bw’amagendu.

Ibi byatangajwe nyuma yaho Umuturage wo mu Karere ka Rubavu witwa Marigaba Samuel , wageragezaga kwinjiza magendu mu gihugu, yarashwe arwanya inzego z’umutekano. Ibi byabaye mu ijoro ryo ku wa gatatu tariki ya 3 Mata 2024, ahagana saa tatu na mirongo ine( 21h 41), bibera mu kagari ka Busigari, Umurenge wa Cyanzarwe mu Karere ka

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwihanangirije abaturage kutijandika mu bucuruzi butemewe bw’amagendu. Read More »

Leta ya Israël binyuze ku gitutu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yemeye gufungura inzira zo kunyuzwamo imfashanyo zijya muri Gaza

Intambara iravuza ubuhuha mu Ntara ya Gaza ho muri Palestine nyuma y’uko abarwanyi ba Hamas binjiye muri Israël bakica abaturage abandi bagashimutwa, ibyatumye Israël itangiza ibitero simusiga muri Gaza byiswe ibyo guhora no gutanga isomo. Kuva iyo ntambara yatangira kimwe mu byayiranze ni inzara yibasiye abaturage kuko n’imiryango Mpuzamahanga itanga ubufasha yabuze inzira kubera ibitero

Leta ya Israël binyuze ku gitutu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yemeye gufungura inzira zo kunyuzwamo imfashanyo zijya muri Gaza Read More »

Imwe mu mpano zikizamuka kandi zifite ubuhanga budasanzwe mu myandikire

Ni umwana ukizamuka mumuziki nyarwanda atari yamenyekana gusa umwumvise usanga afite ubuhanga bukomeye mumiririmbire no mumyandikire. Aho yajyiye bakora zimwe mundirimbo zitandukanye imwe murizo yise “6:30 with a stranger” iri kuri album yise Vision from DarkneSS avuga ko ari indirimbo yanditse igitekerezo agikuye ku muntu bari bahuye bwa mbere amwaka ubufasha ndetse anamubwira amateka ye

Imwe mu mpano zikizamuka kandi zifite ubuhanga budasanzwe mu myandikire Read More »

Tanzania:Diamond Platnumz yitabiriye ibirori ahabwa umwanya yigisha akoresheje Bibiliya kandi ari umu Islam

Ni igitarane cyiswe “Shusha Nyavu” aho yari yatumiwe n’umuhanzi uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Christina Shusho Si Diamond wenyine witabiriye kiriya giterane kuko na Minisitiri w’Intebe wa Tanzania Kassim Majaliwa yishimiye uburyo Diamond yakoresheje Bibiliya mu kwigisha abari bateraniye aho bityo amukomera amashyi.

Tanzania:Diamond Platnumz yitabiriye ibirori ahabwa umwanya yigisha akoresheje Bibiliya kandi ari umu Islam Read More »

Gen. Chicko yagizwe umuyobozi ushinzwe ibikorwa bya gisirikare muri Rwindi

Kuri uyu wa Kabiri, Gen. Major Chicko Tshitambwe yagizwe umuyobozi ushinzwe ibikorwa bya gisirikare bya FARDC muri Rwindi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nk’uko ubutumwa bwatanzwe n’Umugaba Mukuru, General Christian Tshiwewe bubitangaza. Gen. Chicko Tshitambwe ntabwo yasimbuye Gen. Fall Sikabwe bitandukanye nibyo Ibiro Ntaramakuru bya Congo (ACP) byanditse mu butumwa bwabanje. Umugaba wungirije w’ingabo z’igihugu

Gen. Chicko yagizwe umuyobozi ushinzwe ibikorwa bya gisirikare muri Rwindi Read More »

Ruhango:Abanyerondo batemaguwe hakoreshejwe imihoro.

Abaturage babwiye itangazamakuru ko aba banyerondo baguye mu gico cy’abo bagizi ba nabi ahagana mu gicuku gishyira igitondo cyo kuri uyu wa kabiri,hanyuma bane muri batanu baratemagurwa hakoreshejwe imihoro y’ibigimbe. Nemeyimana Jean Bosco, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mwendo , yatangaje ko aya makuru ariyo asaba abaturage kwicungira umutekano no gutangira amakuru ku gihe. Yagize ati:

Ruhango:Abanyerondo batemaguwe hakoreshejwe imihoro. Read More »

Gabon: Abajenerari bagiye kwemererwa gutunga umugore urenze umwe

Muri Gabon, amategeko mbonezamubano yo mu 1972 yagiye ahuzwa n’imigenzo gakondo akagira aibyo yemera nko kuba umugabo umwe yagira abagore benshi. abacamanza bafite abagore benshi “bahuza” n’imigenzo gakondo y’abashakanye. Mu 2021, umuhanga mu bumenyi bw’ikiremwamuntu n’imigebereho y’abantu, Emmanuelle Nguema Minko yagize ati: “Yaba amategeko mbonezamubano ya Gabon cyangwa amategeko gakondo yacu, yemera kugira abagore benshi

Gabon: Abajenerari bagiye kwemererwa gutunga umugore urenze umwe Read More »