U Rwanda rwafashe ingamba zo guhangana n’indege z’intambara za FARDC.
U Rwanda rwemeje ayo makuru biciye mu itangazo Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga yasohoye mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki ya 18 Gashyantare 2024. Ni nyuma y’uko Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakunze kwigamba ko ateganya kugaba ibitero ku Rwanda, mbere yo guhirika ubutegetsi bwa Perezida Paul Kagame. Ni umugambi kandi na […]
U Rwanda rwafashe ingamba zo guhangana n’indege z’intambara za FARDC. Read More »