wex24news

Giselle Mugisha

U Rwanda rwafashe ingamba zo guhangana n’indege z’intambara za FARDC.

U Rwanda rwemeje ayo makuru biciye mu itangazo Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga yasohoye mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki ya 18 Gashyantare 2024. Ni nyuma y’uko Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakunze kwigamba ko ateganya kugaba ibitero ku Rwanda, mbere yo guhirika ubutegetsi bwa Perezida Paul Kagame. Ni umugambi kandi na […]

U Rwanda rwafashe ingamba zo guhangana n’indege z’intambara za FARDC. Read More »

Masisi: Imirwano yubuye hagati ya FARDC na M23 ku dusozi twa Ndumba na Kashungamutwe

Nk’uko amakuru aturuka muri ako gace atangazwa n’uruhande rwa leta abitangaza, imirwano yatangijwe saa moya za mugitondo na M23 yibanze ku misozi ya Ndumba hafi ya Nyamubingwa (mu birometero nka 3 uvuye i Bweremana) na Kashungamutwe hafi ya Kabase (mu birometero nka 7). Andi makuru ariko avuga ko imirwano yatangiye kuva saa kumi n’imwe za

Masisi: Imirwano yubuye hagati ya FARDC na M23 ku dusozi twa Ndumba na Kashungamutwe Read More »

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Algeria yasuye icyicaro gikuru cya RDF: amafoto

Kuri uyu wa Kabiri, General Saïd Chanegriha, Umugaba Mukuru w’Ingabo z’igihugu cya Algeria, hamwe n’intumwa ayoboye basuye Icyicaro gikuru cya RDF kandi yakirwa na Gen. MK Mubarakh, Umugaba mukuru wa RDF. Yasuye kandi Minisitiri w’ingabo, Juvenal Marizamunda, mbere yo guhabwa ikiganiro ku rugendo rw’impinduka muri RDF no ku mutekano mu karere. Gen. Chanegriha aganira n’itangazamakuru

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Algeria yasuye icyicaro gikuru cya RDF: amafoto Read More »

nyamasheke: uwajujubije abaturange abatwara moto zabo ubu ari mumaboko ya rIB.

Mu mundugundu wa murenge,Akagali ka murambi umurenge wa cyato akarere ka nyamashake Bikorimana Jean Bosco w’imyaka 29 yafatanywe moto yari akimara kwiba nyuma y’izindi nshuro 2 yagerageje kuziba ariko ntibimishobokere. Uyu ubu afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kanjongo, mu Karere ka Nyamasheke, nyuma yo gufatwa atwaye iyo moto ayigejeje mu Mudugudu wa Gakenke, Akagari

nyamasheke: uwajujubije abaturange abatwara moto zabo ubu ari mumaboko ya rIB. Read More »

izindi mpunzi z’abarundi zabanga m’urwanda zirenga ijana zijyiye gusubira iwabo k’ubushake bwabo.

Ni imunzi zigera ku 100 zafashe icyemezo cyo gutaha mu gihugu cy’amavuko.Biteganyijwe ko ziribuhagaruke kuri uyu wa Gatatu taliki 20 Gashyantare2024 zerekeza I Burundi Muri izi mpunzi harimo abagera kuri 78 bo mu miryango 38 yabaga mu hinkambi ya Mahama iri mu Karere ka Kirehe, abandi babaga mu Mujyi wa Kigali n’uwa Nyamata mu Karere

izindi mpunzi z’abarundi zabanga m’urwanda zirenga ijana zijyiye gusubira iwabo k’ubushake bwabo. Read More »

Gutsinda Africa y’Epfo bikomeje gutuma CAF ishyira Amavubi mu makipe y’ibikomerezwa muri Africa! Ikipe y’igihugu Amavubi yashyizwe mu makipe atazakina amajonjora y’ibanze yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cya 2025

Ikipe y’Igihugu Amavubi, ntizaca mu majonjora y’ibanze yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cya 2025 kizabera muri Maroc. Nk’uko byemejwe na CAF, u Rwanda ntirwashyizwe mu makipe azaca mu ijonjora ry’ibanze bitewe nuko ruhagaze neza ku rutonde ngarukakwezi rwa FIFA (133) rwagiyeho nyuma yo gutsinda Africa y’Epfo. Amakipe 44 arimo n’Amavubi ntazakina ijonjora ry’ibanze azahera

Gutsinda Africa y’Epfo bikomeje gutuma CAF ishyira Amavubi mu makipe y’ibikomerezwa muri Africa! Ikipe y’igihugu Amavubi yashyizwe mu makipe atazakina amajonjora y’ibanze yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cya 2025 Read More »

Rayon Sports yatwawe abafana n’Akazi yabonye intsinzi umwataka arazuka

Ikipe ya Rayon Sports kuri uyu wa kabiri yakinnye umukino n’ikipe ya Vision FC, mu mukino wo kwishyura wa 1/4 cy’igikombe cy’amahoro. Wari umukino utitabiriwe n’abantu benshi bijyanye ni uko yari imaze iminsi ubona irimo guherekezwa n’abakunzi bayo ariko Sitade kuri uyu munsi yari yambaye ubu. Umukino watangiye ku isaha ya saa cyenda z’amanwa n’ubundi

Rayon Sports yatwawe abafana n’Akazi yabonye intsinzi umwataka arazuka Read More »

Muhanga: Abahinzi bishimiye ko iteme rimaze umwaka ricitse ryasanwe.

Aba bahinzi bavuga ko  hashize umwaka iteme bakoreshaga bajyana umusaruro ku Isoko, ryangijwe  n’ibiza mu kwezi kwa Mutarama, 2023. Bavuga ko ikawa beza yatindaga mu nzira kubera iki kibazo, ikagera ku baguzi ikererewe. Twizeyumukiza Joël umwe mu bahinzi yabwiye UMUSEKE dukesha iyi nkuruko bapakiraga ikawa yabo bayijyanye ku isoko bagera kuri iri iteme ibinyabiziga bigaheramo

Muhanga: Abahinzi bishimiye ko iteme rimaze umwaka ricitse ryasanwe. Read More »

Police FC irashinja ubujura umusifuzi wabasifuriye bakina na Rayon sports .

Ubuyobozi bw’ikipe ya Police FC bwandikiye Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ( FERWAFA) ruyiregera umusifuzi Uwikunda Samuel bashinja kwanga gutanga penaliti, gutera ubwoba abakinnyi ba police FC no gutuma Ikipe ya Rayon sports ibatsinda bidasobanutse Hari ku mukino w’umunsi 20 wa shampiyona waberaga kuri Kigali Pele stadium wahuzaga police FC na Rayon sports waje kurangira

Police FC irashinja ubujura umusifuzi wabasifuriye bakina na Rayon sports . Read More »