wex24news

Giselle Mugisha

Miss Keza Maolithia yerekanye amafoto y’umusore yihebeye.

Tariki ya 14 Gashyantare ku munsi w’abakundana uzwi nka St Valentine, ni umunsi wasize couple zitandukanye zishimye, abandi babonye abakunzi, ndetse bamwe berekanye abakunzi babo. Kuri uyu munsi Keza Maolithia wabaye igisonga cyambere cya Miss Rwanda 2022 nawe yerekanye umusore wamutwaye uruhu n’uruhande. Keza Maolithia abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yasangije amafoto yishimanye n’umusore […]

Miss Keza Maolithia yerekanye amafoto y’umusore yihebeye. Read More »

Perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko yifuza Joe Biden kubutengetsi bwa leta zunze ubumwe z’amerika yitandukanya na Donald Trump.

BBC yatangaje ko icyo Putin ashingiraho yifuza Biden ku butegetsi, ngo ni uko afite ubunararibonye kandi ko ari umuntu wumva kandi ushobora kugirwa inama , mu gihe Trump ngo muri ibyo byose nta nakimwe yujuje. Mbere y’uko Bwana Trump yiyamamariza kuba perezida bwa mbere mu 2016, Putin yari yaramushimye ko ari indashyikirwa kandi ufite impano

Perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko yifuza Joe Biden kubutengetsi bwa leta zunze ubumwe z’amerika yitandukanya na Donald Trump. Read More »

Masisi: M23 yigaruriye imidugudu ya Kabase na Ndumba nyuma y’imirwano ikaze y’umunsi wose

Bivugwa ko nyuma y’imirwano ikomeye yamaze umunsi wose hagati ya M23 na FARDC n’abafatanyabikorwa ba yo mu midugudu ya Kabase na Ndumba, ngo ingabo za FARDC na Wazalendo zari zabashije gukura M23 mu birindiro mu ma saa sita, zisanze zongeye gusunikwa na M23 nyuma ya saa sita, birangira M23 ifashe iyi midugudu yo muri Gurupoma

Masisi: M23 yigaruriye imidugudu ya Kabase na Ndumba nyuma y’imirwano ikaze y’umunsi wose Read More »

U Buholandi bwasabye abanyagihugu babwo bari i Goma kuhava byihuse.

Mu ijoro kuva ku wa Kabiri kugeza kuri uyu wa Gatatu ushize, umujyi wa Sake wari ugoswe n’inyeshyamba. Kubw’ibyo, iyi Minisiteri y’u Buholandi ivuga ko rero, ibintu mu mujyi bituranye wa Goma bishobora kudogera vuba. “Uri muri Goma? Va mu mujyi niba ushobora kubikora mu mutekano wose.” Nk’uko iyi nkuru dukesha ikinyamakuru La Dernière Heure

U Buholandi bwasabye abanyagihugu babwo bari i Goma kuhava byihuse. Read More »

Uganda : Udukingirizo turi kw’isoko ni duto ugereranyije n’ibitsina bya bagabo bo muri iki gihugu.

Nkuko ikinyamakuru “Iris news” cyibivuga ko mu gihugu cya Uganda hakomeje kugaragara ikibazo cy’udukingirizo duto tudakwira abagabo turi kw’isoko . ni mugihe Kandi ikigo cy’ibihugu cyo muri Uganda cyibuga ko byibuze mumpera w’umwaka ushize wa 2023 no mugihe by’iminsi mikuru hatanzwe udukingirizo turenga Miliyoni 30 ariko hakaba haragaragayemo ikibazo cy’indeshyo zatwo n’ingano zatwo. Hagasabwa ko

Uganda : Udukingirizo turi kw’isoko ni duto ugereranyije n’ibitsina bya bagabo bo muri iki gihugu. Read More »

APR yanganyije na Gasogi United ubusa kubusa.

Uyu mukino wabereye kuri Kigali Pelé Stadium Saa kumi n’ebyiri z’ijoro, abafana bari bitabiriye uy’umupira bari bake cyane kumande zombi. Ikipe y’Ingabo yari yakoze impinduka mu bakinnyi basanzwe babanzamo. Abarimo Apam Assongwe, Ndayishimiye Dieudonné na Bizimana Yannick, bari babanjemo mu gihe abarimo Sharaf Shaiboub, Ruboneka Bosco na Ombolenga Fitina babanje ku ntebe y’abasimbura. Iminota 45

APR yanganyije na Gasogi United ubusa kubusa. Read More »

AMAFOTO: The Ben n’umugore we bageze muri Uganda

The Ben na Miss Uwicyeza Pamella bageze muri Uganda. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 14 Gashyantare 2024, nibwo hazindutse hashyirwa hanze amashusho n’amafoto agaragaza The Ben n’umugore we berekeza muri Uganda mu Mujyi wa Kampala aho biteganyijwe ko The Ben agiye gukorera igitarama azahuriramo n’abarimo Sheebah Karungi. The Ben, ageze mu Mujyi

AMAFOTO: The Ben n’umugore we bageze muri Uganda Read More »