wex24news

Giselle Mugisha

Indirimbo yitwa ‘Ni Forever’ ya The Ben, yatsindiye igihembo cy’ifite amashusho meza mu bihembo byitwa  (EAEA).

Ku itariki 14 Mata nibwo ibi bihembo byatanzwe bihira ibyamamare byo mu Rwanda nka The Ben watwaye igihembo mu cyiciro cy’indirimbo ifite amashusho meza. Alliah Cool yatwaye igihembo mu cyiciro cyitwa East Africa Film Star, aho yari ahatanye na Kate Actress wo muri Kenya, Jacobo Stephen wo muri Tanzania na Nabwiso Mathew wo muri Uganda. […]

Indirimbo yitwa ‘Ni Forever’ ya The Ben, yatsindiye igihembo cy’ifite amashusho meza mu bihembo byitwa  (EAEA). Read More »

Muhanga:Umupolisi yarashe umugabo ukekwaho ubujura nyuma yo gushaka kumutema.

Ibi byabaye mu gitondo cya kare kuri uyu wa Mbere tariki 15 Mata 2024, ahagana saa kumi n’imwe n’igice, mu Mudugudu wa Kiduha mu Kagari ka Kibaga mu Murenge wa Rugendabari. Amakuru ava mu baturage no mu buyobozi bw’inzego z’Ibanze, avuga ko uyu mugabo yarashwe ubwo yashakaga kurwanya abapolisi bahuye mu ijoro yikoreye ibikapu bibiri.

Muhanga:Umupolisi yarashe umugabo ukekwaho ubujura nyuma yo gushaka kumutema. Read More »

Ubugenzacyaha bw’U Rwanda butangaza ko mu gihe cy’icyumweru  cyo Kwibuka  ibyaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside byagabanutse.

RIB ivuga ko abantu b’igitsinagabo bakurikiranyweho ibi byaha ni 42 bangana na 79,2% mu gihe ab’igitsina gore ari 11 bagize 20,8%. Muri aba bose harimo batatu bigeze gukurikiranwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, mu gihe 47 batigeze babikurikiranwaho. Abandi batatu bafite ababyeyi bigeze gukurikiranwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Abafunzwe mu 2024 ni

Ubugenzacyaha bw’U Rwanda butangaza ko mu gihe cy’icyumweru  cyo Kwibuka  ibyaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside byagabanutse. Read More »

 u Bwongereza:Minisitiri Atkins yatanze icyizere ko igihugu cyabo kizatangira kohereza abimukira mu Rwanda mu byumweru biri imbere. 

Mu kiganiro n’Umunyamakuru Trevor Philipps wa Sky News kuri uyu wa 14 Mata 2024, Minisitiri Atkins yagize ati “Dushaka ko indege ibatwara vuba cyane bishoboka […] Duteganya ko biba mu byumweru.” Yabajijwe niba Guverinoma yaramaze kubona sosiyete y’indege izabatwara, asubiza ko inzego zishinzwe umutekano w’imbere zibirimo, kandi ko imyiteguro yamaze kunozwa.Ati “Ibiro bishinzwe umutekano w’imbere

 u Bwongereza:Minisitiri Atkins yatanze icyizere ko igihugu cyabo kizatangira kohereza abimukira mu Rwanda mu byumweru biri imbere.  Read More »

Ukraine ikomeje gutsura umubano n’ibihugu byo muri Afurika, igiye gufungura ku mugaragaro Ambasade yayo mu Rwanda.

Ni nyuma y’uko iherutse gufungura Ambasade zayo muri Côte d’Ivoire no muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Biteganyijwe ko Ambasade ya Ukraine mu Rwanda izafungurwa ku mugaragaro kuri uyu wa 18 Mata 2024. Mu Ukuboza umwaka ushize nibwo Ukraine yemeje ko igiye gufungura Ambasade yayo mu Rwanda. Byari nyuma y’uruzinduko rwa Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa

Ukraine ikomeje gutsura umubano n’ibihugu byo muri Afurika, igiye gufungura ku mugaragaro Ambasade yayo mu Rwanda. Read More »

Afurika y’Epfo yahagaritse umuti w’inkorora wifashishwa mu kuvura abana bari mu kigero cy’imyaka 2 kugeza kuri 12.

Ni icyemezo cyafashwe nyuma y’aho ubugenzuzi bwakorewe muri laboratwari yo muri Nigeria bwagaragaje ko uyu muti ufite igipimo kiri hejuru cy’ikinyabutabire cya ‘Diethylene Glycol’. Iki kigo cyagize kiti “SAHPRA ihagaritse nimero 329303 na 329304 zari kuzasaza muri Mata 2024 mu gihe ikomeje iperereza. Izi nimero zoherejwe muri Afurika y’Epfo, Eswatini, u Rwanda, Kenya,Tanzania na Nigeria.”

Afurika y’Epfo yahagaritse umuti w’inkorora wifashishwa mu kuvura abana bari mu kigero cy’imyaka 2 kugeza kuri 12. Read More »

 ikipe ya APR FC yifuje Umunya-Burkina Faso Stéphane Aziz Ki ariko icibwa akayabo.

Ni inkuru yasohotse itangajwe n’umunyamakuru Micky Jr usanzwe umenyerewe ku nkuru z’umupira w’amaguru imbere muri Afurika by’umwihariko ay’isoko ry’igura n’igurishwa ry’abakinnyi. Icyo gihe yatangaje ko mu cyumweru gishize ngo ikipe ya APR FC yagerageje gukomanga muri Young Africans yo mu gihugu cya Tanzania ibaza icyo byasaba kugira ngo ibe yakwibikaho Umunya-Burkina Faso Stéphane Aziz Ki

 ikipe ya APR FC yifuje Umunya-Burkina Faso Stéphane Aziz Ki ariko icibwa akayabo. Read More »

 Mama Sava yagaragaje ko amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi yagirwa isomo ryihariye kuva mu mashuri y’abato.

Ibi Mama Sava yabigarutseho mu kiganiro yagiranye nikinyamakuru cyahano mu rwanda, aho yakomozaga ku ho abona Leta y’u Rwanda ikwiye kongera imbaraga mu rwego rwo kugira ngo urubyiruko rurusheho kwigishwa amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Uyu mukinnyi wa sinema avuga ko nubwo hasanzweho ubundi buryo abakiri bato bakwigamo amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi, ku bwe

 Mama Sava yagaragaje ko amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi yagirwa isomo ryihariye kuva mu mashuri y’abato. Read More »

Mu rubanza Nkunduwimye Emmanuel yatunguranye avuga ko atazahakana ko Jenoside yakorewe Abatutsi yabayeho. 

Ababuranye ku byaha bya Jenoside mu myaka ishize bakunze kwiregura bahakana ibyaha ndetse bagashimangira ko ibyo bari gukurikiranwaho bishingiye ku kuba ari abanyapolitike batavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda. Me André-Martin Karongozi wunganira abaregera indishyi muri uru rubanza yabwiye IGIHE ko uyu mugabo aregwa ibyaha bya Jenoside, no kuba hari umugore yafashe ku ngufu “ariko ibya

Mu rubanza Nkunduwimye Emmanuel yatunguranye avuga ko atazahakana ko Jenoside yakorewe Abatutsi yabayeho.  Read More »