wex24news

Giselle Mugisha

u Burusiya  Bwohereje muri Niger ingabo n’ibikoresho bya gisirikare, nyuma yo gufata icyemezo cyo kwirukana iza america.

Televiziyo ya Niger yaraye yerekanye amashusho y’ingabo z’u Burusiya zisesekara ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Niamey, zifite ibikoresho birimo intwaro zifashishwa mu guhangana n’ibitero byo mu kirere. Umwe mu basirikare b’u Burusiya yatangarije iki gitangazamakuru ko icyabajyanye i Niamey ari ukugira ngo bashyire mu bikorwa ubufatanye mu bya gisirikare buri hagati y’ibihugu byombi.Mu kwezi gushize […]

u Burusiya  Bwohereje muri Niger ingabo n’ibikoresho bya gisirikare, nyuma yo gufata icyemezo cyo kwirukana iza america. Read More »

Abanyarwanda bari muri zimbabwe ni zindi nzego zitandukanye bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi 1994.

Ambasaderi Musoni James (hagati) acana urumuri rw’icyizere Mu ijambo rye, Pearson Chigiji, Umuyobozi Mukuru w’Umusigire ushinzwe ibijyanye n’ububanyi n’amahanga, muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubucuruzi mpuzamahanga, yavuze ko kuba bari muri icyo gikorwa, bitagamije kugaragaza ko bifatanyije n’u Rwanda gusa, ahubwo ari bwo uburyo bwo kugaragaza ko bashima ubuyobozi bufite icyerekezo, buhagarariwe na Perezida Paul Kagame,

Abanyarwanda bari muri zimbabwe ni zindi nzego zitandukanye bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi 1994. Read More »

Uganda: Umugabo wakatiwe igifungo cy’imyaka 16 nyuma yo kumuhamya icyaha cyo gucuruza abana.

Muzaaya yatawe muri yombi mu 2013, ubwo ubuyobozi bwamenyeshwaga ko mu rugo rwe ruherereye ku kirwa cya Buvuma hari abana 39 bagaragara mu masambu ye bamuhingira ariko ntibajye ku ishuri. Iperereza ryagaragaje ko muri aba bana, harimo icyenda gusa Muzaaya yabyaye. Abandi bose ntiyashoboye no kugaragaza amazina y’ababyeyi babo. Ubwo yabazwaga impamvu atajyana aba bana

Uganda: Umugabo wakatiwe igifungo cy’imyaka 16 nyuma yo kumuhamya icyaha cyo gucuruza abana. Read More »

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, ateganya kugirira uruzinduko rw’iminsi ibiri muri Uganda.

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Uganda kuri uyu wa 12 Mata yasobanuye ko uru ruzinduko ruzaba rugamije kongerera imbaraga umubano usanzwe hagati y’ibihugu byombi. Iti “Nyakubahwa Cyril Ramaphosa, Perezida wa Repubulika ya Afurika y’Epfo azagirira uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Uganda, guhera tariki ya 15 kugeza ku ya 16 Mata 2024. Ruzaba rugamije kongerera imbaraga umubano

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, ateganya kugirira uruzinduko rw’iminsi ibiri muri Uganda. Read More »

 Perezida wa RDC, Félix Tshisekedi,Irengero rye rikomeje kuba urujijo. 

Ni amakuru yaje no kubeshyuzwa n’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri RDC, biza no gutuma RTBF nayo ubwayo isaba imbabazi. Ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko kuri X, Tina Salama, Umuvugizi wa Tshisekedi yavuze ko Umukuru w’Igihugu yagiye mu ruzinduko hanze “ku mpamvu zihutirwa zireba igihugu”, gusa ntiyigeze avuga aho ariho. Bamwe batangiye gukwirakwiza ibihuha, bavuga ko Tshisekedi ari

 Perezida wa RDC, Félix Tshisekedi,Irengero rye rikomeje kuba urujijo.  Read More »

Bujumbura:Ubuyobozi Burasaba abatuye mu bice biri kwibasirwa n’imyuzure kwimuka  mu rwego rwo kwirinda izindi mpfu.

Iki cyemezo cyafashwe n’umuyobozi w’iyi ntara, Désiré Nsengiyumva, nyuma y’aho imyuzure yishe abaturage batatu, batanu bakaburirwa irengero. Inzu zasenyutse zo zibarirwa muri 300. Igice cyibasiwe cyane n’iyi myuzure, nk’uko VOA yabitangaje ni zone Gatumba yegereye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Kugeza ubu imaze gusenya inzu zaho zirenga 200. Iyi radiyo yasobanuye ko uyu mwuzure uri

Bujumbura:Ubuyobozi Burasaba abatuye mu bice biri kwibasirwa n’imyuzure kwimuka  mu rwego rwo kwirinda izindi mpfu. Read More »

Ubushakashatsi bwakozwe n’Ikigo Rwanda Non-Communicable Disease bwagaragajeko  ko hafi 30% by’Abaturarwanda bagerwaho n’umwotsi w’itabi

  Izo ngaruka zirimo nko kuba abana bahumeka umwotsi w’itabi ry’amasegereti baba bafite ibyago byo kugira ibibazo by’ubuhumekero, asthma cyangwa bagapfa bakiri bato. Abahumeka uwo mwotsi w’itabi kandi bashobora kwibasirwa n’indwara zitandukanye zirimo iz’umutima, kanseri, diabetes, umuvuduko w’amaraso, indwara zo mu buhumekero, izo mu kanwa n’izindi. Ubu bushakashatsi bwakozwe hagamijwe kureba ingaruka zituruka ku kunywa

Ubushakashatsi bwakozwe n’Ikigo Rwanda Non-Communicable Disease bwagaragajeko  ko hafi 30% by’Abaturarwanda bagerwaho n’umwotsi w’itabi Read More »

umwana wimyaka 12 yavuze umuvugo wuje impanuro ugira uti:‘Turabibuka Mfura z’Iwacu.

Ni umuvugo yavuze ku itariki 07 Mata 2024 mu muhango wo gutangiza icyumweru cy’icyunamo, hibukwa ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho ku rwego rw’Akarere ka Rulindo icyo gikorwa cyabereye mu Murenge wa Rusiga. Uwo muvugo yise ‘Turabibuka mfura z’iwacu’, amwe mu magambo awugize ajyanye no guhumuriza abazize Jenoside yakorewe Abatutsi, imbere

umwana wimyaka 12 yavuze umuvugo wuje impanuro ugira uti:‘Turabibuka Mfura z’Iwacu. Read More »

Dore uburyo 12 wafashamo umuntu waba ufite ikibazo cy’ihungabana n’agahinda gakabije. 

Ni ubushakashatsi bwari bugamije kumenya uko ibibazo byo mu mutwe bihagaze mu gihugu, uko ikibazo cy’ihungabana n’ibindi bibazo byo mu mutwe bimeze ku bacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi. Ibishobora gutera ihungabana Umuntu ashobora kugaragaza ibimenyetso by’ihungabana igihe ahuye n’ikimwibutsa ibihe bibi yanyuzemo, bigatuma yongera kugira ububabare yagize igihe yagirirwaga nabi, igihe yumvaga inkuru

Dore uburyo 12 wafashamo umuntu waba ufite ikibazo cy’ihungabana n’agahinda gakabije.  Read More »

Umudepite Arielle mu Nteko Ishinga Amategeko ya Canada, yasabye ko iki gihugu cyakwemeza ko FDLR ari nk’umutwe w’iterabwoba

Ibi Kayabaga yabisabye ashingiye ku bikorwa bw’ubwicanyi bwibasira Abatutsi, uyu mutwe ukomeje gukorera mu Burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Ahereye kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, yashimye akazi kakozwe n’ubutabera bw’u Rwanda, ariko agaragaza ko inzira y’ubwiyunge igikomeje. Ati: “Mu gihe twibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,

Umudepite Arielle mu Nteko Ishinga Amategeko ya Canada, yasabye ko iki gihugu cyakwemeza ko FDLR ari nk’umutwe w’iterabwoba Read More »