wex24news

Giselle Mugisha

Amerika: yahagaritse abakozi bayo gukorera ingendo muri Israel kubera ibitero bishobora kugabwa na Iran muri icyo gihugu.

Ambasade ya Amerika yavuze ko abakozi bayo muri Israel babujijwe gukorera ingendo hanze y’Umujyi wa Yeruzalemu, Tel Aviv cyangwa Be’er Sheva ku bw’impamvu z’umutekano. Iran iherutse gutangaza ko yitegura kwihorera ku bitero Israel yagabye kuri Ambasade yayo muri Syria bigahitana abantu 13 mu minsi 11 ishize.Israel yahakanye uruhare muri icyo gitero gusa bivugwa ko ishobora […]

Amerika: yahagaritse abakozi bayo gukorera ingendo muri Israel kubera ibitero bishobora kugabwa na Iran muri icyo gihugu. Read More »

Minisitiri Valentine, yasabye ababyeyi kwigisha abana babo amateka ya Jenoside batayagoretse, kugira ngo bakure bayazi.

Ni mu butumwa yatanze ku wa Kane tariki ya 11 Mata 2024 ubwo yifatanyaga n’abaturage bo mu Karere ka Gatsibo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi i Kiziguro. Tariki ya 11 nibwo kuri Kiliziya cya Kiziguro hiciwe Abatutsi barenga 5000 bigizwemo uruhare na Gatete Jean Baptiste wahoze ari Burugumesitiri wa Komine Murambi. Kuri

Minisitiri Valentine, yasabye ababyeyi kwigisha abana babo amateka ya Jenoside batayagoretse, kugira ngo bakure bayazi. Read More »

Amerika: Joe Biden, ari gusabwa gukumira imodoka zose zikorerwa mu Bushinwa ntizizongere kwinjira mu gihugu cye.

Umuyobozi wa Komite ishinzwe amabanki muri Sena ya Amerika, Sherrod Brown, yatangaje ko “imodoka zikoresha amashanyarazi zo mu Bushinwa ni ikibazo gikomeye ku ruganda rw’ibinyabiziga muri Amerika”. Amagambo ye yiyongereye ku yandi yavuzwe na bamwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko bo muri Amerika bakunze gusaba ko imodoka z’amashanyarazi zikorerwa mu Bushinwa zakumirwa muri Amerika cyangwa

Amerika: Joe Biden, ari gusabwa gukumira imodoka zose zikorerwa mu Bushinwa ntizizongere kwinjira mu gihugu cye. Read More »

Kiliziya Gatolika yageneye ubutumwa Abanyarwanda muri iki gihe cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Ubu butumwa bwateguwe na Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro mu Nama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, butambutswa na Musenyeri Mwumvaneza Anaclet wa Diyosezi ya Nyundo. Ubutumwa bwa Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro y’inama y’Abepisoko mu Rwanda, bwagarutse ku nyigisho zikubiyemo ijambo ry’Imana, ariko zirimo n’impanuro zo gushishikariza Abanyarwanda kubaha ubuzima bw’abandi no kubakunda. Musenyeri Mwumvaneza yifashishije ijambo ry’Imana, riboneka mu

Kiliziya Gatolika yageneye ubutumwa Abanyarwanda muri iki gihe cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Read More »

Urukiko rushinzwe iby’amatora rwemereye Jacob Zuma kwiyamamariza kongera kuyobora iki gihugu cy’Afurika y’Epfo

Ni icyemezo cyatesheje agaciro icyari cyarafashwe na Komisiyo y’amatora, yasobanuraga ko umuntu wahamijwe ibyaha, agakatirwa igifungo kirenze amezi 12, adakwiye kwiyamamaza. Ni impamvu yashingiye ku gifungo cy’amezi 15 Zuma yigeze gukatirwa muri Kamena 2021, azira kwanga kwitaba abagenzacyaha bari bamukurikiranyeho icyaha cyo kunyereza umutungo w’igihugu. Abanyamategeko ba Zuma tariki ya 8 Mata 2024 basobanuriye urukiko

Urukiko rushinzwe iby’amatora rwemereye Jacob Zuma kwiyamamariza kongera kuyobora iki gihugu cy’Afurika y’Epfo Read More »

Amerika :umunyeshuri yishe bagenzi be bane,ababyeyi be bakatirwa igifungo kimyaka 10na 15.

Ibitangazamakuru mpuzamahanga birimo na BBC ku wa 9 Mata 2024 byatangaje ko ababyeyi b’uwo munyeshuri, James Crumbley na Jennifer Crumbley, bakatiwe uwo munsi n’Urukiko rwo mu gace ka Oxford muri Leta ya Michigan muri Amerika. Uwo munyeshyuri yarasiye bagenzi be ku Ishuri ryisumbuye rya Oxford muri Amerika mu 2021. Ababyeyi be ni bo ba mbere

Amerika :umunyeshuri yishe bagenzi be bane,ababyeyi be bakatirwa igifungo kimyaka 10na 15. Read More »

Mufti w’u Rwanda, Sheikh Salim Hitimana, yibukije impamvu y’Igisibo Gitagatifu ku Idini ya Islam n’icyo Imana isaba Abayisilamu.

Yatangiye agira ati Bavandimwe nyuma yo gusiba, icyo dusabwa ni ugukomeza kubaha Allah, dukora ibyo yadutegetse byo kumwiyegereza tunirinda ibyaha yatubujije. Iyo ni yo myitwarire ikwiye kuranga Umuyisilamu umaze ukwezi kose mu ngando za Ramadhan, asibye.” Mufti w’u Rwanda yavuze ko bidakwiye ko umuntu umaze ukwezi mu gisibo yasubira mu byaha, agata umurongo wo gutinya

Mufti w’u Rwanda, Sheikh Salim Hitimana, yibukije impamvu y’Igisibo Gitagatifu ku Idini ya Islam n’icyo Imana isaba Abayisilamu. Read More »

Guhera mu 2003, bamwe mu bagororwa bari bafungiwe ibyaha bya Jenoside nyuma y’uko bemeye kwirega bakanasaba imbabazi abo bahemukiye.

Ingabo za RPA zimaze guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi, bamwe mu bayigizemo uruhare bahise batangira gufungwa kugira ngo baryozwe uruhare rwabo nubwo abandi bari bamaze guhungira i mahanga. Nubwo urugamba rw’amasasu rwari rwarangiye, hari hakurikiyeho urugamba rwo kubaka igihugu cyari cyasenywe bikomeye ndetse no kongera gusana imitima ya benshi bari baratakaje icyizere cyo kubaho. Zari inshingano

Guhera mu 2003, bamwe mu bagororwa bari bafungiwe ibyaha bya Jenoside nyuma y’uko bemeye kwirega bakanasaba imbabazi abo bahemukiye. Read More »

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, cyagaragaje ko impamvu ingabo za (MONUSCO) zavuye mu nkengero za Sake.

Ibiro ntaramakuru by’Abafaransa, AFP, biherutse gutangaza ko byabonye inyandiko y’ibwiriza rya MONUSCO risaba izi ngabo kuva mu nkengero z’uyu mujyi bitewe n’uko M23 ishobora kugaba ibitero bigamije kuwufata no gufunga umuhanda uwuhuza na Goma. Byasobanuye ko hashingiwe kuri iri bwiriza, ingabo z’Abahinde zavuye mu birindiro bitatu tariki ya 4 Mata 2024, zerekeza i Goma, kandi

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, cyagaragaje ko impamvu ingabo za (MONUSCO) zavuye mu nkengero za Sake. Read More »

Leta y’igihugu cyu  Bufaransa bwasabwe gukora iperereza ku iyicwa ry’abajandarume b’Abafaransa bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Ni ibisobanuro uyu muryango uharanira imibabire myiza y’u Bufaransa na Afurika, wasabye ku wa 8 Mata 2024, ubusabe bukubiye mu nyandiko zabonywe na AFP. Abo Survie igaragaza ko hakorwa iperereza ry’uko bishwe barimo uwitwaga Rene Maier na Alain Didot n’umugore we, Gilda Didot bose biciwe mu Mujyi wa Kigali. Mu itangazo washyize hanze, uyu muryango

Leta y’igihugu cyu  Bufaransa bwasabwe gukora iperereza ku iyicwa ry’abajandarume b’Abafaransa bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Read More »