wex24news

Giselle Mugisha

Ingabo z’u Bushinwa zari zimaze imyaka 21 mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zatashye.

Iki gikorwa cyabereye mu mujyi wa Bukavu kuri uyu wa 9 Mata 2024, cyitabiriwe na Bintou Keita uyobora MONUSCO, Marc Malago Kashekere uyobora by’agateganyo intara ya Kivu y’Amajyepfo na Ambasaderi Zhano Bin w’u Bushinwa muri RDC. Bintou yashimye ibyo izi ngabo zagezeho mu gihe zari zimaze muri Kivu y’Amajyepfo, ahamya ko zatanze umusanzu ukomeye mu […]

Ingabo z’u Bushinwa zari zimaze imyaka 21 mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zatashye. Read More »

Mufti Hitimana Salim yasabye abayisilamu bose kuba ijisho rireberera umutekano kugira ngo udahungabanya.

Ibi Mufti yabitangaje ubwo hasozwaga amarushanwa yo gusoma igitagatifu cya Korowani mu mutwe mu gihe abayisilamu bitegura gusoza igisibo cya Ramadhan kuri uyu wa Gatatu tariki ya 10 Mata 2024. Mufti Hitimana yavuze ko abayisilamu bamaze kugera kuri byinshi birimo iterambere ritandukanye, kandi byose babikesha igihugu gitekanye kandi kiyobowe neza. Yagize ati “ Izi gahunda

Mufti Hitimana Salim yasabye abayisilamu bose kuba ijisho rireberera umutekano kugira ngo udahungabanya. Read More »

Sosiyete y’umunyemari Elon Musk, Starlink icuruza internet yatangaje ko ibiciro by’ibikoresho yagurishaga ku bashaka internet mu Rwanda byagabanyutse.

Iyi internet yihuta yatangiye kugurishwa mu Rwanda muri Gashyantare 2023, aho umuntu uyikeneye yishyuraga ibihumbi 620 Frw kugira ngo abone serivisi za internet ya Starlink, gusa uko iminsi iza ibiciro byayo bigenda birushaho kugabanywa. Iyi internet ya Starlink ni umushinga w’ikigo SpaceX kizobereye mu by’ikoranabuhanga cy’umuherwe w’Umunyamerika, Elon Musk. Muri rusange abantu bagura internet yo

Sosiyete y’umunyemari Elon Musk, Starlink icuruza internet yatangaje ko ibiciro by’ibikoresho yagurishaga ku bashaka internet mu Rwanda byagabanyutse. Read More »

 Sénégal:Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda batuye muri Sénégal bibutse ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. 

Iyo gahunda yabimburiwe no gushyira indabo kuri Place du Souvenir Africain hari ikimenyetso cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994 kimwe n’ahantu hagenewe kugaragaza amateka yiyo Jenoside (hundred nights’ exhibition). Perezida wa Ibuka muri Sénégal , Dr Yves Rwogera Munana, yasabye ko mu rwego rwo gukomeza kurwanya abahakana bakanapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi, Senegal

 Sénégal:Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda batuye muri Sénégal bibutse ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.  Read More »

Ambasaderi w’u Rwanda mu bihugu byo mu Burayi bw’Amajyaruguru yashimangiye ko amateka ya Jenoside atazibagirana. 

Yabigarutseho ku wa 8 Mata 2024 mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi cyahuje abarenga 250 harimo abanyarwanda baba muri Denmark, abahagarariye ibihugu byabo, abayobozi batandukanye n’inshuti zu Rwanda. Perezida w’Umuryango IBUKA muri Denmark, Egide Victor Semukanya, yibukije abari aho uko leta zagiyeho mbere ya 1994 zimitse amacakubiri n’urwango mu Banyarwanda

Ambasaderi w’u Rwanda mu bihugu byo mu Burayi bw’Amajyaruguru yashimangiye ko amateka ya Jenoside atazibagirana.  Read More »

Kiliziya Gatolika ku Isi yamaganiye kure ibikorwa byose bifite aho bihuriye no guhinduza igitsina. 

Bimwe mu bikorwa byamaganwe ni ukwibagisha ubikora agambiriye guhinduza igitsina niba yari umukobwa agahinduka umuhungu, uwari umuhungu agahinduka umukobwa. Ibi bikorwa kandi Kiliziya yamaganye byiyongera ku byo kubyarira abandi bantu. Aha ni hamwe abashakanye bahitamo umugore ku ruhande akaba yabatwitira yabyara umwana akamutanga, byose Kiliziya Gatolika ikavuga ko bihabanye n’ibyo Bibiliya yigisha. Inyandiko z’amapaji 20

Kiliziya Gatolika ku Isi yamaganiye kure ibikorwa byose bifite aho bihuriye no guhinduza igitsina.  Read More »

Umusirikare ubarizwa mu gisirikare cya Leta ya Congo ’FARDC’ arashinjwa kwica inka z’Abatutsi

Amakuru avuga ko uyu musirikare yarashe izi nka mu masaha ya mugitondo cyo kuri uyu wa Kabiri taliki 9 Mata 2024. Inka enye nizo zamenyekanye ko uyu musirikare yishe ariko imibare ikaba ikomeje gukusanywa kuko hari n’izindi zakomeretse bikomeye.Izi nka zarasiwe ahitwa Kibati, muri teritware ya Nyiragongo, hafi n’u Mujyi wa Goma. Mu mpera z’umwaka

Umusirikare ubarizwa mu gisirikare cya Leta ya Congo ’FARDC’ arashinjwa kwica inka z’Abatutsi Read More »

Kuri uyu wa kabiri Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima ’OMS’ ryatangaje ko Umwijima ’Hepatite’ wica abantu ibihumbi 3,500 ku munsi.

Indwara y’Umwijima ifatwa nk’iya Kabiri mu kwica abantu benshi cyane ku munsi nyuma y’Igituntu gifatwa nka nimero ya Mbere mu kurimbura imbaga y’abantu buri munsi ku Isi. Raporo ya OMS yashyizwe ahagaragara mbere y’inama y’isi yiga kuri iyi ndwara y’Umwijima yabereye muri Porutugali muri iki Cyumweru, ivuga ko imibare mishya yaturutse mu bihugu 187 yerekanye

Kuri uyu wa kabiri Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima ’OMS’ ryatangaje ko Umwijima ’Hepatite’ wica abantu ibihumbi 3,500 ku munsi. Read More »

Mu gihe habura amasaha macye ngo idini rya Islam ryizihize umunsi w’irayidi bwatangaje impinduka mu kwizihiza Irayidi.

Ubuyobozi bwa Abayisilamu mu Rwanda bwavuze ko kubera igihugu kiri mu cyumweru cyo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, nta birori byo kwishima no kunezerwa bizaba nk’uko byari bisanzwe ku munsi wo gusoza igisibo wa Eid al Fitr (irayidi) kuri uyu wa Gatatu , Tariki ya 10/4/2024. Byagarutsweho na Mufti

Mu gihe habura amasaha macye ngo idini rya Islam ryizihize umunsi w’irayidi bwatangaje impinduka mu kwizihiza Irayidi. Read More »

Umutwe w’iterabwoba wa Leta ya kisilamu watangaje ko uragaba ibitero by’iterabwoba ku abantu bose bazitabira imikino ya Champions zi League.

Ku wa Mbere tariki ya 8 Mata 2024, binyuze mu kinyamakuru The Al Azaim Foundation dukesha iyi nkuru gitangaza amakuru y’umutwe w’iterabwoba wa Leta ya kisilamu, cyavuze ko bari gutegura ibitero byo kwica abantu bose bazitabira imikino ya Champions League. The Al Azaim Foundation yasohoye ifoto iriho amazina ya Sitade Enye zizakira imikino ya Champions

Umutwe w’iterabwoba wa Leta ya kisilamu watangaje ko uragaba ibitero by’iterabwoba ku abantu bose bazitabira imikino ya Champions zi League. Read More »