wex24news

Giselle Mugisha

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko igiye kwakira abaganga bo muri Cuba bazajya bavura bakanigisha abakora mu buvuzi.

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu mezi atatu ari imbere, aba mbere bashobora kuba bageze mu Rwanda kandi biteganyijwe ko bazoherezwa mu bitaro byigisha biri mu Ntara zitandukanye z’igihugu Ibi byatangajwe na Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana nyuma y’ikiganiro cyahuje Minisitiri w’Ubuzima muri Cuba, Dr. José Angel Portal Miranda na Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente. Minisitiri […]

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko igiye kwakira abaganga bo muri Cuba bazajya bavura bakanigisha abakora mu buvuzi. Read More »

Siporo mu myaka 30 nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi Yunze Abanyarwanda, inubaka abarokotse jenoside.

Imyaka 30 irashize, mu Rwanda habaye Jenoside yakorewe Abatutsi igahitana abasaga miliyoni. Kuri ubu, igihugu cyariyubatse, by’umwihariko muri siporo, iterambere rirazamuka haba mu bikorwaremezo, kwitabira no kwakira amarushanwa atandukanye. Siporo n’imikino biri mu byifashishijwe na bamwe mu kubiba urwango rwaganishije ku mugambi wa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ariko nyuma y’aho, yabaye inzira yo kugarura

Siporo mu myaka 30 nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi Yunze Abanyarwanda, inubaka abarokotse jenoside. Read More »

Uko Rusagara yarokotse Jenoside n’uko yiyubatse nyuma ya jenoside.

Rusagara ni umuhungu wa Sakumi Anselme uri mu barenga miliyoni bishwe bazira uko bavutse. Yize amashuri abanza ndetse n’ayisumbuye mu Rwanda cyane ko ababyeyi be bari bafite ubushobozi bwo kumurihira. Atangira asobanura ko akiri umwana yakuze abona umuryango we ubayeho neza kuko ko ntacyo bari babuze mu buryo bugaragara biturutse ku mirimo y’ubucuruzi yakorwaga na

Uko Rusagara yarokotse Jenoside n’uko yiyubatse nyuma ya jenoside. Read More »

nyuma ya  Jenoside impano ya Perezida Kagame ikomeye  yagaruye Mukura VS muri ruhago.

Imwe mu makipe yashegeshwe cyane na Jenoside ni Mukura Victory Sports et Loisir y’i Huye kuko yabuze abakinnyi n’abatoza bagera kuri 27. Mu mpera za 1994 ni bwo uwari Perezida wa Mukura VS, Gasarabwe Jean Damascène, yatangiye gushaka abana bashobora gukina kugira ngo yongere gushinga ikipe bityo ntizimire.Muri bo harimo Jimmy Gatete wari mu kigero

nyuma ya  Jenoside impano ya Perezida Kagame ikomeye  yagaruye Mukura VS muri ruhago. Read More »

 (Ubuhamya)Uko Byukusenge yarokoste jenoside yahishwe n’inka,agaburirwa n’imbwa.

Avuga ko kuri we yatangiye kubona ibyo kuvangurwa n’abandi mu 1991-1992-1993, kuko nubwo yari umwana, hari ibyo yabonaga, aho mu ishuri bajyaga babita Abatutsi cyangwa se bakabita Inyenzi, bakabita ayo mazina no mu gihe bakina n’abandi bana, kandi mu ishuri bagahagurutswa, ntamenye ubwoko bwe, agahaguruka mu Batutsi, mu Batwa no mu Bahutu. Byukusenge avuga ko

 (Ubuhamya)Uko Byukusenge yarokoste jenoside yahishwe n’inka,agaburirwa n’imbwa. Read More »

#Kwibuka30:Muri Leta z Amerika Abanyarwanda n’inshuti zabo barashishikarizwa kwitabira ibikorwa byo kwibuka jenoside yakorewe abatusti 1994.

Ambasade y’u Rwanda muri USA ivuga ko gutangiza icyumweru cy’icyunamo byaranzwe no kururutsa ibendera ry’u Rwanda kugera hagati, gucana urumuri rw’icyizere no kunamira Abatutsi bazize Jenoside mu 1994. Ambasaderi w’u Rwanda muri USA, Mathilde Mukantabana, yahatangiye ubutumwa bwibutsa ibyo Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ahora abwira Abanyarwanda n’Abanyafurika muri rusange, ati “nta muntu ushobora kuduha

#Kwibuka30:Muri Leta z Amerika Abanyarwanda n’inshuti zabo barashishikarizwa kwitabira ibikorwa byo kwibuka jenoside yakorewe abatusti 1994. Read More »

Abasenateri bagaragaje Ibibazo uruhuri koperative zikora ubuhinzi n’ubworozi bituma batabona umusaruro.

Koperative z’abahinzi zasuwe n’Abasenateri mu turere twose ni 60, ndetse ahenshi basanze zarateye imbere mu byerekeye umusaruro w’ibikorwa bakora. Ku wa 4 Mata 2024 ubwo basuzumaga raporo y’ingendo bakoze muri Mutarama hagenzurwa ishyirwa mu bikorwa ry’ingamba zo guteza imbere amakoperative y’ubuhinzi n’ubworozi, bagaragaje ko hari ibibazo bicyugarije uru rwego birimo ibigo by’amatungo bihenze cyane. Senateri

Abasenateri bagaragaje Ibibazo uruhuri koperative zikora ubuhinzi n’ubworozi bituma batabona umusaruro. Read More »

Kwibuka30: Juno Kizigenza yashishikarije urubyiruko kumva uruhare rwarwo mu kubaka u Rwanda 

Ibi Juno Kizigenza yabigarutseho mu kiganiro yagiranye nau munyamakuru mu Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi. Uyu muhanzi ahamya ko Kwibuka ari igikorwa cyo guha agaciro abakambuwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi no kuba hafi imitima igifite ibikomere n’Abanyarwada muri rusange. Ku rundi ruhande yavuze ko Jenoside yakorewe Abatutsi yamusigiye isomo ry’uko urubyiruko rufite

Kwibuka30: Juno Kizigenza yashishikarije urubyiruko kumva uruhare rwarwo mu kubaka u Rwanda  Read More »

Perezida Kagame kuri uyu wa 7 Mata 2024 yatangaje ko uwari umukozi wa  Loni yicishije mubyara we mu gihe cya jenoside 1994.

Ntabwo Umukuru w’Igihugu yavuze amazina y’uyu mugabo gusa yasobanuye ko yidegembya nyuma yo kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, kandi ko aba mu Bufaransa. Yagize ati “Ikibabaje ni uko uwagambaniye Florence n’abo bari kumwe yakomeje gukorera Loni na nyuma ya Jenoside, kandi ibimenyetso by’uruhare rwe muri Jenoside byaramenyekanye. Abantu baramubonye yishimira urupfu rwa Florence mu

Perezida Kagame kuri uyu wa 7 Mata 2024 yatangaje ko uwari umukozi wa  Loni yicishije mubyara we mu gihe cya jenoside 1994. Read More »

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikomeje kwisanga mu rugamba rwa yonyine rw’ibihugu byanze kuva ku izima nyuma y’imyaka 30 igikoresha imvugo zipfobya Jenoside. 

Ubutumwa bw’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Anthony Blinken, bujyanye no Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi, butandukanye n’ubw’abandi bayobozi bose bafashe u Rwanda mu mugongo. Ubwo yari akangutse kuri iki Cyumweru, ahagana ku isaha ya Saa 09:38 [i Kigali hari Saa 15:38], Blinken yasimbukiye kuri X yandika ati

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikomeje kwisanga mu rugamba rwa yonyine rw’ibihugu byanze kuva ku izima nyuma y’imyaka 30 igikoresha imvugo zipfobya Jenoside.  Read More »