wex24news

Giselle Mugisha

Perezida Kagame yavuze ko mu myaka 30 ishize u Rwanda rwagiye rwiyubaka mu nzego zitandukanye, ariko hakaba hari abashaka kugaragaza ko ntacyahinduste.

Yakomoje kuri iyi ngingo ubwo yasubizaga umunyamakuru wari umubajije ukuntu ngo atajya akunda kugaragara cyane aseka, nyamara asubiza ko muri iki gihe ahubwo yishima agaseka kuko hari ibishimishije byatuma umuntu useka, mu gihe mu myaka ishize yatambutse ntacyo abona cyari gutuma akunda guseka. Umukuru w’Igihugu yavuze ko abamuvugaho kuba uwo atari we , akenshi babivugira […]

Perezida Kagame yavuze ko mu myaka 30 ishize u Rwanda rwagiye rwiyubaka mu nzego zitandukanye, ariko hakaba hari abashaka kugaragaza ko ntacyahinduste. Read More »

U Rwanda rwahaye Ethiopie ikibanza cyo kubakamo inzu yambasade yayo izajya ikoreramo,mU Rwanda.

Ni ambasade yashyizweho ibuye ry’ifatizo na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ethiopie, Taye Atske-Selassie, ari kumwe na bamwe mu bayobozi batandukanye barimo abadipolomate ba Ethiopie ndetse n’abo muri Guverinoma y’u Rwanda. Nyuma yo gushyira ibuye ry’ifatizo ahazubakwa iyi ambasade ku wa 06 Mata 2024, Minisitiri Taye Atske-Selassie, yavuze ko ubu butaka bwahawe ambasade y’igihugu cye mu

U Rwanda rwahaye Ethiopie ikibanza cyo kubakamo inzu yambasade yayo izajya ikoreramo,mU Rwanda. Read More »

Kenya:Perezida Ruto yatangaje ko abaganga batazongezwa umushahara.

Ibi Perezida Ruto abitangaje nyuma y’uko muri Werurwe 2024 abaganga bagera kuri 4000 bo mu bitaro bya Leta batangiye imyigaragambyo mu gihugu hose, bashinja Leta kuba yarananiwe gushyira mu bikorwa amasezerano bagiranye mu 2017 yo kubongeza umushahara nyuma y’imyigaragambyo bakoze muri uwo mwaka yamaze y’iminsi 100 icyo gihe abantu bagapfa kubera kubura ubuvuzi. Perezida Ruto

Kenya:Perezida Ruto yatangaje ko abaganga batazongezwa umushahara. Read More »

impanuka ikomeye :Ubwato bwari butwaye abantu bwarohamiye muri Tanganyika

Amakuru avuga ko , iyi mpanuka yatewe n’umuyaga ukaze wazabiranyije ubwo bwato maze abantu bagera kuri 24 bararohama harokoka umwe. Ubu bwato bwaturukaga ku cyambu cya Kigoma muri Tanzaniya, bwerekezaga i Kalemie muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwari bwuzuye ibicuruzwa bitandukanye Amazina y’abari muri ubwo bwato ntabwo yamenyekanye, icyakora amakuru yamenyekanye, ni uko hari

impanuka ikomeye :Ubwato bwari butwaye abantu bwarohamiye muri Tanganyika Read More »

Loni irasaba kwifata nyuma y’igitero gishya cy’indege zitagira abapilote ku rugomero rw’amashanyarazi rwa Zaporizhzhia . 

U Burusiya bwavuze ko Ukraine iri inyuma y’icyo gitero, buvuga ko cyakomerekeje abantu batatu. Ukraine yahakanye kukigiramo uruhare nkuko bitangazwa na BBC. Uruganda rukomeye rw’ingufu za nikeleyeri rufitwe n’u Burusiya, rufite reacteurs esheshatu, ruri ku isonga mu ntambara y’u Burusiya na Ukraine. Ikigo mpuzamahanga cy’umuryango w’abibumbye gishinzwe ingufu za kirimbuzi (IAEA) cyaburiye inshuro nyinshi kwirinda

Loni irasaba kwifata nyuma y’igitero gishya cy’indege zitagira abapilote ku rugomero rw’amashanyarazi rwa Zaporizhzhia .  Read More »

#KWIBUKA30:Imwe mu miturirwa yo ku isi yatamirijwe amabara agize ibendera ry’u Rwanda Mu rwego rwo kwifatanya n’Abanyarwanda kwibuka jenoside yakorewe abatusti 1994.

Ku Cyumweru, tariki ya 7 Mata 2024, Abanyarwanda batangiye icyumweru cyo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mu rwego rwo kwifatanya n’Abanyarwanda, bimwe mu bihugu bigiye bitandukanye byagaragaje kwifatanya kwabyo n’u Rwanda bicana imiturirwa yabyo mu mabendera y’u Rwanda ibindi bikoresha ibibumbano n’iminara. U Buhinde bwacanye umunara wa Qutab Minar uri

#KWIBUKA30:Imwe mu miturirwa yo ku isi yatamirijwe amabara agize ibendera ry’u Rwanda Mu rwego rwo kwifatanya n’Abanyarwanda kwibuka jenoside yakorewe abatusti 1994. Read More »

Kwibuka30: Ikipe ya Bayern Munich yifatanyije n’Abanyarwanda kwibuka jenoside ya korewe abatusti 1994.

Ubutumwa iyi kipe yo mu gihugu cy’u Budage yanyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo zirimo X , bugaragaza ko yifatanyije n’u Rwanda muri iki gihe cyo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Yagize iti “Uyu munsi twifatanyije n’Abanyarwanda Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ndetse tunishimira iterambere ry’u Rwanda mu myaka 30

Kwibuka30: Ikipe ya Bayern Munich yifatanyije n’Abanyarwanda kwibuka jenoside ya korewe abatusti 1994. Read More »

Musanze: Bihanangirijwe kudakora amatsinda asenya ubumwe bw’Abanyarwanda 

Byagarutsweho kuri uyu wa 7 Mata 2024, ubwo hatangizwaga icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Ni igikorwa cyabanjirijwe no gucana urumuri rw’icyizere no gushyira indabo ku Rwibutso rw’Akarere ka Musanze ahahoze court d’ appel, bakomereza ku Rwibutso rwa Busogo naho hashyirwa indabo hakomereza ibiganiro. Bamwe mu barokotse Jenoside

Musanze: Bihanangirijwe kudakora amatsinda asenya ubumwe bw’Abanyarwanda  Read More »

urwibutso rwa Kabgayi Hakenewe asaga Miliyari kugirango ngo rwagurwe

Byatangarijwe mu gikorwa cyo gutangiza icyunamo cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi, ku rwibutso rwa Kabgayi mu Karere ka Muhanga, ahari hateraniye abantu benshi baje kwifatanya n’imiryango y’abarokotse Jenoside kwibuka. Umuryango IBUKA mu Karere ka Muhanga ugaragaza ko mu gihe bitakwihutishwa ngo ayo mafaranga aboneke, byaba ari imbogamizi ku gukomeza gushyingura no

urwibutso rwa Kabgayi Hakenewe asaga Miliyari kugirango ngo rwagurwe Read More »

U Bufaransa: Meya w’Umujyi yafatanywe urumogi ahita ashyikirizwa inzego z umutekano

Habsaoui yabaye Umuyobozi w’Umujyi wa Avallon kuva mu 2021, yari umwe mu bahanzwe amaso n’inzego z’umutekano nyuma y’uko Polisi itangiye ipererea ku icuruzwa ry’ibiyobyabwenge, nk’uko AFP ibitangaza. Umushinjacyaha yavuze ko urugo rwa Meya ndetse n’aho yarutunganyirizaga hasatswe ariko ntiyatangaje ingano y’urumogi bahasanze, gusa umwe mu bakoze iperereza yahishuye ko bahasanze ibilo 70 byarwo. Meya Habsaoui

U Bufaransa: Meya w’Umujyi yafatanywe urumogi ahita ashyikirizwa inzego z umutekano Read More »