wex24news

Ndagijimana Samuel

Umwarimu wo mu Karere ka Nyabihu, Hakizimana Innocent, arashaka kwiyamamaza mu matora y’Umukuru w’Igihugu.

Hakizimana aherutse guhabwa impapuro zitangwa na Komisiyo y’amatora zo gukusanya imikono 600 y’abamuzi, kugira ngo atangire inzira yo kuzaba umwe mu bahatanira kuyobora u Rwanda. Mu kiganiro na IGIHE dukesha iyi nkuru, Hakizimana yagaragaje ko yagize ubushake bwo kwiyamamariza kuyobora igihugu nyuma y’uko ahataniye umwanya wo kuyobora uturere ntibimuhire. Mu 2019 yiyamamarije kuyobora Akarere ka […]

Umwarimu wo mu Karere ka Nyabihu, Hakizimana Innocent, arashaka kwiyamamaza mu matora y’Umukuru w’Igihugu. Read More »

Ukraine yatangiye gukoresha Misile yahawe na Amerika binyuze mu nkunga.

Ni amakuru yemejwe ’abategetsi bo muri Amerika bemeje ko Ukraine yatangiye gukoresha ibisasu bya misile biraswa mu ntera ndende byo mu bwoko bwa ’ballistic’ yahawe n’Amerika mu ibanga, ibirasa ku basirikare b’Uburusiya bayiteye. Izo ntwaro ziri muri gahunda y’imfashanyo ya gisirikare ya miliyoni 300 z’amadolari yemejwe na Perezida w’Amerika Joe Biden muri Werurwe (3) uyu

Ukraine yatangiye gukoresha Misile yahawe na Amerika binyuze mu nkunga. Read More »

amafaranga angana na Miliyari zirenga 2 Frw yishyuwe hadakurikijwe amategeko .

Iyi raporo, igaragaza ko urwego rw’imikoreshereze y’imari ya leta rwazamutse ku gipimo cyiza kuko rwavuye kuri 68% mu 2022 rugera kuri 92% muri 2023. Kuri uyu wa Gatatu ushize imbere y’Inteko Ishinga Amategeko imitwe yombi, Umugenzuzi Mukuru w’Urwego rw’Ubugenzuzi Bukuru bw’imari ya leta, Kamuhire Alexis yabwiye Inteko Rusange y’imitwe yombi ko hakozwe ubugenzuzi ku bitabo

amafaranga angana na Miliyari zirenga 2 Frw yishyuwe hadakurikijwe amategeko . Read More »

Ukraine yahagaritse gutanga pasiporo ku basore n’abagabo bageze mu myaka yo gukora igisirikali.

Ibi bikubiye mu itegeko rishya ryasohotse mu gihugu mu rwego rwo kugerageza kubagarura gufatanya n’abandi mu rugamba igihugu kirimo n’Uburusiya. Leta ivuga ko muri iyi munsi bugarijwe n’ikibazo cy’abasirikari bake ku rugamba. Muri iri tegeko ryasohotse kuri uyu wa gatatu, leta ntigaragaza igihe ayo mabwiriza azamara. Muri icyo gihugu imyaka yo gukora igisirikari ni hagati

Ukraine yahagaritse gutanga pasiporo ku basore n’abagabo bageze mu myaka yo gukora igisirikali. Read More »

ibinyabiziga bisohora ibyotsi bene byo bongeye kwihanagirizwa.

Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe kurengera ibidukikije (REMA) n’abandi bafatanyabikorwa batangije ubukangurambaga bugamije gushishikariza abatunze ibinyabiziga n’abashoferi kubikurikirana babirinda kuvubura ibyotsi bihumanya ikirere. Ni ubukangurambaga bukorerwa mu gihugu hose ku mihanda itandukanye, mu bigo abagenzi bategeramo imodoka, mu itangazamakuru no mu bigo bisuzumirwamo ubuziranenge bw’imodoka. Raporo y’Ikigo cy’igihugu gishinzwe kurengera ibidukikije (REMA) igaragaza

ibinyabiziga bisohora ibyotsi bene byo bongeye kwihanagirizwa. Read More »

abimukira bagiye kuzanwa mu Rwanda bavuye mu Bwongereza bashobora kubera umutwaro iki gihugu gifite ikigero kiri hejuru cy’ubushomeri.

Frank Habineza, umudepite mu Nteko Ishingamategeko y’u Rwanda yabwiye BBC Gahuzamiryango ko bo “nk’abantu baharanira demokarasi ntabwo twarwanya itegeko”. Ni nyuma y’uko Inteko y’Ubwongereza yemeje uwo mugambi nk’itegeko. Gusa ati: “icyo dusaba ni uko uburenganzira bwa muntu bw’ibanze bugomba kubahirizwa kuri abo bimukira bagomba kuza mu Rwanda, ndetse n’inzira zose z’amategeko zubahirizwe kugira ngo abo

abimukira bagiye kuzanwa mu Rwanda bavuye mu Bwongereza bashobora kubera umutwaro iki gihugu gifite ikigero kiri hejuru cy’ubushomeri. Read More »

APR FC  ishobora kugura umukinnyi -Côte d’Ivoire, Gervais Yao Kouassi Gervinho wakiniye Arsenal na AS Roma. 

Nk’uko tubikesha YouTube Channel ya Rugaju Reagan Sports, avuga ko APR yamaze kohereza inzobere muri Afurika y’Iburasirazuba kugira ngo zitoranye abakinnyi bagomba kuyigarurira izina yahoranye. Rugaju Reagan yavuze ko mu bakinnyi APR igomba kuzana harimo na rutahizamu, Gervais Yao Kouassi uzwi nka Gervinho, kugira ngo amenyereze abakinnyi bato ndetse yongere gukangura Afurika ayibutse ko APR

APR FC  ishobora kugura umukinnyi -Côte d’Ivoire, Gervais Yao Kouassi Gervinho wakiniye Arsenal na AS Roma.  Read More »

abacamanza, abashinjacyaha, abashinzwe iperereza, n’abanditsi b’inkiko bo mu nkiko za gisirikare bahuriye mu mahugurwa y’iminsi ibiri. 

Muri ayo mahugurwa, Perezida w’urukiko rw’ubujurire, Francois Regis Rukundakuvuga, yashimye imbaraga z’ubufatanye hagati y’inkiko za gisirikare n’iza gisivili mu kubahiriza amahame yo kutabogama mu itangwa ry’ubutabera. Yatanze ibisobanuro ku mategeko rusange, cyane cyane ashimangira itegeko ryabanje, aho abacamanza bashingira ku byemezo byahise kugira ngo batange umucyo ku manza ziriho bisa. Yasabye abitabiriye amahugurwa kwitabira ubu

abacamanza, abashinjacyaha, abashinzwe iperereza, n’abanditsi b’inkiko bo mu nkiko za gisirikare bahuriye mu mahugurwa y’iminsi ibiri.  Read More »

Kapiteni wa Rayon Sports yagiriye inama ikomeye Rayon Sports  nyuma yo kuva mu gikombe cy’amahoro.

Nyuma yo gusezererwa muri 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro na Bugesera FC,uyu mukinnyi yavuze ko Rayon Sports ikwiye kuzashora kugira ngo itazongera kugira umwaka mubi nk’uwo yagize.Yongeyeho ko igomba no kwitonda no mu migurire yayo. Ati “Burya mu mupira w’amaguru bisaba gushora kugira ngo wunguke. Umwaka utaha bazagerageze bagure abakinnyi beza, ndakeka ko babonye isomo. Birababaje kubona

Kapiteni wa Rayon Sports yagiriye inama ikomeye Rayon Sports  nyuma yo kuva mu gikombe cy’amahoro. Read More »

Super Manager’, yagizwe ushinzwe kwamamaza ibikorwa ‘Brand Ambassador’wa KT Fitness Gym.

Mu muhango wo kumuha izo nshingano wabaye ku wa Mbere tariki 22 Mata 2024, Patrick Gakumba aka Super Manager, yavuze ko yishimiye gukorana n’iyi nzu ikorerwamo siporo, ashimangira ko bazafatanya mu gushishikariza Abanyarwanda kwitabira gukora siporo. Yagize ati “Ndashimira ubuyobozi bwa KT Fitness Gym bwampisemo ngo dukorane mu kwamamaza ibikorwa by’iyi nzu, ifite ibikoresho byo

Super Manager’, yagizwe ushinzwe kwamamaza ibikorwa ‘Brand Ambassador’wa KT Fitness Gym. Read More »