wex24news

Ndagijimana Samuel

umuhanzi kingi james yagize icyo atangaza k’ubwambuzi ashinjwa.

Umuhanzi King James wamamaye muri muzika Nyarwanda yakunzwe mu ndirimbo zitari nke, uyu muhanzi yagaragaje ko ari umwe mu bakomeye bashobora gukora cyane by’umwihariko atari umuziki gusa ahubwo akinjira no mu bundi bucuruzi na cyane ko yivugira ko yari asanzwe afite uruganda ruto rukora kawunga. Mu bihe byatambutse, King James yagaragajwe n’itangazamakuru nk’umuhanzi watangiye gukora […]

umuhanzi kingi james yagize icyo atangaza k’ubwambuzi ashinjwa. Read More »

umunyamakuru Irene Murindahabi ntakiri kubarizwa mu Rwanda ukundi.

Benshi ku mbuga nkoranyambaga bakomeje kwibaza uti se Vestine na Dorcas bazaba abande, uti se ibyo yakoraga abisigiye nde ! Nyuma yuko yerekeje mu mahanga gutura yo. Irene Murindahabi wamaze kugera muri Canada ndetse agatangaza ko agiye guturayo, yari asanzwe akora umwuga w’itangazamakuru rinyuze kuri youtube ndetse n’izindi mbuga nkoranyambaga, aho afite kampani yitwa MIE

umunyamakuru Irene Murindahabi ntakiri kubarizwa mu Rwanda ukundi. Read More »

Rutahizamu Kylian Mbappe yatsinze ibitego bibiri mu gihe Paris St-Germain yatsindaga Barcelona ibitego 4-1 iyisezerera muri 1/4 cya UEFA Champions League.

PSG yakoze amakosa itsindirwa mu rugo ibitego 3-2 na FC Barcelona ariko ntiyacika intege iza kuyitsinda mu mukino wo kwishyura aho yayinyagiye. PSG yorohewe n’uyu mukino wo kwishyura wa 1/4,byatumye igera muri kimwe cya kabiri cy’irangiza muri Champions League ku nshuro yayo ya kane.Ni inshuro yayo ya mbere kuva muri 2021 PSG igeze muri kimwe

Rutahizamu Kylian Mbappe yatsinze ibitego bibiri mu gihe Paris St-Germain yatsindaga Barcelona ibitego 4-1 iyisezerera muri 1/4 cya UEFA Champions League. Read More »

Perezida wa Gasogi United,Kakooza Nkuriza Charles,KNC,yavuze ko igihe iyi kipe irimo aricyo gikomeye.

Igitego cyatsinzwe na Muderi Akbar ku munota wa 12, cyafashije Gasogi United gutsinda Police FC 1-0 mu mukino ubanza wa 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro wabereye kuri Kigali Pelé Stadium kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 16 Mata 2024. Nyuma y’umukino,KNC yatangarije itangazamakuru ati: “Ntekereza ko iyi ni match twakagombye kuba twarangije kuko twarase ibitego ubona bitaratwa

Perezida wa Gasogi United,Kakooza Nkuriza Charles,KNC,yavuze ko igihe iyi kipe irimo aricyo gikomeye. Read More »

Abasoreshwa bo muri Uganda bazakoresha hafi Tiliyari y’Amashilingi mu kongera imishahara y’abakozi bo hasi b’ingabo z’igihugu (UPDF).

Raporo yatanzwe na komite ishinzwe ingengo y’imari y’Inteko Ishinga Amategeko yerekana ko Minisiteri y’Ingabo n’ibikorwa by’abasirikare (MoDVA) izakomezanya no kongerera umushahara icyiciro cy’abasirikare bo ku rwego rwo hasi (uhereye kuri ba Private kugeza kuri ba Captain). Abasirikare ba UPDF kugeza ku mapeti 10 bazungukirwa no kongererwa umushahara guhera ku itariki ya 01 Nyakanga. Umushahara wa

Abasoreshwa bo muri Uganda bazakoresha hafi Tiliyari y’Amashilingi mu kongera imishahara y’abakozi bo hasi b’ingabo z’igihugu (UPDF). Read More »

abasirikare 50.000 b’Uburusiya bamaze gupfira mu ntambara Ukraine.

Mu mwaka umwe ubanza w’iyi ntambara abasirikare b’u Burusiya babarirwa mu bihumbi 25 nibo bahasize ubuzima nk’uko byagaragajwe n’itsinda ry’abanyamakuru bigenga ba BBC. Iri tsinda ryifashishije amazina y’imva zishyinguyemo aba basirikare mu rwego rwo kumenya neza umubare nyirizina w’a bahitanywe n’intambara. Ibarura kandi rigaragaza ko Abasirikare b’Abarusiya barenga 27.300 bapfuye mu mwaka wa kabiri w’imirwano.

abasirikare 50.000 b’Uburusiya bamaze gupfira mu ntambara Ukraine. Read More »

Kutagaragaza ahaherereye imibiri y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi, bifitanye isano n’ingengabitekerezo.

Ibi byagarutsweho na Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascene mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 i Ntarama mu Karere ka Bugesera. Abarokokeye i Ntarama bemeza ko ibyabaye mu 1994 byaje ari umusozo w’ibyo banyuzemo mu myaka irenga 30 yabanje.Amateka agaragaza ko mu 1959 aribwo yatangiye

Kutagaragaza ahaherereye imibiri y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi, bifitanye isano n’ingengabitekerezo. Read More »

Umunyemari Ayabatwa Tribert wamenyekanye mu Rwanda ndetse no hanze yitabye imana.

Inkuru y’urupfu rw’uyu mukambwe yamenyekanye mu ijoro ryacyeye. Abiganjemo abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda ni bo bafashe iya mbere mu kumubika, gusa ntiharamenyekana igihugu yaguyemo. Rujugiro yamenyekanye mu bucuruzi burimo ubw’itabi, amazu n’ibindi bicuruzwa yakoreraga mu bihugu by’u Rwanda, u Burundi, Uganda, Kenya, Angola, Nigeria na Afurika y’Epfo. Nko muri Uganda yahashoye abarirwa muri $ miliyoni

Umunyemari Ayabatwa Tribert wamenyekanye mu Rwanda ndetse no hanze yitabye imana. Read More »

kigali:zingaro z’ingurube ngo nimari ishyushye.

Abakunda kurya zingaro y’amara y’ingurube , babwiye Ikinyamakuru IGIHE dukesha iyi nkuru ko bakunda zingaro z’inyanga y’ingurube ndetse ko ziboneka mu tubare duciriritse nabwo kuzibona bikaba bigoye ngo bitewe n’uko hari ababaga ingurube bagahita bayajugunya.Bemeza ko zingaro imwe igura hagati ya 200 RWF na 300 RWF ndetse ngo hari n’aho igura 400 RWF bitewe n’uko

kigali:zingaro z’ingurube ngo nimari ishyushye. Read More »