wex24news

Ndagijimana Samuel

Christmas at the beach’ igitaramo cyateguwe na platin .

Nemeye Platini na DJ Sonia bagiye gusangirira Noheli n’abakunzi babo ku mucanga w’i Karongi, mu gitaramo bise ‘Christmas at the beach’ giteganyijwe kubera ahitwa Carnival Beach ku wa 23 Ukuboza 2023. Iki gitaramo kizayoborwa na Lucky Nzeyimana, Platini yagize ‘’ati’’iki gitaramo cyateguwe mu rwego rwo gusangira Noheli n’inshuti ze ndetse n’abakunzi be bifuje kucyitabira. Ati […]

Christmas at the beach’ igitaramo cyateguwe na platin . Read More »

Urukiko rukuru rwa Colorado rwasanze Donald Trump atemerewe kuba perezida wa Amerika

Urukiko rw’Ikirenga rwa Colorado rwemeje ko Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump adakwiriye kwiyamamariza White House kubera uruhare yagize mu gitero cyagabwe kuri 2021 kuri Capitol n’abamushyigikiye bityo akaba agomba kuvanwa mu majwi y’ibanze ya leta. Nubwo iki cyemezo kireba colorado gusa, bibaye ku nshuro ya mbere mu

Urukiko rukuru rwa Colorado rwasanze Donald Trump atemerewe kuba perezida wa Amerika Read More »

SUNDAY AFFAIR “filime yakunzwe cyane muri Nigeria mu mwaka wa 2023”.

Mu nyandiko yanditse kuri Instagram, Umuyobozi mukuru Mo ‘Abudu yatangaje aya makuru. Ati: “Twishimiye kumenyesha ko filime yacu yise” SUNDAY AFFAIR “, yinjije amafaranga adasanzwe 9.500.000 (Miliyoni icyenda, Ibihumbi magana atanu), bigaragara ko ari filime yakunzwe cyane muri Nijeriya mu gice cya mbere cya 2023”. . Aya makuru ari muri Netflix “Ibyo Twarebye: Raporo yo

SUNDAY AFFAIR “filime yakunzwe cyane muri Nigeria mu mwaka wa 2023”. Read More »

Goverinoma y’u Rwanda yasinyiye kwakira icyicaro cy’ikigo gishinzwe gukora imiti muri Afurika.

Ikigo ‘African Pharmaceutical Technology Foundation’ cyatangijwe na Banki Nyafurika Itsura Amajyambere, AfDB, mu 2022 nyuma yo kubona ko mu gihe cya Covid-19 ibihugu bya Afurika byagowe no kubona inkingo z’icyo cyorezo. Uyu mushinga washowemo miliyari 3$, witezweho guteza imbere ikorwa ry’imiti n’inkingo ku Mugabane wa Afurika, guteza imbere ubushakashatsi muri iyi ngeri no gukoresha ikoranabuhanga

Goverinoma y’u Rwanda yasinyiye kwakira icyicaro cy’ikigo gishinzwe gukora imiti muri Afurika. Read More »

urwanda rugiye guhabwa imbagukiragutabara 180 zizifashishwa mugukemura ikibazo cy’ubuke bwazo.

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana yatangaje , u Rwanda ruzakira imbangukiragutabara nshya zitezweho gukemura ikibazo cyo mu rwego rw’ubuzima. abitangaje kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Ukuboza 2023, ubwo yasubizaga ikibazo cya DepiteNirere Marie Thérèse wari umubwiye ko Ibitaro Bikuru bya Ruhengeri bifite imbangukiragutabara ebyiri kandi na zo zishaje. Minisitiri Dr Ndagijimana yari mu

urwanda rugiye guhabwa imbagukiragutabara 180 zizifashishwa mugukemura ikibazo cy’ubuke bwazo. Read More »

nyuma yigihe kinini abakinnyi ba cinema batagicana uwaka ubu noneho baravugwa m’urukundo.

Zaba Missedcall n’umukunzi we baherutse gutangaza ko biyunze,ninyuma yaho yavuzwe cyane gutadukana kwaba bombi, bikaba byaranatumye batagira gukorana filime nshya y’uruhererekane bitegura gusohora mu minsi iri imbere bise ‘aho yaciye’. Mu butumwa banyujije kuri YouTube chane yabo, bahishuye ko biyunze nyuma y’igihe kinini bafashe icyemezo cyo gutandukana. Aha kandi Zaba Missedcall yaboneyeho gutangaza ikintu cyari

nyuma yigihe kinini abakinnyi ba cinema batagicana uwaka ubu noneho baravugwa m’urukundo. Read More »

Christmas Night Run’siporo yateguwe hagati ya saa Kumi n’Ebyiri na saa Tatu z’ijoro,

Ishyirahamwe ry’Imikino Ngororangingo mu Rwanda (RAF), Minisiteri ya Siporo n’Umujyi wa Kigali byateguye siporo ya nijoro “Christmas Night Run” izaba ku wa Gatanu, tariki ya 22 Ukuboza 2023, hagati ya saa Kumi n’Ebyiri na saa Tatu z’ijoro, mu rwego rwo gufasha Abanyarwanda kwinjira mu minsi mikuru bafite ubuzima bwiza. Abazitabira iyi siporo bazahurira ku masangano

Christmas Night Run’siporo yateguwe hagati ya saa Kumi n’Ebyiri na saa Tatu z’ijoro, Read More »

Huawei yo mu Bushinwa yatanze ibuhembo kubanyeshuri bo muri Tanzania

i DAR ES SALAAM, 18 Ukuboza – Ku wa mbere, igihangange mu ikoranabuhanga mu Bushinwa Huawei cyakoze umuhango wo gutanga ibihembo byo guha abanyeshuri bo muri Tanzaniya bitabiriye gahunda y’imbuto ya Huawei y’ejo hazaza (SFTF) mu isoko ry’ubucuruzi rya Tanzaniya i Dar es Salaam Minisitiri w’itangazamakuru, itumanaho n’ikoranabuhanga, ”Nape Nnauye”, yagize ati ”ndashimira inkunga Huawei

Huawei yo mu Bushinwa yatanze ibuhembo kubanyeshuri bo muri Tanzania Read More »

ukwiyunga hagati ya balapeli nyarwnda kivumbi king na papa cyangwa

papa cyangwe na kivumbi king bongeye kwiyunga nyuma yibibazo bari bafitanye ubu noneho bongeye gukorana indirimbo nshyashya bise ”Mu busaza”. Papa cyangwe yatangaje ko ari umusaruro wavuye mukwiyunga kwe namungenzi we kivumbi kingi nyuma yamakimbirane bari bafitanye. Ati “Mu minsi ishize ubwo twari mu gitaramo cya Trappish, twakemuye amakimbirane twari ndufie, umubano wacu umeze neza

ukwiyunga hagati ya balapeli nyarwnda kivumbi king na papa cyangwa Read More »

URwanda rwungutse ikigo gicururiza kuri online cyibanda ku bikoresho by’ikoranabuhanga.

Iki kigo cyashinzwe na Muhammad Ali, Umuhinde umaze imyaka umunani mu bucuruzi bw’ibintu bitandukanye mu Rwanda,ninyuma yaho yarabonye ko isoko ryo murwanda rimaze kwaguka ahita atagiza icyo kigo.yatagaje ko icyatumye atagiza iryo soko aruko yabonye murwanda hari amahirwe menshi kubashoramari bato na bakomeye kandi ko uba ufite umutekano wa business yawe.Ikindi kandi ngo nuko yabonye

URwanda rwungutse ikigo gicururiza kuri online cyibanda ku bikoresho by’ikoranabuhanga. Read More »