wex24news

Ndagijimana Samuel

Majors yatawe muri yombi muri Werurwe i New York nyuma yuko Madamu Jabbari amushinje ko yamukubise urushyi

umukinnyi wa filime uzwi nka Jonathan Majors yahamijwe icyaha cyo gukubita uwahoze ari umukunzi we Grace Jabbari. Kuri uyu wa mbere, umustar wa Marvel w’imyaka 34, yahamijwe icyaha kimwe cy’iterabwoba ryo mu rwego rwa gatatu n’icyaha kimwe cyo gutoteza, ariko agirwa umwere ku kindi cyaha cy’iterabwoba n’ikirego kimwe cy’ihohoterwa rikabije n’urukiko rw’i Manhattan. Majors yatawe […]

Majors yatawe muri yombi muri Werurwe i New York nyuma yuko Madamu Jabbari amushinje ko yamukubise urushyi Read More »

Amarushanwa ya Miss France 2024 yarangiye mu mpaka zidasanzwe nyuma yuko amarushanwa ahisemo uwatsinze afite umusatsi mugufi bwa mbere mu mateka y’imyaka 103.

mu ijoro ryo kuwa gatandatu, pixie wahatanaga imikino ngorora mubiri eve gilles, ufite imyaka 2o ukomoka muri nord-pas-de-calais mu majyaruguru yubufaransa yambitswe ikamba yegukanye iri rushanwa maze atangaza ko ari igisubizo cyiza ku budasa Amarushanwa ya Miss France 2024 yarangiye mu mpaka zidasanzwe nyuma yuko amarushanwa ahisemo uwatsinze afite umusatsi mugufi bwa mbere mu mateka

Amarushanwa ya Miss France 2024 yarangiye mu mpaka zidasanzwe nyuma yuko amarushanwa ahisemo uwatsinze afite umusatsi mugufi bwa mbere mu mateka y’imyaka 103. Read More »

Ferwafa nk’urwego ruyobora umupira w’amaguru mu Rwanda, yamenyesheje amakipe bireba igihe ntarengwa cyo kuzandikisha abakinnyi yifuza kongeramo n’icyo bisaba.

shyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Fewafa, ryamenyesheje amakipe yo mu cyiciro cya mbere mu byiciro byombi, ko yemerewe kongera abakinnyi guhera muri uku kwezi kugeza muri Mutarama 2024. Mu gihe imikino ibanza muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu bagabo n’abagore yarangiye, amakipe akomeje gushaka abakinnyi bazaza kongera imbaraga mu mikino yo kwishyura. Ferwafa nk’urwego ruyobora

Ferwafa nk’urwego ruyobora umupira w’amaguru mu Rwanda, yamenyesheje amakipe bireba igihe ntarengwa cyo kuzandikisha abakinnyi yifuza kongeramo n’icyo bisaba. Read More »

D Voice uheruka gusinyishwa na diamon platinumuz muri WCB yashyize indirimbo ye ya gatatu hanze.

D Voice umwe mubana bazamutse vuba muri tanzania aho aheruka gusinyishwa na Diamon platnumuz muri WCB yasohoye indirimbo nshyashya ya 3.Ni indirimbo nziza cyane ikurikira iyitwa ‘BamBam’ uyu muhanzi yakoranye na Zuchu wamwakiriye muri iyi nzu isanzwe ifasha abahanzi.BamBam niyo ndiriimbo ya mbere D Voice yakoze yagize abarenga Miliyoni kuko yarebwe n’abantu 3.4 kandi ikirebwa.

D Voice uheruka gusinyishwa na diamon platinumuz muri WCB yashyize indirimbo ye ya gatatu hanze. Read More »

Bien Baraza umuhanzi wo muri kenya yatunguwe n’umubyeyi asuka amarira ku rubyiniro

Bien Baraza wahoze muri Sauti Sol yatunguwe n’umubyeyi uumubyara Grace Baraza , ibyishimo biramurenga asuka amarira kurubyiniro. cyari igigitaramo yisi ‘Blankets and Wine’ cyabereye muri imwe munyubako isanzwe yakira ibitaram Moi International Sports Center ahazwi nka Kasarani, niho yuyu mujhanzi akaba numwanditsi windirimbo yatunguriwe na nyina amusanze ku rubyiniro.Uku gutungurana kwa Grace baraza watunguye umwana

Bien Baraza umuhanzi wo muri kenya yatunguwe n’umubyeyi asuka amarira ku rubyiniro Read More »

Ruswa iravuza ‘Ubuhuha’  mu kubaka binyuranyije n’amategeko

Ubushakashatsi ku gipimo cya ruswa mu Rwanda [Rwanda Bribery Index] bukorwa naTransparency International Rwanda, bwerekanye ko ruswa yagabanutseho 7.10% ariko yiganje cyane mu kubaka binyuranye n’amategeko. Mu bushakashatsi bwamuritswe mu ntangiriro z’uku kwezi na  Transparency International Rwanda, igaragaza ko abayitanze cyangwa abayisabye bavuye kuri  29.10% mu mwaka 2022,ubu biri kuri 22.10%. Ni ukuvuga ko yagabanutseho

Ruswa iravuza ‘Ubuhuha’  mu kubaka binyuranyije n’amategeko Read More »

fifa yatangaje igikombe cyisi cy’Amakipe kizaba bwa mbere mu 2025 cyitabiriwe n’amakipe 32,

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) ryatangaje ko Igikombe cy’Isi cy’Amakipe kizaba bwa mbere mu 2025 cyitabiriwe n’amakipe 32, kizabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika guhera tariki ya 15 Kamena kugeza ku ya 13 Nyakanga. Iri rushanwa rizitabirwa n’amakipe aturutse mu mpuzamashyirahamwe esheshatu, aho u Burayi buzaba bufitemo amakipe 12 naho izindi mpuzamashyirahamwe zirimo

fifa yatangaje igikombe cyisi cy’Amakipe kizaba bwa mbere mu 2025 cyitabiriwe n’amakipe 32, Read More »

ese Gukora umuziki usanzwe n’icyaha ! Ukuri ku bahanzi bava muri muzika ngo bahunze ibyaha

Meddy watangaje ko agiye agatangira kuririmba no gushyira hanze indirimbo zerekeye ijambo ry’Imana, undi wahoze muri Dream Boyz yatangaje ko ahagaritse umuziki ayobotse Imana.Ese koko‘Secular Music’ iri ugukora ibyaha kuki badakuraho indirimbo bashyize kuri social media zabo ? Ijambo ‘Secular Music’, risobanuye gukora umuziki udafite itorero na rimwe ushigiyeho, bisobanuye ko ari umuziki urebana ni

ese Gukora umuziki usanzwe n’icyaha ! Ukuri ku bahanzi bava muri muzika ngo bahunze ibyaha Read More »

Wizkid yakubise umufana urushyi ubwo yari yitabiriye igitaramo.

Davido na Wizkid bagaragara basa n’abishimanye cyane, hari amashusho yafashwe Wizkid ari gukubita umufana urushyi , Davido agakiza. Mu bitangazamakuru byo muri Nigeria no ku Isi,hari ikwirakwira ry’amashusho ya WizKid na Dvido bari mu gitaramo cy’uwitwa DJ SKYLA Tyla, cyari ku mazi mu Mujyi wa Lagos muri Nigeria. Muri icyo gitaramo habanje gusohoka amashusho y’aba

Wizkid yakubise umufana urushyi ubwo yari yitabiriye igitaramo. Read More »

Harry Kane, yakoze amateka yo kuba umukinnyi wa mbere watsinze ibitego 20 mu mikino 14 ya Shampiyona y’u Budage ‘Bundesliga’.

Rutahizamu wa Bayern Munich, Harry Kane, yakoze amateka yo kuba umukinnyi wa mbere watsinze ibitego 20 mu mikino 14 ya Shampiyona y’u Budage ‘Bundesliga’. Harry  kane mu ijoro ryo ku Cyumweru, tariki 17 Ukuboza 2023, nyuma yo gutsinda ibitego bibiri muri 3-0 Bayern Munich yatsinze Stuttgart.. harry yakuyeho agahigo ko gutsinda ibi bitego mu gihe

Harry Kane, yakoze amateka yo kuba umukinnyi wa mbere watsinze ibitego 20 mu mikino 14 ya Shampiyona y’u Budage ‘Bundesliga’. Read More »