wex24news

Ndagijimana Samuel

Gloomy Sunday:ese koko iyi ndirimbo yitwa gloomy sunday uyirebye ariyahura?

indirimbo gloomy sunday nindirimbo yagiye yumvikana ko uyirebye ahita yiyahahura kungeza ubwo abarenga ma 200 bamaze kwiyahura bitewe no kuyireba bagasoza bafite ubwoba bwinshi. iyi ndirimbo kandi Radio BBC na TV yA BBC byayihangaritse kuyikina igihe kingana ni myaka 66 bivuga ko ”iyi ndirimbo ihagaritswe igihe kingana nimyaka mirongo 66. iyo myaka yaragiye muri 2022 […]

Gloomy Sunday:ese koko iyi ndirimbo yitwa gloomy sunday uyirebye ariyahura? Read More »

Bimwe mu byaranze irushanwa ngarukamwaka rya Volleyball ikinirwa ku mucanga ritegurwa na Mamba Club,

Bimwe mu byaranze irushanwa ngarukamwaka rya Volleyball ikinirwa ku mucanga ritegurwa na Mamba Club, harimo abigeze gukina uwo mukino bongeye kugaragara mu kibuga bakina. Tariki 16-17 Ukuboza 2023, ku Kimuhurura ahazwi nka Mamba Club n’ubundi habarizwa iri tsinda rya ‘Mamba Club’, habereye irushanwa rya Volleyball ikinirwa ku mucanga, Beach Volleyball. Iri rushanwa ryahujwe no kwizihiza

Bimwe mu byaranze irushanwa ngarukamwaka rya Volleyball ikinirwa ku mucanga ritegurwa na Mamba Club, Read More »

amadarubindi ya” vision pro ” apple azasohoka mu 2024

Abakunzi  b’ikoranabuhanga icyobari  bahishiwe mu ntangiriro z’a 2024, yumvikanye bwa mbere mu nama ngarukamwaka, itegurwa n’ikigo gikomeye ku Isi mu by’ikoranabuhanga, Apple, izwi nka ‘WWDC [World Wide Developers Conference]’, yabaye muri Kamena uyu mwaka. Icyo gihe ubuyobozi bwa Apple, bwatangaje ko hari amadarubindi y’akataraboneka y’ikoranabuhanga azashyirwa ku isoko bitarenze igihembwe cya mbere cya 2024. Aya

amadarubindi ya” vision pro ” apple azasohoka mu 2024 Read More »

Miss Mutesi Jolly yagize agahinda n’isoni z’uwashyize hanze ifoto y’umukobwa warenzwe n’ibyishimo akiyambura ubusa amabereye akajya kukarubanda.

Miss Mutesi Jolly wabaye nyampinga w’u Rwanda 2016 yatewe agahinda n’isoni z’uwashyize hanze ifoto y’uwarenzwe n’ibyishimo agashyira hanze bice bye by’umubiri we. kugicamunsi nibwo hakwirakwiye ifoto yuwo mukobwa washimye akabyina kugeza ubwo umwambaro we uzamutse abafotora bagafotora kungeza bangeza no kuri icyo gice kibereye hanze. N’ifoyo yafatiwe ahabereye igitaramo cya Danny Nanone warimo gushyira hanze

Miss Mutesi Jolly yagize agahinda n’isoni z’uwashyize hanze ifoto y’umukobwa warenzwe n’ibyishimo akiyambura ubusa amabereye akajya kukarubanda. Read More »

zari hassan na tanasha donna bazwi nkabakeba bizihiwe mu birori bavugisha benshi

ibirori bisanzwe bitegurwa na Zari Hassan byabaye ku wa 16 Ukuboza 2023.habonetsemo uwahoze arimukebawe uzwi nka Tanasha Donna bizihiwe bijyiye kure. Guhura kwaba bombi bikomeje gucanga benshi arinako bavuga cyane kumbuga nkoranya mbaga. Aba bombi bizwiko babyaranye na Diamond Platnumz baserukana mu birori Zari asanzwe ategura muri Uganda hagati yaba bombi habayeho kwiyibagiza kuhahise bashyirahamwe

zari hassan na tanasha donna bazwi nkabakeba bizihiwe mu birori bavugisha benshi Read More »

“Nubwo mwakwiteranya ndacyabahiga”! Mbabazi Shadia wamamaye nka Shaddyboo yahakanye ko hari abandi bakobwa basigaye bamurusha uburanga -IFOTO

Babazi chaddy wamenyekanye nka chaddyboo nakozwa ko hari abandi bakobwa basigaye bamurusha uburanga. ubwo harabatagiye kumungereranya na bandi bakobwa bamurusha uburanga.

“Nubwo mwakwiteranya ndacyabahiga”! Mbabazi Shadia wamamaye nka Shaddyboo yahakanye ko hari abandi bakobwa basigaye bamurusha uburanga -IFOTO Read More »

Diamond Platnumz ajyiye kugirana amasezerano n’umuhanzi Aslay

Diamond Platnumz ajyiye kugirana amasezerano n’umuhanzi Aslay kugira ngo amusinyishe muri WCB Wasafi asangemo ; Zuchu , Mbosso na D Voice winjiyemo vuba. Mkubwa Fella Umuyobozi mukuru wa Wasafi wahoze ari umujyanama wa Aslya mu bya muzika ubwo yari muri Yamoto Band yahishuye ko WCB ijyiye gusinyisha uyu Aslya muhanzi wamamaye mu ndirimbo zitandukanye zirimo

Diamond Platnumz ajyiye kugirana amasezerano n’umuhanzi Aslay Read More »

umuhanzi the ben yagaragaje icyo yabegukiye miss pamella uwicyeza.

Umuhanzi The Ben mbere yo gusezerana na Miss Uwicyeza Pamella yagaragaje ikintu uyu mukobwa afite cyamukuruye arusha abadi bakobwa bikigali kugezaho yiyegurira umutima wuy’umukobwa. Umuhanzi Mugisha Benjamin wamamaye cyane ku izina rya The Ben ubwo yakoraga kiganiro kuri radiyo ya Kiss FM iri muzikunzwe cyane hano mu Rwanda yavuze ko ikintu cyamukuruye kuri uyu munyarwandakazi

umuhanzi the ben yagaragaje icyo yabegukiye miss pamella uwicyeza. Read More »

ibyaranze uruzinduko rwa myugariro wa Arsenal Jurriën Timber mu rwanda

tariki 14/04/2023, ni bwo myugariro wa Arsenal Jurriën Timber yasesekaye mu Rwanda aje muri gahunda y’amasezerano Leta y’u Rwanda ifitanye n’ikipe ya Arsenal, arimo kwamamaza vist Rwanda. Jurriën Timber kadi yaanazanye n’umukunzi we basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 ruri ku Gisozi mu mujyi wa Kigali banashyira indabyo kumibiri ihashyinguye. Nyuma

ibyaranze uruzinduko rwa myugariro wa Arsenal Jurriën Timber mu rwanda Read More »

umuhanzi nemeye platini yabajijwe kugutadukana n’umugorewe araruca ararumira.

umumuhanzi Nemeye platini yabajijwe kugutadukana kwe numugorewe araruca ararumira nyuma yaho humvikanye amakuru ko yatadukanye numugere we Ingabire olivia basezeranye byemewe namatengeko. ubwo yari yitabiriye igitaramo cyitwa Gen -Z comed niho Nemeye wari watumiwe nk,umushyitsi mukuru abazwa iki kibazo gusa niyagira icyo abivugao agihabwa ikaze, yakirijwe ikibazo cy’umuryagowe, ibi byose bika biterwa nuko ngo umugore

umuhanzi nemeye platini yabajijwe kugutadukana n’umugorewe araruca ararumira. Read More »