wex24news

Ndagijimana Samuel

nyuma yuko Pudence Rubingisa ahiduriwe inshingano Umujyi wa Kigali urara ubonye umuyobozi.

Dr Kayihura avuga ko Umujyi wa Kigali uza kurara ubonye abayobozi bashya kuri uyu wa Gatanu tariki 15 Ukuboza 2023, nyuma y’amatora aza gukorwa mu masaha y’igicamunsi. Abaza gutorwa ni Umuyobozi usimbura Pudence Rubingisa wagiye kuba Guverineri w’Intara y’Uburasirazuba, hamwe n’usimbura Dr Merard Mpabwanamaguru wari Umuyobozi wungirije ushinzwe Imiturire n’Ibikorwa Remezo. Icyakora nta byinshi Dr […]

nyuma yuko Pudence Rubingisa ahiduriwe inshingano Umujyi wa Kigali urara ubonye umuyobozi. Read More »

abarimu basabye leta kubona aho kurambika umusaya bitabagoye.

kUmunsi Mpuzamahanga wahariwe Mwarimu wabaye kuri uyu wa Kane tariki 14 Ukuboza 2023, abarimu basabyere leta ko bashyirirwaho gahunda yo kubona amacumbki muburyo butabagoye. umwe mubarimu wavuze mwizina ryabangenzi be witwa Nambajimana Jean Pierre yavuze ko leta y’ urwanda yabafashije byinshi ariko bagifite nikibazo cyo kubona aho barambika umusaya bitabahenze. ati ”nyakubahwa minisitiri turabashimira ibyo

abarimu basabye leta kubona aho kurambika umusaya bitabagoye. Read More »

umwe mubimukira bo mubwongereza yiyahuye

Umwimukira wari ufungiye muri kontineri iri hejuru y’amazi y’ahitwa Bibby Stockholm, mu Bwongereza yiyahuye. Polisi yavuze ko iperereza kuri urwo rupfu rutunguranye ku cyambu cya Portland mu Karere ka Dorset, mu Bwongereza ryatangiye.Umwe mu bafungiye muri iyo kontineri yabwiye The Guardian ko urwo rupfu rudatunguranye kubera imibereho mibi abarimo babayeho. Ati “Uru rupfu ntabwo rutunguranye

umwe mubimukira bo mubwongereza yiyahuye Read More »

nyamasheke imbwa zo kugasozi zaryaga amatungo zakorewe umukwabo ziricwa

Mu Karere ka Nyamasheke bari mu mukwabu udasanzwe wo guhiga imbwa z’inyagasozi zirya amatungo y’abaturage, ku ikubitiro izigera kuri 62 zimaze kwicwa. Ni nyuma y’igihe abaturage bo mu Mirenge irimo Kagano, Kanjogo, Bushekeri na Rangiro batabaza ko imbwa zirara mu matungo yabo aho aba aziritse mu bisambu zikayarya. Aba baturage banagaragaje impungenge ko izo mbwa

nyamasheke imbwa zo kugasozi zaryaga amatungo zakorewe umukwabo ziricwa Read More »

itariki y’amatora ya repubulika yamenyekanye.

Amatora ya Perezida wa Repubulika yamaze kwemezwa ko azabera rimwe n’ay’Abadepite ateganyijwe umwaka utaha ku wa 15 Nyakanga 2024. Ku banyarwanda batorera hanze y’u Rwanda amatora azaba mbere yaho ku wa 14 Nyakanga 2024. Ni amatariki yasohotse kuri uyu wa 11 Ukuboza 2023 mu iteka rya Perezida.Ni bwo bwa mbere amatora ya Perezida wa Repubulika

itariki y’amatora ya repubulika yamenyekanye. Read More »

nyabihu: urupfu rwa gitifu rwashenguye benshi mubo yari ayoboye

Urupfu rwa Byukusenge Emmanuel wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rugera mu Karere ka Nyabihu rukomeje gushengura abarimo abo bakoranye n’abaturage bavuga ko Imana yacyuye Intore yayo. Inkuru y’urupfu rwa Byukusenge Emmanuel yasakaye ku mugoroba wo ku wa 12 Ukuboza 2023, yari arwariye mu Bitaro bya Kaminuza bya Kigali, CHUK. Uyu mugabo usize umugore n’abana batanu,

nyabihu: urupfu rwa gitifu rwashenguye benshi mubo yari ayoboye Read More »

Muzitabire muri benshi na ya ndirimbo ya champions league izariribwa” igitaramo cya chorale de Kigali cyahumuye!

Taliki 17.ukuboza 2023 ni umunsi wa mateka kubakunzi ba chorale de Kigali yiyemeje kuzashimisha abitabiriye igitaramo “Chrismas Colors” yateguye. Mu kiganiro cyahuje Chorale de Kigali n’abanyamakuru, bavuze ko uretse kuba iki gitaramo ari ngaruka mwaka, ngo abantu bitege udushya twinshi bazumva bakanabona uwo munsi kuko hari n’abashyitsi bakuru bashobora kuzatungurana bitabiriye.Chorale de kigali babajijwe niba

Muzitabire muri benshi na ya ndirimbo ya champions league izariribwa” igitaramo cya chorale de Kigali cyahumuye! Read More »

munama yabereye i geneve Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Irani yavuzeko america na israel bitazigera bihanagura hamis

ENEVA (Reuters) -Minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Irani, Hossein Amirabdollahian, ku wa kabiri yavuze ko Isiraheli na Amerika bitazigera bihanagura Hamas kandi ko Isiraheli ishobora kubona irekurwa ry’ingwate zafatiwe i Gaza hakoreshejwe igisubizo cya politiki mu makimbirane. Mu ijambo yavugiye mu Muryango w’abibumbye i Geneve aho yasobanuye ko umutwe w’abayisilamu ari umuryango w’ubwisanzure, Amirabdollahian yagize ati:

munama yabereye i geneve Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Irani yavuzeko america na israel bitazigera bihanagura hamis Read More »

Umwe mubana ba Pasiteri Ezra Mpyisi yahakanye amakuru yavugaga ko yitabye imana.

Mu masaha ya mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 14 Ukuboza 2023 nibwo hatangiye kumvikana amakuru yavugaga ko umukozi w’Imana Pasiteri Ezra Mpyisi yapfuye. Amakuru yatangajwe na Shene ya YouTube yavugaga ko uyu mugabo yapfuye ndetse itangirira ku mateka bigaragaza ko bari bari kumubika nk’uwapfuye.Nyuma y’aya makuru atizewe na benshi ku ikubitiro, umukobwa

Umwe mubana ba Pasiteri Ezra Mpyisi yahakanye amakuru yavugaga ko yitabye imana. Read More »

Abaturage bo muri Gaza bahawe amasaha 24 yo kuba bamaze guhunga.

Umuryango w’Abibumbye UN wabwiwe n’igisirikare cya Israel ko buri muntu wese uba mu majyaruguru y’agace ka Wadi Gaza akwiye kwimukira mu majyepfo ya Gaza mu gihe kitarenze amasaha 24 ari imbere, nkuko bivugwa n’umuvugizi wa UN UN ivuga ko ibi bireba abantu hafi miliyoni 1.1 – ni ukuvuga hafi kimwe cya kabiri (1/2) cy’abaturage bose

Abaturage bo muri Gaza bahawe amasaha 24 yo kuba bamaze guhunga. Read More »