wex24news

Ndagijimana Samuel

nigeria; umugore yashimuse abana babiri babahungu aburirwa irengero

Hateraniye hamwe ko ukekwa yaburiwe irengero hamwe n’abana bombi nyuma yiminsi itatu yimukiye mu nzu. Umukozi wa Polisi ushinzwe imibanire n’abaturage (PPRO), Omolola Odutola, yemeje ko ibyabaye, yavuze ko nyir’inzu, Johnson Oshinowo, yatangaje ko umugore wakodesheje inzu ye ku wa kane, tariki ya 7 Ukuboza 2023, yashimuse umuhungu we n’umuhungu w’undi muturanyi, bari. bombi bafite […]

nigeria; umugore yashimuse abana babiri babahungu aburirwa irengero Read More »

Inteko y’u Bwongereza yatoye Itegeko ryohereza abimukira mu Rwanda

kuri uyu wa 2 nibwo abagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza bagejejweho umushinga w’itegeko witezweho gufasha iki gihugu gukuraho inzitizi zose zishobora gutuma gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda izamo kirogoya. Abagera kuri 313 mu badepite b’u Bwongereza batoye bashyigikira uyu mushinga w’itegeko na gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda, mu gihe abatoye batawushyigikiye ari

Inteko y’u Bwongereza yatoye Itegeko ryohereza abimukira mu Rwanda Read More »

Papa Francis yatagaje aho azashyingurwa.

Ibi Papa Francis yabitangaje ubwo yarimo aganira n’itangazamakuru ku munsi w’ejo kuwa gatatu(3) taliki ya 13 Ukuboza 2023. Papa Francis yavuze ko mugihe yaba yitabye Imana, atagomba kuzashyingurwa muri St Peter’s Basilica nk’uko bisanzwe bikorwa ku bandi ba Papa.ubwo yaganiraga nitagazamakuru yivugiye ko ariho azashyigurwaMu magambo ye yagize ati: “Aho ngomba kuzashyingurwa kugeza uyu munsi

Papa Francis yatagaje aho azashyingurwa. Read More »

nigeria;mu cyiro cyimideli charity nyabongo yegukanye igihemo

Umunyamideli Anna Charity Nyabonyo,wo muri uganda yatsinze bagenzi be bo muri Afurika atahana igihembo cya ‘Afrimact Model’ mu birori byabereye muri Nigeria. Ibirori byo gutanga ibihembo byabaye ku itariki 01 Ukuboza 2023. Byari bigamije kwerekana urwego imideli yo muri Afurika igezeho ari nako haganirwa ku buhanzi, umuco n’ubukerarugendo Nyabonyo ni umunyamideli uyobora Miss Africulture akaba

nigeria;mu cyiro cyimideli charity nyabongo yegukanye igihemo Read More »

titi brown asubiye imbere y’inyiko!!

Nkuko byakomeje gucaracara muri rubanda nyuma y’ifungurwa rya Ishimwe Thierry wamamaye nka Titi Brown ,wamaze imyaka isaga ibiri akurikiranyweho icyaha cyo guhohotera umwana utujuje imyaka y’ubukure . Nyuma yuko urukiko rukuru Rwa Nyarugenge rwanzuyeko Titi Brown afungurwa nyuma yo kugirwa umwere nyuma yo gusanga ibimenyetso ubushinjacyaha bwatanze nta shingiro bifite. kuri ubu amagambo yongeye kuba

titi brown asubiye imbere y’inyiko!! Read More »

‘Declan Rice’ ya Odumodu Blvck n’indirimbo ya Spotify yitiriwe arsenal fc

Uyu muraperi wegukanye ibihembo biteganijwe ko azasoza umwaka kukuko indirimbo ye yamamaye ku rwego mpuzamahanga yitwa Declan Rice yashyizwe ku rutonde na Spotify nk’indirimbo ya kabiri mu njyana ya rap ku isi ya 2023 Indirimbo yasohotse muri Werurwe 2023 ni imwe mu ndirimbo ziyobora imvange ya Odumodu Eziokwu yishimiye ubucuruzi bukomeye kuko yageze kuri OYA

‘Declan Rice’ ya Odumodu Blvck n’indirimbo ya Spotify yitiriwe arsenal fc Read More »

umukinnyi jurrien timber wa arsenal yasesekaye mu rwanda

Myugariro w’Umuholandi, Jurriën David Norman Timber ukinira Arsenal yo mu Bwongereza, yageze mu Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa 14 Ukuboza binyuze mu bufatanye bwa Visit Rwanda n’iyi kipe yo muri Premier League. Timber w’imyaka 22, ntabwo ari gukina muri iyi minsi kubera imvune yagize muri Kanama ubwo yakiniraga Arsenal umukino we wa mbere

umukinnyi jurrien timber wa arsenal yasesekaye mu rwanda Read More »

nyaxo yahawe imbabazi na leta y’uburundi

kanyabugande Olivier wamamaye mu Rwanda kubera amashyengo agira yamaze kurekurwa. Kanyabugande Olivier waburaga iminsi mike ngo yuzuze ibyumweru bibiri muri gereza bivugwa ko atari nziza , yamaze kurekurwa arataha. Amakuru avuga ko Nyaxo yafatiwe i Burundi hamwe n’abandi bose bagahita bafungwa.Aba bafashwe tariki 2_3 Ugushyingo 2023. Icyatumye aba bafungwa ntabwo cyavuzweho rumwe na cyane ko

nyaxo yahawe imbabazi na leta y’uburundi Read More »

Abanduye Sida mu Rwanda ni bangahe?

Muri raporo yashyizwe ahagaragara n’urubuga rw’umuryango wiga ku bibazo byugarije Isi n’ibiza World Relief muri Kanama 2023, iyi raporo igaragaza ko 2022 yasize miliyoni 39 zibana na virus itera SIDA. Mu bushakashatsi bwakozwe muri 2022 na Rwanda Population-based HIV Impact Assessment (RPHIA) ibinyujije mu kigo cy’igihugu cyita ku buzima (RBC) n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu

Abanduye Sida mu Rwanda ni bangahe? Read More »

FARDC na M23 byonge gukozanyaho muri Nyiragongo

mirwano hagati y’inyeshyamba za M23 n’ingabo za leta FARDC yasubukuye mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu i Kibumba muri teritwari ya Nyiragongo, nk’uko abahatuye babyemeza. Sosiyete Sivile ya Nyiragongo ivuga ko inyeshyamba za M23 arizo zateye mbere ibirindiro by’ingabo za leta nyuma y’agahenge k’amasaha 72 katangajwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa

FARDC na M23 byonge gukozanyaho muri Nyiragongo Read More »