wex24news

Ndagijimana Samuel

andre braugher wari umukinnyi wa filime yitabye imana

AndreBraugher umunyamerika wamamaye muri filime  yitabye Imana nyuma yoguhangana n’uburwayi yari amaranye  iminsi asigira benshi agahinda AndreBraugher wakunnye nka kapiteni Raymond Holt muri ‘’comedy’’ yakunzwe cyane ya’’ Brooklyn Nine-Nine ‘’Pembleton muri ‘’ homicide yahitanwe nuburwayi yaramaranye iminsi Tariki 13 ukuboza 2023  the guardian yatangaje urupfu rwa  Andre Keith Braugher wavutse 1 nyakanga 1961 muri Chicago […]

andre braugher wari umukinnyi wa filime yitabye imana Read More »

Pakistan:Abantu 23 baguye mu gitero  

Umutwe w’abarwanyi bagendera ku matwara akaze ya ki Islam ufitanye isano n’aba Talibani kuri uyu wa kabiri taliki ya 12 Ukuboza 2023, wateye ikicaro cya police y’iki gihugu ahagana mu majyaruguru ashyira Uburengerazuba ,abantu bagera kuri makumyabiri na batatu bahise bahasiga ubuzima. Abashinzwe umutekano bavuze ko bijya gutangira bano barwanyi bazanye ikimodoka cya burende basenya

Pakistan:Abantu 23 baguye mu gitero   Read More »

Twahirwa yicujije ko yabaye muri MRND, Basabose we ahakana byose ashinjwa

Twahirwa Séraphin na Pierre Basabose bakurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi, bari kuburanishwa mu Rukiko rwa Rubanda mu Bubiligi, bahakanye ibyo baregwa. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 12 Ukuboza 2023, Urukiko rwahaye umwanya abaregwa ngo bagire icyo bavuga ku byo bashinjwa n’imyanzuro yatanzwe ku rubanza rumaze amezi abiri ruburanishwa. Aba bahawe umwanya nyuma y’uko

Twahirwa yicujije ko yabaye muri MRND, Basabose we ahakana byose ashinjwa Read More »

amateka:menya ishyamba Arboretum rya kaminuza y’urwanda

Ishyamba rya Arboretum ni rimwe mu mashyamba manini ari mu Ntara y’Amajyepfo ariko mu yatewe n’abantu.Iri Ishyamba riri mu Karere ka Huye, mu murenge wa Ngoma, akagari ka Butare mu mudugudu wa Busenyi neza neza rikaba rikijije Kaminuza y’u Rwanda Ishami rya Huye. wex24news yifashishije inyandiko zitandukanye zerekana mateka yirishyamba itegura amateka yabimwe kubyo wamenya

amateka:menya ishyamba Arboretum rya kaminuza y’urwanda Read More »

I rusizi umugabo yaguye mu cyobo cy’umusarane yacukuraga

Umugabo witwa Nyabyenda Samuel w’imyaka 66 wo mu Murenge wa Kamembe mu Karere ka Rusizi wari usanzwe akora akazi ko gucukura imisarane, yahitanywe n’ikirundo cy’amatafari cyamusanze mu mwobo yacukuraga. Ibi byabaye kuri uyu wa 12 Ukuboza 2023 mu Mudugudu wa Cyapa mu Kagari ka Kamurera. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kamembe, Iyakaremye Jean Pierre urupfu rwa

I rusizi umugabo yaguye mu cyobo cy’umusarane yacukuraga Read More »

RWANDA;abasifuzi ba shampiyona barataka inzara

Abasifuzi bo muri shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, baratabaza basaba kwishyurwa ibirarane by’amafaranga baberewemo na Ferwafa. Ubusanzwe abasifura shampiyona mu Rwanda mu byiciro byombi, mu cyiciro cya Mbere n’icya Kabiri, ntibagira umushahara w’ukwezi ariko bagenerwa amafaranga abafasha kugera ku bibuga. Muri uyu mwaka w’imikino 2023-2024, kuva watangira, nta n’iritoboye barabona nyamara imikino ibanza yo

RWANDA;abasifuzi ba shampiyona barataka inzara Read More »

Côte d’Ivoire yashoye miliyari 1200 Frw mu bikorwaremezo yitegura CAN 2023

Côte d’Ivoire yubatse imihanda, inazamura stade enye nshya mu kwitegura Igikombe cya Afurika izakira hagati ya tariki ya 13 Mutarama n’iya 11 Gashyantare 2024. Iki gihugu cyo mu Burengerazuba bwa Afurika gishaka kuzamura umupira w’amaguru ndetse kikerekana n’ubushobozi gifite mu kwakira irushanwa mpuzamahanga rya siporo. Perezida w’Ishyirahamwe rya Ruhago muri Côte d’Ivoire, Idriss Diallo, yavuze

Côte d’Ivoire yashoye miliyari 1200 Frw mu bikorwaremezo yitegura CAN 2023 Read More »

sport:kiyovu sport yanganyije na rayon sport 1-1

Kuri uyu wa Kabiri, ikipe ya Rayon Sports yanganyirije na Kiyovu Sports kuri Kigali Pelé Stadium 1-1, mu mukino w’umunsi wa 15 wa shampiyona. Kiyovu Sports yanganyije na Rayon Sports isoza imikino ibanza iri ku mwanya wa gatandatuNi umukino waryoheye abari kuri muri stade, kuko amakipe yombi yerekanye umupira mwiza uryoheye ijisho. Ku munota wa

sport:kiyovu sport yanganyije na rayon sport 1-1 Read More »

minisitiri wintebe DR Ngirente eduard yarahije abashinja cyaha m’urwego rwa gisirikare.

Minisitiri w’Intebe Dr Eduard Ngirente, yasabye abarahiye kuzuza neza inshingano. ygize ati”Kuzuza neza inshingano zanyu neza bizabafasha kwimakaza umuco w’ikinyabupfura, bigakwira hose mu bushinjacyaha no mu gisirikare kandi nk’uko tubizi iyo ndangagagaciro idakenewe kuko uri umushinjacayaha ahubwo buri musirikare wese arayigira ahubwo dusaba n’abandi Banyarwanda bose ko bayigira.” Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yabasabye kandi kwirinda

minisitiri wintebe DR Ngirente eduard yarahije abashinja cyaha m’urwego rwa gisirikare. Read More »

umubyinnyi ishiwe thiery uzwi nka titi brown agiye gusubizwa imber y’ubutabera

Umubyinnyi Ishimwe Thiery wamamaye nka Titi Brown agiye gusubira imbere y’Urukiko. ni nyuma y’aho Ubushinjacyaha bwongeye kujurira mu rubanza rwa Tity Brown waherukaga gutsinda akagirwa umwere Ku wa Gatanu tariki 10 Ugushyingo 2023 Saa Yine n’igice za mu gitondo nibwo Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse ko Ishimwe Thiery ahita afungurwa akimara gusomerwa, nyuma y’imyaka isaga

umubyinnyi ishiwe thiery uzwi nka titi brown agiye gusubizwa imber y’ubutabera Read More »