wex24news

Ndagijimana Samuel

sport:Abadepite b’urwanda batsinzwe n’aba uganda ibitengo 12-0.

Abadepite b’u Rwanda batsinzwe n’aba Uganda ibitego 12-0 mu mukino w’umupira w’amaguru wo mu marushanwa ahuza Inteko Zishinga Amategeko zo mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba. Ni umukino wabaye ku mugoroba wo ku wa Mbere, tariki ya 11 Ukuboza 2023, kuri Kigali Pelé Stadium. Mbere yo gutangira gukina, abafana ba Uganda bari bamaze gushyiraho umurindi kurenza […]

sport:Abadepite b’urwanda batsinzwe n’aba uganda ibitengo 12-0. Read More »

RDC:Agahenge k’imirwano hagati ya M23 na FARDC

Leta zunze ubumwe za Zamrika zatangaje ko impande zihanganye muri Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo zemeye gutanga agahenge kamasaha 72. mu itangazo ryashyizwe hanze n’umuvugizi w’ akanama gashinzwe umutekano.Adrienne Watson,rivuga ko ari icyemezo cyatagiye gukurikizwa ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere,hagamijwe ko roshya gahunda yokuvamu birindirokw’ingabozari mubice bya mushaki, kirolwire kitchanga. Adrienne Watson yatangaje

RDC:Agahenge k’imirwano hagati ya M23 na FARDC Read More »

urutonde rw’ibyamamare muri cinema byitabye Imana mu 2023

Abakinnyi ba filime bitabye imana nyuma yo kwa mamara no kugaragaza ubuhanga mu mwuga wo gukina filime zitandukanye bavugwaho ibigwi byabo , inzibutso basize n’ibindi byinshi dore urutonde rwa bamwe mu bakinnyi ba filime b’igitsina gabo bapfuye mu mwaka wa 2023 nkuko batangazwa na entertainment weekly 1.Keith Jefferson keith jefferson umukinnyi wa kinnye muri filime

urutonde rw’ibyamamare muri cinema byitabye Imana mu 2023 Read More »

lt Gen Mubrakh muganga ni muntu ki?

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Lt General Mubarakh MUGANGA, ni umwe mu bagabo bafite ibigwi ntagereranywa mu gisirikare cy’u Rwanda uhereye ku mateka y’urugamba rwo kubohora igihugu, guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, n’ibindi bikorwa by’indashyikirwa yakomeje gukora na nyuma yaho. Usibye kuba ari umwe mu basirikare bafite igarade risumba ayandi mu ngabo z’u Rwanda,

lt Gen Mubrakh muganga ni muntu ki? Read More »

gakenke:Abagore babiri biyemereye kwica umwana w’umukobwa.

Abagore babiri bo mu Murenge wa Kamubuga mu Karere ka Gakenke, biyemereye ko baba ari bo babaye intandaro y’urupfu rw’umwana w’umukobwa, nyuma yo kumuha ibihumanya(uburozi) babishyize mu byo yarimo anywa. Uwo mwana w’umukobwa w’imyaka 6 wo mu Mudugudu wa Nyarungu Akagari ka Kamubuga, ari naho abo bagore bombi batuye, ngo ubwo yari atashye mu ma

gakenke:Abagore babiri biyemereye kwica umwana w’umukobwa. Read More »

Bugesera; padiri yakoze impanuka ihitana mo abantu babiri

Padiri Gakuba Célestin wo muri Paruwasi ya Nkanga mu Murenge wa Rweru mu Karere ka Bugesera wari utwaye imodoka ya Jeep Toyota Hilux RAE 001I yakoze impanuka ihitana abantu babiri, undi umwe arakomereka bikomeye. Ni impanuka yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri ibera mu Mudugudu wa Nzagwa, Akagari ka Kintambwe mu Murenge wa

Bugesera; padiri yakoze impanuka ihitana mo abantu babiri Read More »

zhara wo muri afurika y’Epfo yitabye imana

Umuhanzi wo muri Afurika y’Epfo wari ukunzwe n’abatari bake, Bulelwa Mkutukana uzwi cyane ku izina ry’ubuhanzi  nka Zahara, yitabye Imana ku myaka 36. Amakuru yemezwa na Minisitiri wa Siporo ,ubuhanzi n’Umuco, Zizi Kodwa, avuga ko yitabye Imana  mu ijoro ryo ku wa mbere tariki ya  10 Ukuboza 2023, aguye mu Bitaro biri Johannesburg . Ati

zhara wo muri afurika y’Epfo yitabye imana Read More »

igitaramo cyi mideli cyizabera ikigali bigaragara ko aricyo cyanyuma mur’uyu mwaka 2023

Nyuma y’uko ibirori by’imideli byari bikomeye nka Rwanda Fashion Week, Kigali Fashion Week, Rwanda Cultural Fashion Show, Mercedes-Benz Fashion Week na Rwanda Modesty Fashion Show bisa nk’ibyahagaze hagiye kuba ibindi bishya bizasoza umwaka wa 2023 uri kugana ku musozo. Ni ibirori byiswe ‘Rifi Dance & Fashion Show’ bizahurizwamo kumurika imideli y’imyambaro itandukanye y’abanyamideli bakomeye mu

igitaramo cyi mideli cyizabera ikigali bigaragara ko aricyo cyanyuma mur’uyu mwaka 2023 Read More »

igitaramo cyo kwizihiza noheli na bonane cya teguwe na DJ Bissosso

Ku nshuro ya kabiri, DJ Bissosso yongeye gutegura ibitaramo byo kwizihiza Noheli n’Ubunani, by’umwihariko hagamijwe kunezeza abifuza kurira iyi minsi mikuru hanze ya Kigali cyane ko ibi bitaramo bibera mu Mujyi wa Musanze n’i Rubavu. Ni ku nshuro ya kabiri ibi bitaramo bigiye kuba kuko uyu mugabo wamamaye mu kuvanga imiziki yatangiye kubitegura umwaka ushize.

igitaramo cyo kwizihiza noheli na bonane cya teguwe na DJ Bissosso Read More »

perezida w’ikipe ya MKE Ankaragucu yakubise umusifuzi igipfutsi umukino ihita ihagarikwa

Ubuyobozi bw’umupira w’amaguru muri Turikiya bwafashe icyemezo cyo guhagarika shampiyona zose nyuma y’uko umusifuzi yatewe igipfunsi na perezida w’ikipe, akagwa hasi mu mukino w’icyiciro cya mbere wabaye ku wa Mbere Umusifuzi Halil Umut Meler yakubiswe na Perezida wa MKE Ankaragucu, Faruk Koca, wirukankiye mu kibuga ubwo ikipe ye yari imaze gutsindwa igitego cyo kwishyura ku

perezida w’ikipe ya MKE Ankaragucu yakubise umusifuzi igipfutsi umukino ihita ihagarikwa Read More »