wex24news

Ndagijimana Samuel

aba nibamwe mubahanzi nyarwanda umwaka wa 2023 usize bafite agatubutse murwanda.

Bimwe mu bitaramo bikomeye byatumye umwaka wa 2023 usize umuziki w’u Rwanda ku rundi rwego, harimo ‘Giants of Africa’ yitabiriwe n’ibyamamare nka Davido, Tiwa Savage, Diamond Platnumz n’abandi benshi. Ntitwakwibagirwa ‘Trace Music Awards’ yahurije i Kigali mu Rwanda abahanzi bakomeye bo ku mugabane wa Afurika ndetse binafasha abahanzi nyarwanda kuhakura uburyo bw’imikoranire. Hari kandi igitaramo […]

aba nibamwe mubahanzi nyarwanda umwaka wa 2023 usize bafite agatubutse murwanda. Read More »

Davide Renne wari umunyamideli yitabye imana.

Davide yitabye Imana kuri uyu wa Gatandatu, nyuma y’iminsi icyenda gusa agizwe umuyobozi w’ubuhanzi muri Moschino. Biravugwa ko yishwe n’indwara y’umutima. Uyu ni umwe mu bahanga mu bijyanye n’ubuhanzi bw’imideli kuko yamaze imyaka 20 ari umuyobozi w’abahanga imyambaro y’abagore muri Gucci ari naho yubakiye izina. Iminsi icyenda yari amaze muri Moschino yari yatangiye gukora ku

Davide Renne wari umunyamideli yitabye imana. Read More »