wex24news

Ndagijimana Samuel

Nyuma yo kuzuza Miliyoni y’abamukurikira kuri YouTube, Umunyamakuru Murungi Sabi yatangaje ko yahisemo kubakira umuturage inzu.

Uyu munyamakuru uzwi ku izina rya Murungi Sabin, mu gitondo cyo kuri uyu wa 16 Mata 2024 yagaragaje inzu yubakiye umuturage wo mucyaro nyuma yo kuzuza Miliyoni y’abantu bamukurikira ku rubuga rwe rwa YouTube. Sabin ibi yabinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram arinako abantu benshi bahise bamubwira amagambo meza yerekana ko yakoze igikorwa cy’ubutwari ndetse […]

Nyuma yo kuzuza Miliyoni y’abamukurikira kuri YouTube, Umunyamakuru Murungi Sabi yatangaje ko yahisemo kubakira umuturage inzu. Read More »

Abadepite bo mu Bwongereza bateye utwatsi umushinga w’itegeko rirebana no kohereza abimukira mu Rwanda.

Umushinga w’itegeko, ryagiweho impaka cyane, kuri uyu wa Kabiri ugomba gusubira muri Sena kugira ngo wongere usuzumwe neza. Bije mu gihe raporo zerekana ko u Bwongereza bwagiranye ibiganiro n’ibindi bihugu, birimo na Armenia, ku bijyanye no kwigana iyo gahunda. Gahunda yo kohereza bamwe mu basaba ubuhungiro mu Rwanda yahuye n’ibibazo kuva yatangazwa bwa mbere muri

Abadepite bo mu Bwongereza bateye utwatsi umushinga w’itegeko rirebana no kohereza abimukira mu Rwanda. Read More »

uko intambara ihagaze muri congo.

Ni ibikomeje kugarukwaho kuri uyu wa 16 Mata 2024, byose bikaba bikubiye muri VIDEO ikurikira.Harimo ko :– Imirwano ikaze yaramukiye mu bice bya VUNANO, umwe mu misozi ihana imbibe na SAKE mu gihe indi mirwano iri kubera ahitwa Kibirizi.– Uruzinduko rwa Perezida w’Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa hamwe ndetse na Jakaya Kikwete wahoze ayobora Tanzaniya bose muri Uganda

uko intambara ihagaze muri congo. Read More »

ku Rwibutso rwa Ruhanga hashyinguwe imibiri 16.

Iyo mibiri yabonetse mu Mirenge ya Kimihurura, Rusororo, Bumbogo, Kinyinya, Kimironko, Nduba na Ndera, ikaba yongewe ku yindi 37,850 isanzwe ishyinguwe muri urwo rwibutso rwahoze ari urusengero rw’Abangilikani. Uwitwa Rwirangira Kagame Jean Marie Vianney, uri mu bashyinguye abe muri urwo rwibutso, avuga ko yabuze umuryango w’abantu barenga 100 ariko akaba atarashyingura abarenze 15, akizeza abamwiciye

ku Rwibutso rwa Ruhanga hashyinguwe imibiri 16. Read More »

 imwe mumishinga Leta zifatanyamo n’abikorera iracyadindizwa n’amikoro macye.

Ngo nubwo imyinshi mu mishinga ikorwa na za Leta, kubera ko ibarirwa hagati ya 85%-90% ari ikorwa na za Leta, ariko ngo uruhare rw’abikorera n’ingenzi muri imwe muri iyo mishinga, kugira ngo bashobore kuzanamo udushya, ndetse n’umwihariko wabo w’uburyo icungwamo, kubera ko biba bitandukanye cyane n’uburyo bikorwa na za Leta. Byagarutsweho ku wa Mbere tariki

 imwe mumishinga Leta zifatanyamo n’abikorera iracyadindizwa n’amikoro macye. Read More »

Rulindo:abakubise Mudugudu batawe muri yombi.

Izo nsoresore uko ari eshanu zakubise abo bayobozi mu ma saa yine y’ijoro ryo ku Cyumweru tariki 14 Mata 2024, zikeka ko barimo kuzishakisha ngo bazishyikirize ubuyobozi, kubera ibikorwa zisanzwe zizwiho, byo kwishora mu bikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe. Ibyo bikimara kuba, babiri muri bo bahise bafatwa, abandi batatu baratoroka. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda

Rulindo:abakubise Mudugudu batawe muri yombi. Read More »

Umunyamakurukazi Sandra Muhoza yimuriwe muri kasho k’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iperereza (SNR) i Bujumbura.

Kugeza ku wa Mbere nijoro, umuryango wa Sandra Muhoza wari utarabona uburyo bwo kumubona. “Dufite ubwoba kandi duhangayikishijwe cyane n’umutekano we. Twamenye ko yakorewe iyicarubozo kuva yatabwa muri yombi. Byongeye kandi, arwaye indwara idakira. Dufite ubwoba ko ubuzima bwe bushobora kumera nabi ”, nk’uko abavandimwe be baganiriye n’abanyamakuru ba SOS Médias Burundi babitangaje. Nk’uko amakuru

Umunyamakurukazi Sandra Muhoza yimuriwe muri kasho k’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iperereza (SNR) i Bujumbura. Read More »

Zari Hassan yongeye kuvuga ngo nta myaka arusha umugabo Shakib Cham.

Byavugwaga ko Shakib ari umwana muto cyane kuri Zari Hassan ndetse ko amukubye mu myaka.Muri icyo gihe Zari Hassan yahuye n’urugamba cyakora we akavuga ko imyaka ari imibare. Mu minsi yashize hari amafoto ya Shakib ya kera yagihe hanze agaragaza ko ashobora kuba ari mukuru , ibintu byatumye Zari ahabwa agahenge ndetse nawe akavuga ko

Zari Hassan yongeye kuvuga ngo nta myaka arusha umugabo Shakib Cham. Read More »

Lupita Nyong’o umugore wa Mbere mwiza ku Isi.

Muri iyi nkuru turarebera hamwe byinshi ku buzima bw’icyamamare Lupita Nyong’o kuva muri Kenya iwabo kugeza abaye icyamamare, uko yabigenje n’icyerekezo cye. Amazina ye yiswe n’ababyeyi ni Lupita Amondi Nyong’o avuka mu 1983, se yitwa Peter Anyang’ Nyongo nyina akitwa Dorothy.Ababyeyi be baje kuva muri Kenya bajya muri Mexico , kubera Politike yari iriho baza

Lupita Nyong’o umugore wa Mbere mwiza ku Isi. Read More »

Umutoza, Thierry Hitimana watoje amakipe arimo Simba SC, yahawe akazi ko gutoza ikipe ya Gisirikare.

Iyi kipe y’Abasirikare barinda abayobozi bakuru b’Igihugu (Republican Guard), yamaze guha akazi Thierry Hitimana nk’umutoza mukuru wa yo. Hitimana usanzwe anatoza muri Academy ya Bayern Munich mu Rwanda, yasimbuye Ikomba Bilaga uzwi nka Enzo, wanahesheje iyi kipe ibikombe bibiri biheruka. RG ni yo ibitse igikombe cy’umwaka ushize, nyuma yo gutsinda iy’Abasirikare bo mu mutwe udasanzwe,

Umutoza, Thierry Hitimana watoje amakipe arimo Simba SC, yahawe akazi ko gutoza ikipe ya Gisirikare. Read More »