wex24news

Ndagijimana Samuel

Biciye muri Komisiyo Ishinzwe abasifuzi mu Rwanda abasifuzi Mpuzamahanga ni bo bagomba kuyobora imikino ya 1/2 y’Igikombe cy’Amahoro.

Imikino ibanza ya 1/2 mu irushanwa ry’Igikombe cy’Amahoro, igomba gukinwa uhereye kuri uyu wa Kabiri no ku wa Gatatu tariki ya 17 Mata. Yose igomba gukinwa Saa Cyenda z’amanywa kuri Kigali Pelé Stadium. Iyi mikino yombi, yahawe abasifuzi batandatu bari Mpuzamahanga. Babiri basifura hagati, na bane b’abungiriza ba bo. Umukino wa Police FC na Gasogi […]

Biciye muri Komisiyo Ishinzwe abasifuzi mu Rwanda abasifuzi Mpuzamahanga ni bo bagomba kuyobora imikino ya 1/2 y’Igikombe cy’Amahoro. Read More »

Umuyobozi w’ikipe ya Addax SC, Mvukiyehe Juvénal, aravugwa mu kipe ya Police FC nk’ushobora kuzayibera umuyobozi.

Ikipe ya Police FC, kuva yashingwa, ntiyari yayoborwa n’umuntu utari cyangwa utarabaye mu nshingano za Polisi y’u Rwanda cyangwa mu Gisirikare cy’u Rwanda nka Chairman wa yo. Kuri ubu, menya intekerezo zaramaze guhinduka, kuko ubu haravugwamo abantu batari Abapolisi cyangwa babaye mu Gipolisi. Amakuru UMUSEKE wamenye, avuga ko Mvukiyehe Juvénal yatekerejwe nk’ushobora kuzayibera umuyobozi mu

Umuyobozi w’ikipe ya Addax SC, Mvukiyehe Juvénal, aravugwa mu kipe ya Police FC nk’ushobora kuzayibera umuyobozi. Read More »

Umukozi wa kompanyi ya ISCO wanabaye umusirikare w’u Rwanda yirashe nyuma yuko amenye ko umukozi we amuca inyuma numugore we.

Amakuru y’urupfu rwa Mugiraneza yamenyekanye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere. Ubusanzwe yakoreraga kompanyi icunga umutekano yitwa ISCO aho yacungaga ibigega by’amazi bya WASAC biri mu mudugudu wa Nyamazi, mu kagari ka Mpanga mu murenge wa Mukingo, mu karere ka Nyanza. Kugeza ubu biri gukekwa ko yapfuye yirashe, ibyamuteye kwirasa ngo yahoze ari umusirikare

Umukozi wa kompanyi ya ISCO wanabaye umusirikare w’u Rwanda yirashe nyuma yuko amenye ko umukozi we amuca inyuma numugore we. Read More »

Abanyarwanda batuye muri Leta ya Maine muri Amerika, batangije ubufatanye n’akarere ka Gisagara bwitezweho kugafasha guteza imbere abaturage.

Ni ubufatanye bwabimburiwe no kugabira inka imiryango 10 y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, banishyurira ubwisungane mu kwivuza imiryango 2,000 iri mu rugendo rwo kwikura mu bukene. Umuyobozi wungirije w’akarere ka Gisagara ushinzwe imibereho y’abaturage Dusabe Denyse, yavuze ko gutera intambwe yo kwegera abanyarwanda baba muri Leta zunze ubumwe za Amerika by’umwihariko abatuye muri Leta

Abanyarwanda batuye muri Leta ya Maine muri Amerika, batangije ubufatanye n’akarere ka Gisagara bwitezweho kugafasha guteza imbere abaturage. Read More »

Umugore w’umunyamayeri wasabirizanga batahuye ko abeshya.

Uyu mugore yabyukaga afata akagare k’abamugaye ndetse akanigira utabona kugira ngo abantu bamugirire impuhwe bamuhe amafaranga, Mu cyumweru gishize yicaye mu kagare k’abamugaye nk’ibisanzwe hanyuma afata igikombe cya pulasitike bamushyiriragamo ibiceri nk’ibisanzwe,ajya kubeshya abagenzi Icyakora umwe mu bayobozi yaramuvumbuye niko kumugira akabarore imbere ya rubanda. Uyu muyobozi yaje kuri uyu mugore amutegeka kugenda,abantu benshi bari

Umugore w’umunyamayeri wasabirizanga batahuye ko abeshya. Read More »

Abadepite bo mu Bwongereza banze impinduka zose ku mushinga w’itegeko ujyanye n’u Rwanda wari wakozwe n’abasenateri.

Uyu mushinga w’itegeko, umaze kugibwaho impaka zikomeye, ubu ugiye gusubira muri sena kugira ngo wongere gusuzumwa kuri uyu wa kabiri. Bibaye mu gihe amakuru yumvikanisha ko Ubwongereza bwagiranye ibiganiro n’ibindi bihugu, birimo nka Armenia na Côte d’Ivoire, ngo bube bwakorana na byo gahunda imeze nk’iyo burimo na leta y’u Rwanda. Gahunda yo kohereza mu Rwanda

Abadepite bo mu Bwongereza banze impinduka zose ku mushinga w’itegeko ujyanye n’u Rwanda wari wakozwe n’abasenateri. Read More »

Abapolisi babiri ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo baraye biciwe i Goma.

Amakuru avuga ko abo bapolisi biciwe hagati y’ahazwi nko kuri Horeb no ku musigiti w’Abayisilamu uherereye muri Quartier ya Katindo, nyuma yo kugwa mu gico cy’abambuzi babishe babanize nyuma yo kubaka imbunda bari bafite. Urupfu rw’aba bapolisi ruje rukurikira izindi nyinshi zimaze iminsi zikorerwa i Goma. Nko mu byumweru bibiri bishize muri uyu mujyi hamaze

Abapolisi babiri ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo baraye biciwe i Goma. Read More »

abasenateri bo muri Liberiya batoye umushinga w’itegeko rishyiraho urukiko rw’ibyaha by’intambara.

Urukiko rushya ruzakora iperereza kandi ruburanishe ibyaha byibasiye inyokomuntu na ruswa byakozwe mu ntambara ebyiri z’abenegihugu zabaye hagati ya 1989 na 2003, zahitanye abantu bagera ku 250.000. Peterson Sonyah, umuyobozi mukuru w’ishyirahamwe ry’abacitse ku icumu muri izo ntambara zabaye muri Liberiya yavuze ko urwo rukiko rwaziye igihe kuko abarokotse batabonye ubutabera. Yagize ati: “Ibi ni

abasenateri bo muri Liberiya batoye umushinga w’itegeko rishyiraho urukiko rw’ibyaha by’intambara. Read More »

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda kinejejwe no kubagezaho igipimo cy’ihindagurika ry’ibiciro mu kwezi kwa werurwe 2024.

A. Ibiciro mu mijyi Mu kwezi kwa Werurwe 2024, ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 4,2% ugereranyije na Werurwe 2023. Ibiciro mu kwezi kwa Gashyantare 2024 byari byiyongereyeho 4,9%. Mu kwezi kwa Werurwe 2024, ibiciro byiyongereye bitewe ahanini n’ibiciro by’ibiribwa n’ibinyobwa bidasembuye byiyongereyeho 2,5% n’ibiciro by’ibijyanye n’ubwikorezi byiyongereyeho 14,8%. Ugereranyije Werurwe 2024 na Werurwe 2023, ibiciro by’ibintu

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda kinejejwe no kubagezaho igipimo cy’ihindagurika ry’ibiciro mu kwezi kwa werurwe 2024. Read More »

“Nta burenganzira ufite bwo guhemukira igihugu cyawe. Uzabikora azabyishyura mu buryo bumwe cyangwa ubundi. Nta nyungu mufite mu gufatanya n’umwanzi – Gen. Tshiwewe”.

Mu gihe yahamagariye igisirikare n’abapolisi kwamagana abashaka kubashishikariza kwifatanya n’umwanzi, General Christian Tshiwewe yashimangiye ubufatanye bwiza hagati y’ingabo na polisi mu rwego rwo kurinda abaturage. Ati: “Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo na Polisi y’Igihugu cya Congo, dufite inshingano zo kubaha imyambaro twambara. Tugomba kubahiriza inshingano zacu, zo kurengera ubusugire bw’igihugu cyacu, kurengera abaturage

“Nta burenganzira ufite bwo guhemukira igihugu cyawe. Uzabikora azabyishyura mu buryo bumwe cyangwa ubundi. Nta nyungu mufite mu gufatanya n’umwanzi – Gen. Tshiwewe”. Read More »